• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, April 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
January 18, 2026
in Regional Politics
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR
70
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

You might also like

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) zigomba gushyirwa hafi y’umupaka w’u Rwanda kugira ngo icyo gihugu cyizere umutekano, ashyira ku ruhande igitekerezo cyo gusenya umutwe w’iterabwoba wa FDLR.

Iki gitekerezo cyagarutsweho mu kiganiro Perezida Ndayishimiye yagiranye n’abahagarariye ibihugu byabo mu Burundi, aho yashimangiye ko kuba MONUSCO iri hafi y’umupaka bizafasha RDC n’akarere kose kugera ku mahoro arambye.

Yabwiye abadipolomate ko ikibazo cyo mu burasirazuba bwa RDC gikomeye, ariko ko Leta y’u Burundi ikomeje gusenga kugira ngo intambara itazakwira mu karere. Yongeyeho ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zigomba gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano u Rwanda rwagiranye na RDC, kandi ko MONUSCO yagombye kwifashishwa mu gukemura impungenge z’umutekano mu karere.

Perezida Ndayishimiye yagize ati:
“MONUSCO yifashishijwe kugira ngo ijye hagati, ingabo zitagira uruhande zibogamiyeho zigashyirwa hagati y’umupaka w’u Rwanda n’uw’u Burundi ndetse no muri RDC. U Rwanda rwakwizera ko rutazaterwa, Congo ikongera kubona amahoro, igatangira ibiganiro by’amahoro bihuza Abanye-Congo.”

Yakomeje avuga ko bidashoboka gutangiza ibiganiro by’amahoro muri RDC hatabayeho “agahenge,” aho ingabo zashyirwa hagati y’impande zihanganye kandi abarwanyi bagasubizwa mu buzima busanzwe. Yanasabye ko MONUSCO yakongerwa imbaraga kugira ngo ishobore gushyira mu bikorwa iyi gahunda.

Amasezerano y’amahoro u Rwanda rwagiranye na RDC ku ya 27/06/2025, ku ruhare rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yasabaga gusenywa kwa FDLR kubera ko umutekano w’u Rwanda ubangamiwe n’uyu mutwe w’iterabwoba. Ariko kugeza ubu, Leta ya RDC ntiyabashije kubahiriza icyo gice cy’amasezerano, kandi ingabo zayo hamwe n’iz’u Burundi ndetse n’abarwanyi b’abazalendo bakomeje gukorana na FDLR mu gihe bahanganye n’abarwanyi ba AFC/M23.

Ibi bigaragaza ko Perezida Ndayishimiye atashyigikiye icyemezo cyo gusenya FDLR, ahubwo yizera ko MONUSCO ari yo gisubizo cy’umutekano mu karere, mu gihe amakuru atandukanye avuga ko abarwanyi benshi ba FDLR bahungiye mu Burundi.

Tags: AmazezeranoAmericaFDLRMonuscoNdayishimiyeU RwandaUmutekano
Share28Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura Mu minsi mike ishize yo muri uyu mwaka wa 2026, mu gace ka Musaga...

Read moreDetails

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Amayobera ku Rupfu rw’Umuyobozi wo muri Guverinoma i Bujumbura

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi Amakuru atandukanye yatangajwe ku rupfu rwa Gabby Bugaga, wahoze ari Minisitiri w’Itangazamakuru n’Itumanaho mu Burundi, akomeje guteza impaka zikomeye....

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, uri no ku buyobozi bw’Umuryango wa Afurika Yunze...

Read moreDetails

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

by Bahanda Bruce
April 16, 2026
0
Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere Mu gihe ibiganiro n’impaka ku mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari bikomeje gufata intera nshya, Minisitiri...

Read moreDetails

Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi

by Bahanda Bruce
April 15, 2026
0
Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi

Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi Impinduka nshya mu mitekerereze y’ibihugu bya Afurika iri gufata indi ntera, aho Repubulika ya Togo yashyize imbere ikibazo kimaze imyaka myinshi...

Read moreDetails
Next Post
BREAKING: Museveni Yatsindiye Manda ya Karindwi muri Uganda, Azayobora kugeza 2031

BREAKING: Museveni Yatsindiye Manda ya Karindwi muri Uganda, Azayobora kugeza 2031

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?