• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu Minembwe, hakozwe impinduka mu gisirikare cya FARDC, Regima niyo yasimbuye byigihe gito Brigade ya 12 yari hasanzwe, ariko hari Abanyamulenge bafunzwe.

minebwenews by minebwenews
June 19, 2024
in Regional Politics
0
Mu Minembwe, hakozwe impinduka mu gisirikare cya FARDC, Regima niyo yasimbuye byigihe gito Brigade ya 12 yari hasanzwe, ariko hari Abanyamulenge bafunzwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Minembwe hatumwe Regima (Régiment) yo mu ngabo za FARDC isimbura byigihe gito Brigade ya 12 yari hasanzwe.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Ni Regima ya 2202 yarisanzwe i Baraka ho muri teritware ya Fizi, niyo yoherejwe mu misozi miremire y’i Mulenge, mu bice byo muri Komine ya Minembwe, nk’uko iy’inkuru tuyikesha abaturiye ibyo bice.

Byari byasobanuwe ko mu Minembwe hazoherezwa Brigade ya 22 ème, iri ahitwa i Kalemi, ndetse ay’amakuru yavugaga ko bamwe muri aba basirikare ko bageze Uvira, aho bamaze hafi iminsi ingana n’ibyumweru bitatu.

Ariko nk’uko byagaragaye kuri uyu wa Kabiri, nuko abari Baraka aribo boherejwe mu Minembwe, ndetse bo bakaba barahageze mu masaha y’igicamunsi cy’ejo hashize.

Amakuru Minembwe Capital News dukesha abasirikare ba FARDC avuga ko iyi Regima yatumwe mu Minembwe ari ihagararira byigihe gito brigade ya 22 izaza ivuye i Kalemi ho mu Ntara ya Tanganyika.

Kandi ko iyi brigade ya 12 yarisanzwe mu Minembwe yo irahita ijanwa mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, aho izaba igiye guhangana n’u mutwe wa M23 ugize igihe warahabuye ubutegetsi bwa Kinshasa.

Hagati aho, nyuma yuko aba basirikare bari bamaze kugera mu Minembwe bavuye i Baraka bahise bafunga umugabo w’u Munyamulenge wari uhageze avuye i Bukavu, witwa Ndabunguye Freddy.

Bivugwa ko Ndabunguye ari umukozi w’ishirahamwe rya PIN risanzwe rikora mu buvuzi. Bikanavugwa kandi ko yari yageze mu Minembwe akoresheje indege, ariko ko yari muri misiyo yakazi kiryo shirahamwe.

Kugeza ubu ntakizwi cyatumye Ndabunguye afungwa, ariko bikavugwa ko yazize isura ye, ko kandi ari u Munyamulenge.

Tubibutsa ko iyi brigade ya 12 yarisanzwe mu Minembwe, iyobowe na Brig Gen Andre Ohenzo, ufunzwe muri iki gihe, afungiwe i Kinshasa yatawe muri yombi mu mpera z’u kwezi kwa Gatanu uyu mwaka, bivugwa ko yafunzwe azira kugarura amahoro mu misozi miremire y’i Mulenge. Ubwo Ohenzo yageraga mu Minembwe mu kwezi kwa Kabiri mu 2023, yahasanze ubushamirane bukaze hagati y’Ingabo za leta na Twirwaneho iyobowe na Colonel Rukunda Michel wamamaye ku izina rya Makanika.

Maze Ohenzo akihagera atangaza amahoro, ndetse avuga ko igihe azamara cyose mu misozi miremire y’i Mulenge hazaba amahoro, arinako byagenze. Ibi bikaba byaratumye afungwa nk’uko bivugwa n’abamwe mu basirikare ba FARDC.

           MCN.
Tags: Brigade ya 12ImpindukaMinembweYatsimbuye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Hubuye imirwano ikaze hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, muri teritware ya Rutshuru.

Hubuye imirwano ikaze hagati ya M23 n'ihuriro ry'Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, muri teritware ya Rutshuru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?