• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 12, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21/06/2024, mu nkengero za Kanyabayonga habereye urugamba ruremereye.

minebwenews by minebwenews
June 21, 2024
in Regional Politics
0
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21/06/2024, mu nkengero za Kanyabayonga habereye urugamba ruremereye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21/06/2024, mu nkengero za Kanyabayonga habereye urugamba ruremereye.

Ni urugamba rw’ubuye kuva mu masaha y’urukerera rwo kuri uyu wa Gatanu, hagati ya yabarwanyi ba M23 aho bari bahanganye bikomeye n’igisirikare kirwanirira leta ya perezida Félix Tshisekedi, nk’uko amasoko yacu dukesha iy’inkuru ibivuga.

READ ALSO

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

Ay’amasoko avuga ko ingabo zo ku ruhande rwa leta ya Kinshasa ko ari rwo rwagabye ibyo bitero mu birindiro bya M23 biri ahitwa Bulindi na Butalongola.

Utu duce tukaba duherereye mu birometero nka 15 uvuye muri centre rwagati ya Kanyabayonga, muri teritwari ya Rutshuru aho ndetse hari n’ibice bya Kanyabayonga bimwe biherereye muri teritwari ya Lubero, mu Ntara ya Kivu y’Amajyarugu.

Amakuru avuga ko nyuma yuko ihuriro ry’Ingabo za leta ryagabye ibi bitero kuri M23 nayo yirwanyeho, kandi irwana kinyamwuga, nk’uko Minembwe Capital News yabibwiwe n’abaturage baturiye ibyo bice.

Muri uru rugamba rwabaye kuri uyu munsi, byavuzwe ko ihuriro ry’Ingabo za Guverinerinoma ya Kinshasa ryarwambuwemo ibikoresho bya gisirikare byinshi, birimo n’imbunda zirasa kure, ndetse ibi ngo bikaba byatumye iri huriro ry’Ingabo za RDC zica abaturage baturiye gurupema ya Tongo.

Byasobanuwe ko muri ibi bice byo muri Grupema ya Tongo ko biciwemo abasivili batanu, kandi ko bishwe na FDLR ifatanije na Wazalendo. Ndetse kandi bishwe nyuma yuko iri huriro ry’Ingabo za RDC ryari rimaze guhura n’urugamba rukarishye, urwaberaga muri Bulindi na Butalongola.

                MCN.
Tags: Bulindi na ButalongolaIhuriro ry'Ingabo za RDCKanyabayongaM23

Related Posts

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

September 10, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi

September 9, 2026
Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History
Regional Politics

Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History

September 9, 2026
Next Post
Nyuma yuko ihuriro ry’Ingabo za RDC  zitsinzwe mu rugamba rwabaye none, ryakoreye Abatutsi ibiteye agahinda.

Nyuma yuko ihuriro ry'Ingabo za RDC zitsinzwe mu rugamba rwabaye none, ryakoreye Abatutsi ibiteye agahinda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
  • Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
  • C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?