• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 12, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

M23 yakubise ahabaza ihuriro ry’Ingabo za RDC, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 03/09/2024.

minebwenews by minebwenews
September 3, 2024
in World News
0
M23 yakubise ahabaza ihuriro ry’Ingabo za RDC, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 03/09/2024.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yakubise ahabaza ihuriro ry’Ingabo za RDc, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 03/09/2024.

Ni mu mirwano yazindutse ibera mu bice byo muri teritwari ya Masisi, mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, aho ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo ryagabye ibitero mu birindiro bya M23, birangira uyu mutwe ubavugutiye umuti.

READ ALSO

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

Amasoko yacu atandukanye dukesha aya makuru, avuga ko mu birindiro bya M23 biri ahitwa Bibwe-Machumbi, nibyo byagabwemo ibitero by’ingabo za FARDC, FDLR, Wazalendo, ingabo z’u Burundi na SADC, ariko ibi bitero biza kubera iri huriro ry’ingabo za RDC ihurizo rikomeye.

Ni mu gihe ingabo z’umutwe wa M23 zirwanyeho, maze ziza gukubita zitababarira ririya huriro, ryamburwa n’ibikoresho by’agisirikare, birimo imbunda ziremereye n’ibindi bikoresho byifashishwa mu itumanaho.

Usibye ibikoresho byafashwe, binavugwa kandi ko ingabo z’u Burundi, Wazalendo na FARDC zahaguye ku bwinshi.

Bibwe-Machumbi, biri muri Grupema ya Bashali Mukoto ho muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Sosiyete sivile yo muri ibyo bice, yahamije aya makuru, inatangaza ko iyo mirwano yo kuri uyu wa Kabiri, yatumye abaturage bahunga ku bwinshi. Ku bwa Sosiyete sivile, iyi mirwano yahanganishije M23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC, yatangiye igihe c’isaha ya saa kumi nimwe z’urukerera rwo kuri uyu wa Kabiri.

Iyi mirwano yabaye nyuma y’uko muri iri joro ryo ku wa mbere, rishyira kuri uyu wa Kabiri, imitwe y’itwaje intwaro izwiho ubufatanye n’ingabo za RDC yasahuye abaturage b’i Kaniro ho muri teritware ya Masisi, ibirimo amatungo magufi, amabutike, ndetse kandi batwika n’amazu yo muri aka gace 46.

Sosiyete sivile ikaba ishinja abarwanyi bayobowe na Gen Mutayomba kuba inyuma yubwo bugizi bwa nabi. Igaraza ko habaye ukutumvikana hagati y’abarwanyi ba Gen Mutayomba na Gen Autoproclame Kigingi Kigeri; ari nabyo byatumye aka gace Kigingi Kigeri asanzwe agenzura gasahurwa.

Hagati aho ubushamirane bukomeje gufata indi ntera hagati ya M23 n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo. Utaretse ko M23 ikomeje kwibikaho ibice byinshi ari nako ikomeza kuja imbere y’irukana abarwana ku ruhande rwa Leta.

           MCN.
Tags: AhababazaBibweIhuriro rw'ingabo za RDCKaniroM23Yakubise

Related Posts

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira
World News

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

September 10, 2026
OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo
World News

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

September 10, 2026
Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko
World News

Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko

September 9, 2026
U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza
World News

U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza

September 9, 2026
Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye
World News

Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye

September 6, 2026
RDC–Israel: Perezida Herzog yasezeranyije gufasha Tshisekedi, mu Burasirazuba abaturage basaba ko ubufasha butazongera intambara
World News

RDC : Une décision majeure, l’ambassade en Israël sera transférée à Jérusalem

September 4, 2026
Next Post
Menya ibya operasiyo iteganywa gukorwa yo guhashya FDLR muri RDC.

Menya ibya operasiyo iteganywa gukorwa yo guhashya FDLR muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
  • Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
  • C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?