• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ni kuri uyu wa Kabiri, tariki 14/11/2023, Abanye-kongo baza kugezwaho uko ubuzima bw’igihugu buhagaze.

minebwenews by minebwenews
November 13, 2023
in Uncategorized
4
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wa kabiri, tariki 14 /11/23, muri Republica ya demokarasi ya Congo, hitezwe ijambo ry’umukuru w’igihugu, bwana Perezida Félix Tshisekedi, aho byitezwe ko azavuga kubijanye n’ubuzima bw’igihugu uko gihagaze kuri none.

You might also like

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye

Kabuga meurt à La Haye : l’un des hommes les plus recherchés au monde s’éteint à 90 ans

Byitezwe ko ririya jambo azarivugira imbere y’inteko ya badepite ndetse n’abasenateri, nk’uko byatangajwe na RTNC.

Iy’i nkuru ikomeza imenyeshako umukuru w’igihugu ca RDC, Félix Tshisekedi, azagira nicyo abwira abaturage bose muri rusange abamenyesha uko igihugu gihagaze nk’uko uriya muvugizi w’inteko ishinga mategeko Lembi Ibula na perezida wa Senat bwana Bahati Lukwebo Modeste, babitangarije RTNC.

Ibi babitangaje ubwo baribafite ibiganiro bihuza Abasenateur kuri uyu wa Gatandatu, tariki 11/11/23, bigaga kumategeko atandatu (6), harimo niryigaga kuba ubuyobozi bwa gisirikare bwa komeza bukayobora M’uburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya congo.

Itegeko shinga rya RDC kugika cyaryo cya 77 kiremerera perezida kuba yagezaho abaturage abicyishije munzego abaturage bitoreye aribo abadepite na basenateri ndetse hakazaba hari n’abahagarariye ibihugu byabo muri RDcongo.

Ijambo rya perezida ry’uyumwaka w’2023, ritegeranijwe amatsiko menshi nimugihe ubu igihugu kiri mu myiteguro y’amatora munzego zose ndetse ngo nokwigira imbere kwigisirikare c’u Rwanda kubufatanye n’inyeshamba za M23 M’uburasirazuba bw’iki gihugu ca RDC.

By Bruce Bahanda.

Tags: Abanye-kongo baza kugezwaho uko ubuzima bw'igihugu buhagazeNi kuri uyu wa Kabiri tariki 14/11/2024
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki Umwuka wa politiki n’imibereho rusange urakomeje kuba mubi...

Read moreDetails

MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye

MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye Umutwe wa MRDP-Twirwaneho watangaje ko wongeye gufata ikigo cya Mikenke giherereye muri Teritwari ya Mwenga, mu...

Read moreDetails

Kabuga meurt à La Haye : l’un des hommes les plus recherchés au monde s’éteint à 90 ans

by Bahanda Bruce
May 16, 2026
0
I La Haye Hapfiriye Kabuga: Umwe mu Bantu Bashakishijwe Kurusha Abandi ku Isi

Kabuga meurt à La Haye : l’un des hommes les plus recherchés au monde s’éteint à 90 ans Félicien Kabuga, l’un des hommes d’affaires rwandais les plus influents...

Read moreDetails

Ihuriro Rikomeye ry’Abatavuga Rumwe n’Ubutegetsi muri RDC Ryatangaje Gutangiza Urubuga rwo Kurengera Itegeko Nshinga; Igitutu Cyiyongera kuri Félix Tshisekedi

by Bahanda Bruce
May 16, 2026
0
Ihuriro Rikomeye ry’Abatavuga Rumwe n’Ubutegetsi muri RDC Ryatangaje Gutangiza Urubuga rwo Kurengera Itegeko Nshinga; Igitutu Cyiyongera kuri Félix Tshisekedi

Ihuriro Rikomeye ry’Abatavuga Rumwe n’Ubutegetsi muri RDC Ryatangaje Gutangiza Urubuga rwo Kurengera Itegeko Nshinga; Igitutu Cyiyongera kuri Félix Tshisekedi Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje kwinjira...

Read moreDetails

RDC: Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zamaganye Ibitero bya Drone bya FARDC i Mushaki n’Ubwicanyi Bukomeje Gukorerwa Abaturage i Uvira no Mu Nkengero Zaho

by Bahanda Bruce
May 9, 2026
0
Masisi : Les FARDC Bombardent des Zones Habitées par des Civils, Faisant Plusieurs Victimes

RDC: Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zamaganye Ibitero bya Drone bya FARDC i Mushaki n’Ubwicanyi Bukomeje Gukorerwa Abaturage i Uvira no Mu Nkengero Zaho Leta Zunze Ubumwe za...

Read moreDetails
Next Post

Nyuma y'uko M23 yambuye ihuriro ry'ingabo zirwana k'uruhande rwa leta ya Kinshasa ibice byomuri Cheferie ya Bwito, abaturage baturiye ibyo bice bakomeje gukorana n'umutwe wa M23 ibiganiro.

Comments 4

  1. D Change says:
    3 years ago

    This piece of writing will assist the internet users for setting up new webpage or even a weblog from start
    to end.

  2. D Change says:
    3 years ago

    Do you mind if I quote a few of your posts as long as
    I provide credit and sources back to your website?
    My blog site is in the exact same niche as yours and
    my visitors would certainly benefit from some of the information you provide here.
    Please let me know if this ok with you. Cheers!

  3. D Change says:
    3 years ago

    It’s going to be ending of mine day, but before end I am reading this fantastic piece of
    writing to increase my know-how.

  4. d-change.net says:
    3 years ago

    Its like you read my mind! You seem to know a lot
    about this, like you wrote the book in it or something.
    I think that you can do with some pics to drive the message home a little bit, but other
    than that, this is magnificent blog. A fantastic read.
    I will certainly be back.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?