• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, April 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Bubiligi nabwo bwafashe icyemezo gikakaye nyuma y’aho u Rwanda rwirukanye Abadipolomate babwo.

minebwenews by minebwenews
March 17, 2025
in Regional Politics
0
U Bubiligi nabwo bwafashe icyemezo gikakaye nyuma y’aho u Rwanda rwirukanye Abadipolomate babwo.
103
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Bubiligi nabwo bwafashe icyemezo gikakaye nyuma y’aho u Rwanda rwirukanye Abadipolomate babwo.

You might also like

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

U Bubiligi bwatangaje ko bwababajwe n’icyemezo u butegetsi bw’i Kigali bwafashe cyo guca umubano na bwo, buvuga ko na bwo buza kwirukana Abadipolomate b’iki gihugu cy’u Rwanda.

Ni umwanzuro u Bubiligi bwafashe nyuma y’aho u Rwanda rutangaje ko rucanye umubano n’u Bubiligi, ndetse rugaha Abadipolomate babwo bari i Kigali mu Rwanda amasaha 48 yo kuba baruvuyemo.

Byatangajwe na minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Bubiligi, Maxime Prevot, aho yabinyujije kuri x, avuga ko u Bubiligi na bwo bwiruakana Abadipolomate b’u Rwanda.

Yagize ati: “U Bubiligi bubajwe n’icyemezo cy’u Rwanda cyo guhagarika umubano n’u Bubiligi no gutangaza ko Abadipolomate b’Ababiligi batagihawe ikaze.”

Yunze muri ibi agira ati: “Iki cyemezo cyerekana ko iyo ibyo tutemeranya n’u Rwanda, ruhitamo kutaganira.”

Ashimangira ko u Bubiligi buzahagarika amasezerano y’ubufatanye bwa giranaga n’u Rwanda.

U Bubiligi n’u Rwanda bimaze iminsi bitavuga rumwe, ariko byafashe intera ubwo umutwe wa m23 wagaragazaga imbaraga ugafata ibice bitandukanye byo mu Burasizuba bwa Congo.

Ni bwo iki gihugu cy’u Bubiligi cyatangiye gushishikariza ibihugu byo mu Burayi gufatira u Rwanda ibihano.

Iyi nyifato ni yo yatumye u Rwanda kuri uyu wa mbere tariki ya 17/03/2025, rufata icyemezo cyo gucana umubano n’u Bubiligi, ruvuga ko rudakeneye Abadipolomate babwo ku butaka bw’igihugu cyabo.

Tags: U BubiligiU Rwanda
Share41Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa” Mu gihe u Burundi bukomeje kwitegura amatora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe mu mwaka wa 2027,...

Read moreDetails

Perezida Evariste Ndayishimiye Yasabye Isubirwamo ry’Imikoreshereze y’Amafaranga mu Nyungu z’Iterambere

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Evariste Ndayishimiye Yasabye Isubirwamo ry’Imikoreshereze y’Amafaranga mu Nyungu z’Iterambere

Perezida Evariste Ndayishimiye Yasabye Isubirwamo ry’Imikoreshereze y’Amafaranga mu Nyungu z’Iterambere Perezida w’u Burundi, , yongeye gutangaza ibitekerezo bikomeye ku mikorere y’amatora mu gihugu cye, agaragaza ko asaba isubirwamo...

Read moreDetails
Next Post
Mbere yuko ibiganiro hagati ya m23 na Leta y’i Kinshasa bitangira, hari byasabwe.

M23 yagaragaje impamvu itakicyitabiriye ibiganiro byari kubera i Luanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?