• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, April 17, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin.

minebwenews by minebwenews
August 19, 2025
in World News
0
Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin.
67
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin.

You might also like

Amerika Yarushijeho Gukaza Ingamba kuri Iran

Ibiganiro Biracyarimo Urujijo n’Impaka ku Ngingo z’Ingenzi Hagati ya Iran na Amerika

Israel na Lebanon mu nzira y’amahoro

Perezida Zelenskyy Volodymyr wa Ukraine yavuze ko afite ubushake bwo kuzahurira mu biganiro bizamuhuza na perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump na mugenzi we w’u Burusiya Vladimir Putin, bigamije gushakira igihugu cye amahoro arambye.

Kuri uyu wa mbere tariki ya 19/08/2025, ni bwo Zelenskyy yatangaje ibi, ubwo yakorwaga na Trump, akaba yaraherekejwe na n’abayobozi bo mu Burayi barimo na perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron.

Trump wakiriye aba bayobozi nyuma y’iminsi mike ahuye na mugenzi we w’u Burusiya Vladimir Putin, bakemeranya ko bazongera bagahura vuba, yavuze ko yizeye ko perezida wa Ukraine azitabira ibiganiro bizabahuza na Putin.

Yagize ati: “Ndizera buri kimwe kiri kugenda neza kugeza ubu, tuzagira inama y’abakuru b’ibihugu batatu, kandi ndazi ko hazaboneka amahirwe yo kurangiza intambara igihe tuzaba twabikoze.”

Perezida Zelenskyy, bivugwa ko yari yaje yicishije make bitandukanye n’uko byagenze ubwo yaherukaga kwakirwa na Trump mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka, kuri iyi nshuro yumvikanye inshuro nyinshi amushimira, uburyo igihugu cye cyababaye hafi, icyakora avuga ko na n’ubu Abanya-Ukraine bacyugarijwe.

Yagize ati: “Umunsi ku munsi turi kuba mu buzima bw’ibitero. Murabizi ko n’uyu munsi hari ibitero byinshi byakomeje abantu benshi.”

Yakomeje ati: “Turi fuza guhagarika iyi ntambara, guhagarika u Burusiya. Kandi turifuza korohereza abafatanyabikorwa bacu b’abanyamerika n’abanyaburayi.”

Mu biganiro Trump aherutse kugirana na Putin mu cyumweru gishize, ubwo bari bahumuje ikiganiro bagiranaga n’itangazamakuru, perezida w’u Burusiya yizeje Trump ko na we bazahurira i Moscow mu gihe cya vuba.

Abayobozi n’abanyaburayi bari baherekeje Zelenskyy, bose bagaragaje ko bifuza ko iyi ntambara ihagarara, kuko ingaruka imaze gusiga zitagira ingingo, bityo ko igihe kizagera ngo ihagarare.

Tags: ibiganiroPutinUmucyoZelenskyy
Share27Tweet17Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika Yarushijeho Gukaza Ingamba kuri Iran

by Bahanda Bruce
April 17, 2026
0
Amerika Yarushijeho Gukaza Ingamba kuri Iran

Amerika Yarushijeho Gukaza Ingamba kuri Iran Mu gihe umwuka wa dipolomasi hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran ukomeje kuba mubi kandi urimo urujijo, abayobozi bakuru...

Read moreDetails

Ibiganiro Biracyarimo Urujijo n’Impaka ku Ngingo z’Ingenzi Hagati ya Iran na Amerika

by Bahanda Bruce
April 16, 2026
0
Amerika na Iran mu Biganiro Bikomeye i Islamabad

Ibiganiro Biracyarimo Urujijo n’Impaka ku Ngingo z’Ingenzi Hagati ya Iran na Amerika Umwuka wa dipolomasi hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran ukomeje gufata indi ntera,...

Read moreDetails

Israel na Lebanon mu nzira y’amahoro

by Bahanda Bruce
April 16, 2026
0
Israel na Lebanon mu nzira y’amahoro

Israel na Lebanon mu nzira y’amahoro Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko igihugu cye kiri mu cyerekezo cyiza cyo kugera ku masezerano y’amahoro ashobora kuba ay’amateka...

Read moreDetails

Ese Operasiyo ya Amerika muri Iran yari Ubutabazi bw’Umupilote cyangwa Umugambi wo Kwiba Uranium? Byinshi kuri Iyi nkuru

by Bahanda Bruce
April 16, 2026
0
Ese Operasiyo ya Amerika muri Iran yari Ubutabazi bw’Umupilote cyangwa Umugambi wo Kwiba Uranium? Byinshi kuri Iyi nkuru

Ese Operasiyo ya Amerika muri Iran yari Ubutabazi bw’Umupilote cyangwa Umugambi wo Kwiba Uranium? Byinshi kuri Iyi nkuru Mu gihe umubano hagati ya Iran na Leta Zunze Ubumwe...

Read moreDetails

U Bubiligi Bwikomye Iyiyongera ry’Abasaba Ubuhungiro b’Abanye-Congo

by Bahanda Bruce
April 15, 2026
0
U Bubiligi Bwikomye Iyiyongera ry’Abasaba Ubuhungiro b’Abanye-Congo

U Bubiligi Bwikomye Iyiyongera ry’Abasaba Ubuhungiro b’Abanye-Congo Minisitiri ushinzwe impunzi n’abimukira mu Bubiligi, Anneleen Van Bossuyt, yatangaje ko igihugu cye gihangayikishijwe n’ubwiyongere bukabije bw’Abanye-Congo basaba ubuhungiro, aho umubare...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 yagaragaje impamvu itazasubira mu biganiro by’i Doha.

AFC/M23/MRDP yagaragaje ibyo ingabo za RDC ziri gukora muri iki gihe muri Kivu y'Epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?