• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu ishyaka rya UDPS muri RDC, habonetse impamvu ituma imvururu zirikomezamo.

minebwenews by minebwenews
August 14, 2024
in Regional Politics
0
Mu ishyaka rya UDPS muri RDC, habonetse impamvu ituma imvururu zirikomezamo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu ishyaka rya UDPS muri RDC, habonetse impamvu ituma imvururu zirikomezamo.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Ni mu gihe Austin Kabuya yanze kwemera iyirukanwa rye ku mwanya w’umunyamabanga mukuru mwishyaka rya UDPS.

Hari hashize amasaha make ishyaka rya perezida Félix Tshisekedi Tshilombo (UDPS) rifashe umwanzuro wo kwirukana Augustin Kabuya ku mwanya w’umunyamabanga mukuru w’iri shyaka. Uyu mwanzuro ukaba warafashwe ku Cyumweru tariki ya 11/08/2024.

Mu byo bwana Austin Kabuya yasobanuye nyuma y’uko afatiwe uriya mwanzuro yavuze ko icyo cyemezo kinyuranyije n’ingingo ya 30 y’ishyaka rya UDPS, ndetse avuga ko inama yateranye ku Cyumweru itari yujuje umubare usabwa w’abayitabiriye kugira ngo iterane.

Yagize ati: “Ndi umwe mu banditsi ba sitati ya UDPS. Ingingo ya 30 ya sititi yacu igaragaza ibice bigize inama ya demokarasi. Ntabwo ari ubucanshuro mwabonye. Igice cya mbere kigizwe n’abadepite n’abasenateri batowe ku rutonde rw’ishyaka . Dufite byibuze abadepite ijana na mirongo itanu. Ngomba ku kwereka, ku mugaragaro, uko abavandimwe bacu badukojeje isoni. Hariho na ba minisitiri n’abahagarariye abandi, bari mu gice cya kabiri. Turamutse tubashyize hamwe, bishobora kutugeza ku bantu mirongo icyenda na batanu. Niba kandi dufashe abadepite n’abasenateri n’abahagarariye abandi, biduha magana abiri na makumyabiri n’umunani. Hariho kandi igice cya gatatu, aricyo perezidansi y’ishyaka, ba perezida ba komite nkuru, muri rusange kigizwe n’abantu magana atanu n’amirongo cyenda na batanu. Reka dufate gusa salle ya sainte-Anne, nta n’ubushobozi ifite bwo kwakira abantu magana atanu.”

Augustin Kabuya, yanze icyemezo cyafatiwe muri iriya nama, ndetse avuga ko afite kurega abayitabiriye.

Ati: “Urebye mu masura abitabiriye iriya nama, ntabwo bari serious. Aba bantu hubwo bayitabiriye bari bagiye gukina ikinamico ryabo. Ntabwo byemewe na sitati yacu. Ndasaba ko abantu ba UDPS batemera ibyavuye muri iyo nama. Biteye isoni ku ishyaka.”

Icyababaje cyane Augustin Kabuya, nk’uko yabisobanuye ngo nukubona abantu bashya baheruka kwinjira mu ishyaka biha ububasha bwo kurwanya abarimazemo igihe kirekire. Yicuza kandi kuba abantu bazi neza ibiteganywa na sitati y’ishyaka ari bo bayirengaho kugirango bamurwanye gusa.

Aba bari birukanye Augustin Kabuya bari banahisemo bwana Déogratias Bizuru ngo ariwe umusimbura byagateganyo, ariko Kabuya yavuze ko urukurikirane rw’ibitangazwa nawe no kwibasira ubuyobozi bwaryo , “byashyira UDPS mu bihe by’urujijo.”

                 MCN.
Tags: HabonetseIgitera imvururuMu ishyaka rya UDPS
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Amerika yagaragaje uruhare ifite mu gushigikira igihugu cya Israel mu ntambara yiteguye.

Amerika yagaragaje uruhare ifite mu gushigikira igihugu cya Israel mu ntambara yiteguye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?