• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Rumenge yagaragaje ko Abanyamulenge bari gukorerwa jenocide.

minebwenews by minebwenews
January 8, 2025
in Regional Politics
0
Hon. Olivier Rumenge yagize icyo abwira Abanyamulenge muri iyi minsi mikuru, ndetse aranabihanganisha.
100
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Rumenge yagaragaje ko Abanyamulenge bari gukorerwa jenocide.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Bikubiye mu kiganiro bwana Olivier Rumenge Rugeyo yagiranye n’itangaza makuru muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Iki kiganiro Rumenge yagikoze kuri uyu wa gatatu tariki ya 08/1/2025 akaba yakigiranye n’urubuga rwa News.cd.

Muri iki kiganiro Rumenge yagaragarije iki gitangaza makuru ko Abanye-kongo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge bari gukorerwa jenocide.

Yatangije agira ati: “Gahunda yo gutsemba ubwoko bw’Abanyamulenge mu burasirazuba bwa RDC ikomeje gufata indi ntera, kandi ikorwa umunsi ku wundi! Abantu baricwa, abandi baratwikwa, imitungo yabo iranyagwa.”

Ubutumwa bwa Rumenge, bwanahamagariye abashinzwe kugarura amahoro muri iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo kugira icyo bakora, mu rwego rwo kugira ngo abanyamulenge babone umutekano.

Ati: Ndahamagarira abashinzwe amahoro mu gihugu cyose kwishyira hamwe no kwamagana iyi myitwarire idahwitse ikorerwa ubwoko bumwe muri RDC. Rwose jenocide iri gukorerwa Abanyamulenge muri iki gihugu.”

Rumenge kandi yagaragaje ko perezida Tshisekedi muri iki gihe, ashyize imbere cyane ibyo guhindura itegeko nshinga, ariko ko ataribyo byaringenzi, mu gihe abanyagihugu barimo bakorerwa iyicarubuzo.

Yagize ati: “Ibyo kuvugurura itegeko nshinga, ni byo Tshisekedi yitayeho cyane, ariko ibyo ntibyari ngenzi, hubwo yari kuzirikana abarimo kwicwa. Nta ngingo ni mwe yabona imubuza gukora neza.”

Mu mpera z’umwaka dosoje, ibitero by’ingabo za congo(FARDC) byibasiriye imihana y’Abanyamulenge mu Minembwe, bisiga bihitanye abatari bake, abandi babikomerekeramo.

Si byo gusa, kuko no mu cyumweru gishize, hari Abanyamulenge bane biciwe i Fizi, ni mu gihe bari banyuze inzira yo kwa Mulima bagana Uvira.

Olivier Rumenge watangaje ibi, mu matora y’ubushize muri RDC, yari umukandida ku mwanya w’ubudepite ku rwego rw’igihu; akomoka i Mulenge mu bice byo muri teritware ya Fizi mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Tags: AbanyamulengeJenocide
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
M23 yatangaje icyo iri bukore nyuma y’aho ifashe zone ya Masisi.

Amakuru aturuka muri centre ya Masisi aremeza uyigenzura hagati ya M23 na FARDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?