• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu misozi ya Fizi hazindukiye imirwano ikaze .

minebwenews by minebwenews
April 1, 2025
in Regional Politics
0
Mu misozi ya Fizi hazindukiye imirwano ikaze .
125
SHARES
3.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu misozi ya Fizi hazindukiye imirwano ikaze .

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Intambara iremereye yazindutse ibera kwa Mulima hagati y’umutwe wa Twirwaneho n’ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Igice cyo kwa Mulima giherereye muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, kikaba kiri mu ntera ngufi uvuye muri centre ya Minembwe.

Ni ahagana isaha ya saa kumi nebyiri z’igitondo cyo kuri uyu wa kabiri, tariki ya 01/04/2025, ni bwo imbunda zatangiye kumvikana muri icyo gice hagati y’impande zihanganye.

Minembwe Capital News yamenye ko iyi mirwano yahereye muri Mukoko, aho uruhande rwa Leta rwagabye igitero ku mutwe wa Twirwaneho, nawo uza kwirwanaho usubiza ruriya ruhande rwa Leta rwawugabyeho igitero.

Nyuma abarwanyi b’uyu mutwe wa Twirwaneho birukanye iri huriro ry’ingabo zirwanirira Leta y’i Kinshasa, kuko ahagana mu ma saa ine z’iki gitondo aba barwanyi bari maze kwinjira neza mu isantire yo kwa Mulima.

Ndetse andi makuru avuga ko Twirwaneho yamaze gufata iki gice cyo kwa Mulima ihita yinjira no muri centre ya Rusuku iherereye hafi y’aha kwa Mulima ugana i Fizi ku i zone, nayo irayifata.

Bibaye mu gihe abasirikare benshi ba FARDC bari baheruka guta ibirindiro byabo byari aha mu isantire yo mu Rusuku berekeza i Fizi ku i zone, ni nyuma y’aho izi ngabo zari zumvise amakuru avuga ko umuyobozi mukuru wa Twirwaneho, Brigadier General Charles Sematama uzwi nk’Intare-Batinya yageze mu Minembwe avuye muruzinduko i Bukavu ahazwi nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Hagataho, imirwano iracyakomeje ku mpande zombi, aho binavugwa ko ihuriro ry’Ingabo za Congo ririmo gutera ibisasu inyuma ariko ko ribitera ririmo gukizwa n’amaguru ryerekeza inzira y’i Fizi ku i zone.

Tags: FardcIntambaraMulimaTwirwaneho
Share50Tweet31Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Ibitero FARDC yagabye i Nyangenzi byasubijwe inyuma.

Ibitero FARDC yagabye i Nyangenzi byasubijwe inyuma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?