• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Leta ya Republika ya Demokarasi ya Congo, ngoyaba irimo kwifashisha ingabo z’u Burundi kugira ngo barwanye i Gihugu c’u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
November 15, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

N’ubwo ingabo za leta ya Kinshasa zigenda z’ineshwa n’inyeshamba zo mu mutwe wa M23 m’urugamba rwagiye rubahuza mubice byomuri teritware ya Masisi, Rutsuru na Nyiragongo, k’urundi r’Uhande bivugwa ko Kinshasa ngo y’aba yiteguye gutera i Gihugu c’u Rwanda.

You might also like

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye

Kabuga meurt à La Haye : l’un des hommes les plus recherchés au monde s’éteint à 90 ans

Kuri uyu wa Gatatu, tariki 15/11/2023, hongeye kuvugwa ko ingabo z’u Burundi zikomeje gushirwa mubice bya Congo bihana u mupaka n’u Rwanda. Ahitwa Runingu, homuri teritwari ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo n’ahitwa Nyantende, muri teritware ya Kabare, harunzwe ingabo ninshi z’u Burundi zaje zivuye mu gihugu c’u Burundi.

N’inyuma y’uko muri bariya basirikare b’u Burundi, bagize igihe barohorejwe muri Ngomo, i Nyangezi, kw’i Djwi ndetse na Kamanyola.

Kariya gace ka Nyantende homuri teritwari ya Kabale n’agace kari mu bilometre bike n’u Mujyi wa Bukavu, akandi gace kashinzwemo ingabo z’u Burundi n’ahitwa Umusho, agace gaherereye k’u mupaka w’u Rwanda.

Muriki Cyumweru gishize n’ibwo byamenyekanye ko leta ya Kinshasa yaguze Indege zitagira abadereva zo mu bwoko bwa CH-4, izindege bakaba baraziguriye igisirikare c’u Bushinwa. Nyuma yokuzigura bahise bohereza z’itatu(3), mukirere gihana u mupaka w’u Rwanda na Congo, nk’uko byavuzwe bwambere n’ikinyamakuru ca Jeunne Afrique.

Muntangiriro z’uyu mwaka wa 2023, n’ibwo byemejwe na Leta ya Perezida Félix Tshisekedi, ko baguze Indege z’intambara zom’ubwoko bwa SUKHOÏ SU-25 ndetse n’inzindi mbunda zitandukanye nk’uko byagiye binavugwa n’abategetsi ba Kinshasa.

Ibi byose byakozwe murwego rwokugira ngo bakomeze igisirikare cya RDC kizabashe guhangana intambara bivugwa ko Kinshasa y’aba irimo gutegura gushora kugihugu c’igituranyi.

Gusa igisirikare c’u Rwanda ngonacyo cyaba gikomeje gushirwa k’umipaka yaco na Congo, aho u muvugizi w’u Rwanda bwana Alain Mukurarinda, aheruka kuvuga ati: “Ibyo tubona n’ibyo twumva mu binyamakuru biva ahanini ku bayobozi ba Congo. Nkunze kubona amakuru nkaya, leta ya Congo yaguze ubwoko butandukanye bw’intwaro zishoboka reba izo drone. Ikintu cyingenzi kuri twe nukumenya niba igihugu cyacu kimaze kwibasirwa nk’uko twabibonye vuba aha, dufite uburyo bwo kwirwanaho kugirango duhagarike inzira y’ibitero.”

Y’unzemo kandi ati: “Kandi ubu buryo burahari, ntitugomba guhangayika. Ibimenyetso na byo birahari. Icyo tugomba kumenya ni uko, iyo tuvuze ko abasirikare bacyu bari maso k’u mupaka w’u Rwanda na Congo, ntabwo bivuze ko baryama bafite amabuye, imiheto, ndetse n’inkoni !Ndashaka ko ibi byumvikana neza, Guverinoma y’u Rwanda ifite uburenganzira bwo guha ingabo zayo ibikoresho nkenerwa byo kurinda imipaka yacu, haba kwirwanaho, cyangwa guhangana n’intambara imaze gutangira.”

Bruce Bahanda.

Tags: Leta ya Republika ya Demokarasi ya CongoNgoyaba irimo kwifashisha ingabo z'u Burundi kugira barwanye igihugu c'u Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki Umwuka wa politiki n’imibereho rusange urakomeje kuba mubi...

Read moreDetails

MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye

MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye Umutwe wa MRDP-Twirwaneho watangaje ko wongeye gufata ikigo cya Mikenke giherereye muri Teritwari ya Mwenga, mu...

Read moreDetails

Kabuga meurt à La Haye : l’un des hommes les plus recherchés au monde s’éteint à 90 ans

by Bahanda Bruce
May 16, 2026
0
I La Haye Hapfiriye Kabuga: Umwe mu Bantu Bashakishijwe Kurusha Abandi ku Isi

Kabuga meurt à La Haye : l’un des hommes les plus recherchés au monde s’éteint à 90 ans Félicien Kabuga, l’un des hommes d’affaires rwandais les plus influents...

Read moreDetails

Ihuriro Rikomeye ry’Abatavuga Rumwe n’Ubutegetsi muri RDC Ryatangaje Gutangiza Urubuga rwo Kurengera Itegeko Nshinga; Igitutu Cyiyongera kuri Félix Tshisekedi

by Bahanda Bruce
May 16, 2026
0
Ihuriro Rikomeye ry’Abatavuga Rumwe n’Ubutegetsi muri RDC Ryatangaje Gutangiza Urubuga rwo Kurengera Itegeko Nshinga; Igitutu Cyiyongera kuri Félix Tshisekedi

Ihuriro Rikomeye ry’Abatavuga Rumwe n’Ubutegetsi muri RDC Ryatangaje Gutangiza Urubuga rwo Kurengera Itegeko Nshinga; Igitutu Cyiyongera kuri Félix Tshisekedi Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje kwinjira...

Read moreDetails

RDC: Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zamaganye Ibitero bya Drone bya FARDC i Mushaki n’Ubwicanyi Bukomeje Gukorerwa Abaturage i Uvira no Mu Nkengero Zaho

by Bahanda Bruce
May 9, 2026
0
Masisi : Les FARDC Bombardent des Zones Habitées par des Civils, Faisant Plusieurs Victimes

RDC: Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zamaganye Ibitero bya Drone bya FARDC i Mushaki n’Ubwicanyi Bukomeje Gukorerwa Abaturage i Uvira no Mu Nkengero Zaho Leta Zunze Ubumwe za...

Read moreDetails
Next Post

Kw'i Djwi muri Kivu y'Amajy'epfo, havuye u Buhanuzi bu burira abari i Bukavu na Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?