• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, May 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yagize icyavuga ku baturanyi bavuga ko bazatera igihugu cye.

minebwenews by minebwenews
June 29, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yagize icyavuga ku baturanyi bavuga ko bazatera igihugu cye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yagize icyavuga ku baturanyi bavuga ko bazatera igihugu cye.

You might also like

RDC Yongeye Kuvugwa mu Bibazo by’Abimukira Nyuma y’Amagambo ya Perezida Trump

Politiki Nshya ya Amerika ku Burasirazuba bwa Congo: Menya Uko Itegeko rya STABLE DRC Act rishobora Guhindura Imibanire ya RDC n’u Rwanda

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo: Igicumbi gishya cya Copper ku isi mu mpinduramatwara y’ubushyamirane hagati y’u Bushinwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Nibyo uyu mukuru w’igihugu cy’u Rwanda yatangarije i Nyamasheke mu Burengerazuba bw’u Rwanda kuri uyu wa Gatandatu, yari mu bikorwa byo kwiyamamaza nk’umukandida w’ishyaka riri ku butegetsi rya RPF-Inkotanyi.

Muri ibyo bikorwa byo kwiyamamaza, perezida w’u Rwanda, yaburiye abashaka gutera igihugu cy’u Rwanda ko bazabasanga aho bari akaba ari ho izo ntambara zirwanirwa.

Perezida Paul Kagame yari yitabwe n’abaturage babarirwa mu bihumbi amagana, bari bateraniye ku kibuga cy’u mupira cya Kagano ho mu karere ka Nyamasheke. Abamwitabye yabashimiye, ndetse kandi abashimira ko bitwaye neza mu kwicungira umutekano mu mwaka w’2019.

Aha umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yakomozaga ku bitero inyeshamba za FLN zagabye mu turere dukora ku ishyamba rya Nyungwe kuva mu 2018.

Ibitero by’inyeshamba za FLN hagati y’imyaka y’ 2018 na 2021, byibasiye ahanini imirenge ikora ku ishyamba rya Nyungwe mu turere twa Nyamasheke na Rusizi two mu turere twa Nyaruguru na Nyamagabe two mu ntara y’Amajy’epfo.

Kugeza ubu ariko hashize imyaka irenga itatu ntaho ibitero by’izo nyeshamba byongeye kumvikana. Ndetse abantu barenga 20 bashinjwaga kuba abayobozi n’abarwanyi b’uwo mutwe barafashwe bacirwa imanza n’ubutabera bw’u Rwanda, nyuma baza kurekurwa ku mbabazi za perezida Paul Kagame.

N’aho biri uko ariko, perezida Kagame yavuze ko na n’ubu hari ibihugu by’ibituranyi bikigambirira kuzahirika ubutegetsi bwe, bibinyujije mu baburwanya.

Umukuru w’u Rwanda akaburira abo bashaka gutera igihugu ayoboye ko izo ntambara zizarwanirwa iwabo.

Gusa ntaho perezida Paul Kagame yatunze agatoki, ngwavuge izina runaka, mu ijambo rye, imvugo y’amarenga n’amerekezo yakoresheje avuga ku bihugu by’ibituranyi.

Ibi perezida w’u Rwanda yabivuze mu gihe hari umwuka w’u bushamirane no guterana amagambo hagati y’abategetsi ba Repubulika ya demokorasi ya Congo n’u Rwanda. Bapfa intambara zibera mu Burasirazuba bwa RDC, aho umutwe wa M23 ukomeje gufata ibice byinshi byo muri Kivu y’Amajyaruguru.

Congo Kinshasa ishinja u Rwanda gutera inkunga M23, ariko u Rwanda rurabihakana hubwo rugashinja Kinshasa gufasha byahafi Interahamwe(Fdlr) zirimo abasize bakoze genocide mu Rwanda.

Ni mu gihe kandi n’u Burundi bushinja Kigali gufasha umutwe wa Red Tabara uburwanya, ibyaje no kuba imbarutso yo gufunga imipaka ihuza ibihugu byombi mu ntangiriro z’uyu mwaka. Ibyo Kigali yarabihakanye, ivuga ko ahubwo u Burundi bushigikira umutwe wa FDLR kimwe na Repubulika ya demokorasi ya Congo.

             MCN.
Tags: AbaturanyiBazabarwanyiriza iwaboNyamashekePaul KagameRwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC Yongeye Kuvugwa mu Bibazo by’Abimukira Nyuma y’Amagambo ya Perezida Trump

by Bahanda Bruce
May 9, 2026
0
RDC Yongeye Kuvugwa mu Bibazo by’Abimukira Nyuma y’Amagambo ya Perezida Trump

RDC Yongeye Kuvugwa mu Bibazo by’Abimukira Nyuma y’Amagambo ya Perezida Trump Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka ku rwego mpuzamahanga nyuma yo...

Read moreDetails

Politiki Nshya ya Amerika ku Burasirazuba bwa Congo: Menya Uko Itegeko rya STABLE DRC Act rishobora Guhindura Imibanire ya RDC n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
May 9, 2026
0
Politiki Nshya ya Amerika ku Burasirazuba bwa Congo: Menya Uko Itegeko rya STABLE DRC Act rishobora Guhindura Imibanire ya RDC n’u Rwanda

Politiki Nshya ya Amerika ku Burasirazuba bwa Congo: Menya Uko Itegeko rya STABLE DRC Act rishobora Guhindura Imibanire ya RDC n’u Rwanda Ibibazo by’umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo: Igicumbi gishya cya Copper ku isi mu mpinduramatwara y’ubushyamirane hagati y’u Bushinwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika

by Bahanda Bruce
May 9, 2026
0
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo: Igicumbi gishya cya Copper ku isi mu mpinduramatwara y’ubushyamirane hagati y’u Bushinwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo: Igicumbi gishya cya Copper ku isi mu mpinduramatwara y’ubushyamirane hagati y’u Bushinwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika Mu gihe isi yinjira mu...

Read moreDetails

Martin Fayulu Yakoresheje Imvugo Ikomeye Ishobora Kongera Umwuka Mubi muri Politiki ya Congo

by Bahanda Bruce
May 8, 2026
0
Martin Fayulu Yakoresheje Imvugo Ikomeye Ishobora Kongera Umwuka Mubi muri Politiki ya Congo

Martin Fayulu Yakoresheje Imvugo Ikomeye Ishobora Kongera Umwuka Mubi muri Politiki ya Congo Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Martin Fayulu, yongeye kunenga...

Read moreDetails

La famille du colonel Gapanda réclame justice et des éclaircissements sur sa détention, toujours entourée de mystère

by Bahanda Bruce
May 8, 2026
0
La famille du colonel Gapanda réclame justice et des éclaircissements sur sa détention, toujours entourée de mystère

La famille du colonel Gapanda réclame justice et des éclaircissements sur sa détention, toujours entourée de mystère La famille du colonel Ruhorimbere Gapanda, l’un des hauts gradés des...

Read moreDetails
Next Post
Umutwe wa M23 wakoze ibikomeye, wongera kujegeza ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Umutwe wa M23 wakoze ibikomeye, wongera kujegeza ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?