• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 12, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Nicolas Sarkozy wahoze ari perezida w’u Bufaransa yasabye kurekurwa

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 10, 2025
in World News
0
Nicolas Sarkozy wahoze ari perezida w’u Bufaransa yasabye kurekurwa
66
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Nicolas Sarkozy wahoze ari perezida w’u Bufaransa yasabye kurekurwa

Urukiko rw’i Paris rurateganya kwakira ubusabe bwa Nicolas Sarkozy, wahoze ari Perezida w’u Bufaransa, wifuza kurekurwa by’agateganyo mu gihe ategereje ikirego cye cyajuririwe. Ibi bibaye nyuma y’ibyumweru bike atangiye igihano cy’imyaka itanu y’igifungo, azira gukorana na Libya mu buryo bunyuranyije n’amategeko kugira ngo abone inkunga yo gukoresha mu matora.

READ ALSO

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

Sarkozy yahamwe n’icyaha cyo gucura umugambi wo gukusanya amafaranga ava mu butegetsi bwa Muammar Gaddafi, wahoze ari Perezida wa Libya, mu rwego rwo gufasha ibikorwa bye byo kwiyamamariza manda ya kabiri mu 2007. Muri ayo mafaranga harimo akekwa kugera kuri miliyoni 50 z’amayero.

Nubwo Sarkozy yahakanye ibyo aregwa, urukiko rwamukatiye imyaka itanu y’igifungo, aho ibiri azayimara muri gereza, indi itatu ayimare afungishijwe ijisho.

Abunganira Sarkozy mu mategeko bavuga ko yatanze ubujurire ku cyemezo cyo gufungwa by’agateganyo. Urukiko rukaba rwatangaje ko rwiteguye kumva ubwo busabe mu minsi ya vuba.

Iki kirego gikomeje guteza impaka mu Bufaransa, dore ko ari bwo bwa mbere mu mateka y’iki gihugu umukuru w’igihugu wahoze ku butegetsi ahamijwe icyaha gikomeye kijyanye n’inkunga y’amatora iva mu kindi gihugu.

Tags: FranceNicolas SrkozyUrukiko

Related Posts

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira
World News

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

September 10, 2026
OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo
World News

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

September 10, 2026
Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko
World News

Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko

September 9, 2026
U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza
World News

U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza

September 9, 2026
Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye
World News

Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye

September 6, 2026
RDC–Israel: Perezida Herzog yasezeranyije gufasha Tshisekedi, mu Burasirazuba abaturage basaba ko ubufasha butazongera intambara
World News

RDC : Une décision majeure, l’ambassade en Israël sera transférée à Jérusalem

September 4, 2026
Next Post
Kivu y’Epfo: Imyigaragambyo y’abaturage kubera umutekano muke wakajije umurego nyuma y’iyicwa ry’umugore mu gitero cy’abantu bitwaje intwaro

Kivu y'Epfo: Imyigaragambyo y’abaturage kubera umutekano muke wakajije umurego nyuma y’iyicwa ry’umugore mu gitero cy’abantu bitwaje intwaro

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
  • Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
  • C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?