• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, April 20, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yafashe uduce twingenzi two muri Mwenga.

minebwenews by minebwenews
March 4, 2025
in Regional Politics
0
119
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yafashe uduce twingenzi two muri Mwenga.

You might also like

UPDF Yatabaye Abasivili Barenga 200 mu Gikorwa Gikomeye cyo Kurwanya ADF mu Burasirazuba bwa RDC

Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

Umutwe wa m23 urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa winjiye muri teritware ya Mwenga unafata uduce tumwe twingenzi twaho, nyuma y’aho ifashe iya Walungu muri Kivu y’Amajyepfo.

Uyu munsi ni bwo ingabo za m23 zafashe agace ka Kitutu na Kurungutu na Kalama zafashe aha’rejo hashyize tariki ya 03/03/2025. Utwo duce twose duherereye muri teritware ya Mwenga.

Aka gace ka Kitutu kari muri turiya duce twafashwe n’uyu mutwe wa m23 kazwiho kuba kibitseho ubutunzi kamere, ndetse kakabamo n’isoko nini, aho inagurishyirizwamo n’inka n’ibindi bicuruzwa byingenzi bitandukanye.

Aba barwanyi ba m23 binjiye muri Mwenga, i teritware ifite imisozi igera i Mulenge inatuwemo n’Abanyamulenge, nyuma y’aho bafashe ibice bikomeye byo muri teritware ya Walungu na centre yayo.

Ni mu gihe ku munsi w’ejo hashyize bafashe cheferi ya Ngweshi n’utundi duce tuyikikije nka Tubimbi na Mudubwe two muri teritware ya Walungu.

M23 ifashe Kitutu iherereye mu ntera itari ndende cyane na centre ya Mekenke, ahatuwe n’Abanyamulenge benshi, mu gihe ku munsi w’ejo hashyize aba Banyamulenge biriwe mu mirwano, aho bari bagabweho ibitero bikomeye n’ingabo z’u Burundi, FARDC, FDLR na Wazalendo.

Ni ibitero amakuru ahamya ko bitari byoroshye, usibye ko Twirwaneho yabakubise inshuro izi ngabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, zihungira muri Rwitsankuku.

Usibye ko izi ngabo z’u Burundi zasize zitwitse amazu y’Abanyamulenge menshi yo muri ibi bice byo muri Mikenke.

Tubibutsa ko Mikenke nayo iherereye muri teritware ya Mwenga iyo m23 yamaze gukandagizamo ibirenge, ndetse ikaba yigaruriye n’ibice bimwe byayo.

Tags: FardcKitutuM23Mwenga
Share48Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

UPDF Yatabaye Abasivili Barenga 200 mu Gikorwa Gikomeye cyo Kurwanya ADF mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
April 20, 2026
0
UPDF Yatabaye Abasivili Barenga 200 mu Gikorwa Gikomeye cyo Kurwanya ADF mu Burasirazuba bwa RDC

UPDF Yatabaye Abasivili Barenga 200 mu Gikorwa Gikomeye cyo Kurwanya ADF mu Burasirazuba bwa RDC Ingabo za Uganda (UPDF) ziri mu bikorwa bihuriweho byo kurwanya umutwe w’iterabwoba wa...

Read moreDetails

Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho

by Bahanda Bruce
April 20, 2026
0
Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho

Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho Mu biganiro by’ubufatanye hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura Mu minsi mike ishize yo muri uyu mwaka wa 2026, mu gace ka Musaga...

Read moreDetails

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Amayobera ku Rupfu rw’Umuyobozi wo muri Guverinoma i Bujumbura

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi Amakuru atandukanye yatangajwe ku rupfu rwa Gabby Bugaga, wahoze ari Minisitiri w’Itangazamakuru n’Itumanaho mu Burundi, akomeje guteza impaka zikomeye....

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, uri no ku buyobozi bw’Umuryango wa Afurika Yunze...

Read moreDetails
Next Post
M23 yageneye amahanga ubutumwa bukaze kwiyicwa ririmo gukorerwa Abanyamulenge.

M23 yageneye amahanga ubutumwa bukaze kwiyicwa ririmo gukorerwa Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?