• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 18, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Rwanda na RDC batangiye ikiganiro cya nyuma ku isenywa rya FDLR

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 21, 2025
in Regional Politics
0
U Rwanda na RDC batangiye ikiganiro cya nyuma ku isenywa rya FDLR
67
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Rwanda na RDC batangiye ikiganiro cya nyuma ku isenywa rya FDLR

You might also like

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi

Uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Repubulika ya Congo rwafashe indi ntera mu kubaka ubufatanye bw’Afurika

Inama ya kane y’Urwego ruhuriweho n’u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo rushinzwe umutekano (JSCM) yateranye hagamijwe kurebera hamwe intambwe imaze guterwa mu ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’amahoro yasinyiwe i Washington DC tariki ya 27/06/2025.

Iyi nama yibanze ku cyiciro cya kabiri cy’ibikorwa by’ingenzi, birimo ingingo ikomeye ijyanye no gusenya burundu umutwe wa FDLR, umaze imyaka myinshi uvugwaho guhungabanya umutekano w’akarere.

Impande zombi zarebeye hamwe uko ibijyanye n’umutekano bihagaze, by’umwihariko ibijyanye no kugabanya ubushyamirane ku mipaka n’ingamba zigamije kugarura icyizere hagati y’ibihugu byombi.

Iyi nama yabaye mu gihe hakomeje kugaragara ubushake bwo gushyira mu bikorwa inshingano zemejwe i Washington, zirimo: Gusenya burundu FDLR n’indi mitwe ihungabanya umutekano nka Wazalendo na ADF; Gukomeza kugenzura ibikorwa by’igisirikare kuri buri ruhande;
Kunoza imikoranire y’inzego z’iperereza n’umutekano;
Guteza imbere uburyo bwo kwirinda no gukumira ibitero bihungabanya umutekano mu baturage bo ku mipaka.

Umujyanama wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu bufatanye n’Afurika, Massad Boulos, abinyujije ku rubuga rwa x tariki ya 21/11/ 2025, yashimye intambwe u Rwanda na RDC bimaze gutera.
Yavuze ko impande zombi “zaganiriye ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’amahoro ya Washington, zirimo n’inshingano zo gusenya FDLR,” ndetse ashimangira ko Amerika ikomeje kuba umufatanyabikorwa w’ingenzi mu kugarura amahoro arambye mu karere.

Iyi nama ya JSCM itangiranye n’icyizere ko icyiciro cya kabiri cy’ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano kizihutishwa, cyane cyane ibirebana no:
Gutangira ibikorwa bifatika byo guhiga no kumaraho FDLR;
Gushyiraho ibirindiro n’imikorere ihuriweho yo kugenzura umutekano ku mipaka;
Gukomeza imiyoborere y’amahoro mu duce twakunze kugaragaramo imirwano.

Ku nshuro ya kane, iyi nama igaragaje ko gahunda y’amahoro ya Washington itangiye gutanga umusaruro, nubwo hakiriho imbogamizi zisaba ubushake bwa politiki no gukorana bya hafi hagati y’impande zombi.

Tags: FDLRRdcRwanda
Share27Tweet17Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

by Bahanda Bruce
April 16, 2026
0
Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere Mu gihe ibiganiro n’impaka ku mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari bikomeje gufata intera nshya, Minisitiri...

Read moreDetails

Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi

by Bahanda Bruce
April 15, 2026
0
Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi

Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi Impinduka nshya mu mitekerereze y’ibihugu bya Afurika iri gufata indi ntera, aho Repubulika ya Togo yashyize imbere ikibazo kimaze imyaka myinshi...

Read moreDetails

Uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Repubulika ya Congo rwafashe indi ntera mu kubaka ubufatanye bw’Afurika

by Bahanda Bruce
April 15, 2026
0
Uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Repubulika ya Congo rwafashe indi ntera mu kubaka ubufatanye bw’Afurika

Uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Repubulika ya Congo rwafashe indi ntera mu kubaka ubufatanye bw’Afurika Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yageze i Brazzaville ku gicamunsi cyo kuri uyu...

Read moreDetails

Bujumbura: Inkongi n’Iturika Byateje Igihombo Kirenga Miliyari 200

by Bahanda Bruce
April 14, 2026
0
Bujumbura: Inkongi n’Iturika Byateje Igihombo Kirenga Miliyari 200

Bujumbura: Inkongi n’Iturika Byateje Igihombo Kirenga Miliyari 200 Mu ijoro ryo ku wa 31 Werurwe 2026, inkongi y’umuriro n’iturika rikomeye byibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base, giherereye...

Read moreDetails

Ibaruwa Ifunguye Isubiza Minisitiri Muyaya: Ukuri ku Mateka, Jenoside n’Intandaro y’Umutekano Muke mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
April 13, 2026
0
Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Imvugo z’Abayobozi Zirakomeretsa kurusha Intwaro.

Ibaruwa Ifunguye Isubiza Minisitiri Muyaya: Ukuri ku Mateka, Jenoside n’Intandaro y’Umutekano Muke mu Burasirazuba bwa RDC Iyi baruwa ifunguye yandikiwe Minisitiri ushinzwe itangazamakuru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails
Next Post
Drone zaturutse i Bujumbura zitera ibisasu ahatuye Abanyamulenge i Mulenge

Indege ya gisirikare ya FARDC yeteye ibisasu mu Mikenke hafi ya Minembwe

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?