• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, August 26, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Leta ya Republika ya Demokarasi ya Congo, ngoyaba irimo kwifashisha ingabo z’u Burundi kugira ngo barwanye i Gihugu c’u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
November 15, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

N’ubwo ingabo za leta ya Kinshasa zigenda z’ineshwa n’inyeshamba zo mu mutwe wa M23 m’urugamba rwagiye rubahuza mubice byomuri teritware ya Masisi, Rutsuru na Nyiragongo, k’urundi r’Uhande bivugwa ko Kinshasa ngo y’aba yiteguye gutera i Gihugu c’u Rwanda.

Kuri uyu wa Gatatu, tariki 15/11/2023, hongeye kuvugwa ko ingabo z’u Burundi zikomeje gushirwa mubice bya Congo bihana u mupaka n’u Rwanda. Ahitwa Runingu, homuri teritwari ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo n’ahitwa Nyantende, muri teritware ya Kabare, harunzwe ingabo ninshi z’u Burundi zaje zivuye mu gihugu c’u Burundi.

READ ALSO

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

N’inyuma y’uko muri bariya basirikare b’u Burundi, bagize igihe barohorejwe muri Ngomo, i Nyangezi, kw’i Djwi ndetse na Kamanyola.

Kariya gace ka Nyantende homuri teritwari ya Kabale n’agace kari mu bilometre bike n’u Mujyi wa Bukavu, akandi gace kashinzwemo ingabo z’u Burundi n’ahitwa Umusho, agace gaherereye k’u mupaka w’u Rwanda.

Muriki Cyumweru gishize n’ibwo byamenyekanye ko leta ya Kinshasa yaguze Indege zitagira abadereva zo mu bwoko bwa CH-4, izindege bakaba baraziguriye igisirikare c’u Bushinwa. Nyuma yokuzigura bahise bohereza z’itatu(3), mukirere gihana u mupaka w’u Rwanda na Congo, nk’uko byavuzwe bwambere n’ikinyamakuru ca Jeunne Afrique.

Muntangiriro z’uyu mwaka wa 2023, n’ibwo byemejwe na Leta ya Perezida Félix Tshisekedi, ko baguze Indege z’intambara zom’ubwoko bwa SUKHOÏ SU-25 ndetse n’inzindi mbunda zitandukanye nk’uko byagiye binavugwa n’abategetsi ba Kinshasa.

Ibi byose byakozwe murwego rwokugira ngo bakomeze igisirikare cya RDC kizabashe guhangana intambara bivugwa ko Kinshasa y’aba irimo gutegura gushora kugihugu c’igituranyi.

Gusa igisirikare c’u Rwanda ngonacyo cyaba gikomeje gushirwa k’umipaka yaco na Congo, aho u muvugizi w’u Rwanda bwana Alain Mukurarinda, aheruka kuvuga ati: “Ibyo tubona n’ibyo twumva mu binyamakuru biva ahanini ku bayobozi ba Congo. Nkunze kubona amakuru nkaya, leta ya Congo yaguze ubwoko butandukanye bw’intwaro zishoboka reba izo drone. Ikintu cyingenzi kuri twe nukumenya niba igihugu cyacu kimaze kwibasirwa nk’uko twabibonye vuba aha, dufite uburyo bwo kwirwanaho kugirango duhagarike inzira y’ibitero.”

Y’unzemo kandi ati: “Kandi ubu buryo burahari, ntitugomba guhangayika. Ibimenyetso na byo birahari. Icyo tugomba kumenya ni uko, iyo tuvuze ko abasirikare bacyu bari maso k’u mupaka w’u Rwanda na Congo, ntabwo bivuze ko baryama bafite amabuye, imiheto, ndetse n’inkoni !Ndashaka ko ibi byumvikana neza, Guverinoma y’u Rwanda ifite uburenganzira bwo guha ingabo zayo ibikoresho nkenerwa byo kurinda imipaka yacu, haba kwirwanaho, cyangwa guhangana n’intambara imaze gutangira.”

Bruce Bahanda.

Tags: Leta ya Republika ya Demokarasi ya CongoNgoyaba irimo kwifashisha ingabo z'u Burundi kugira barwanye igihugu c'u Rwanda

Related Posts

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo
Uncategorized

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

August 14, 2026
RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho
Uncategorized

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

July 29, 2026
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara
Uncategorized

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

July 25, 2026
Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego
Uncategorized

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

July 22, 2026
Tshisekedi Yatangaje Ikiganiro Cyagutse Kizahuza Abanyekongo Bose: Dore Ibyamaze Kwemezwa, Ibigiye Gukorwa n’Ibizagenderwaho
Uncategorized

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées

July 20, 2026
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki
Uncategorized

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

June 9, 2026
Next Post

Kw'i Djwi muri Kivu y'Amajy'epfo, havuye u Buhanuzi bu burira abari i Bukavu na Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • “Umwanzi Twamukuyeho Ibikoresho Byinshi”: Umusirikare wa MRDP-Twirwaneho Yatanze Ubuhamya Bukomeye ku Mirwano ku Ndondo
  • Washington Accords: Amahoro, Amabuye y’Agaciro n’Inyungu za Amerika — Ni Iki Cyamaze Kugerwaho? Byinshi mu Isesengura
  • RDC: Ese amasezerano ya Montreux azahindura ubuzima bw’abaturage? ONU itanze umuburo ukomeye
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?