• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, April 20, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Rwanda na RDC byatanze inyandiko zibanze ku masezerano y’amahoro.

minebwenews by minebwenews
May 6, 2025
in Regional Politics
0
U Rwanda na RDC byatanze inyandiko zibanze ku masezerano y’amahoro.
74
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Rwanda na RDC byatanze inyandiko zibanze ku masezerano y’amahoro.

You might also like

UPDF Yatabaye Abasivili Barenga 200 mu Gikorwa Gikomeye cyo Kurwanya ADF mu Burasirazuba bwa RDC

Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

Umujyanama mukuru wa perezida Donald Trump kubyerekeye Afrika, Massad Boulos, yatangaje ko yakiriye inyandiko zibanze z’u Rwanda na Congo Kinshasa z’amasezerano y’amahoro, agamije gushaka igisubizo kirambye cy’u mutekano muke uri mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo no kurangiza umwuka mubi hagati y’iki gihugu cy’u Rwanda n’icya Congo.

Boulos yatangaje ibi akoresheje urubuga rwa x, aho yavuze ko yishimiye inyandiko y’imbanzirizamushinga y’amasezerano y’amahoro yagejejweho n’ibi bihugu byombi.

Nyuma y’aho izi nyandiko zimbanziriza mushinga zitanzwe, biteganyijwe ko umunyamabanga wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika ushyinzwe ububanyi n’amahanga, Marco Rubio, azahura na ba minisitiri b’ubanye n’amahanga ba RDC n’u Rwanda, bakemereza hamwe imbanzirizamushinga ihuriweho y’amasezerano.

Hanyuma ibyo byarangira, hakazakurikiraho gahunda yo gutegura isinywa rya nyuma.

Biteganyijwe ko Trump azakira muri White House, perezida w’u Rwanda Paul Kagame, na mugenzi we wa RDC, Felix Tshisekedi, maze ariya masezerano akabona gushyirwaho umukono bwa nyuma.

Muri uwo muhango, bivugwa ko hazanatumizwa n’abandi bakuru bibihugu batandukanye, nubwo bataramenyekana.

Mbere yuko ayo masezerano y’amahoro azasinywa, biteganyijwe ko haribyo impande zombi zizabanza kumvikanaho.

Birimo ko RDC igomba kuzabanza kurangiza amavugurura y’imbere mu gihugu, bijyanye no gusaranganya inyungu ku materitware, no kurangiza ikibazo cy’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Ubundi kandi ibihugu byombi bigomba kandi kuzemera ko buri kimwe hari amasezerano kigomba kugirana na Amerika ajyanye n’ubukungu.

Ahagana ku wa 25/04/2025, u Rwanda na Congo byasinyanye amasezerano agena amahame yibanze yo gukemura mu buryo burambye ikibazo cy’umutekano muke mu karere ka Afrika y’ibiyaga bigari.

Ni amasezerano ibihugu byombi byasinyiye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika, aho Marco Rubio ari we wari ubihagarariye mu gihe ku ruhande rw’u Rwanda hari minisitiri w’ubanye n’amahanga, Olivier Nduhungurehe naho ku ruhande rwa RDC hari minisitiri Thérèse Kayikwamba.

Ingingo zari zirimo hari iyubusugire n’ubwigenge, gucyura impunzi, Monusco n’ingabo za karere n’amasezerano y’amahoro.

Ubundi kandi tariki ya 30/04/2025, Boulos yahuriye n’intumwa z’ibi bihugu i Doha muri Qatar, hari kandi n’intumwa za Togo n’u Bufaransa, bagiranye ibiganiro bigamije ku gushyira imbaraga ku kibazo cy’umutekano muke mu Burasizuba bwa Congo ndetse n’ibiganiro hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Tags: Amaseserano y'ibanzeAmerikaRdcRwanda
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

UPDF Yatabaye Abasivili Barenga 200 mu Gikorwa Gikomeye cyo Kurwanya ADF mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
April 20, 2026
0
UPDF Yatabaye Abasivili Barenga 200 mu Gikorwa Gikomeye cyo Kurwanya ADF mu Burasirazuba bwa RDC

UPDF Yatabaye Abasivili Barenga 200 mu Gikorwa Gikomeye cyo Kurwanya ADF mu Burasirazuba bwa RDC Ingabo za Uganda (UPDF) ziri mu bikorwa bihuriweho byo kurwanya umutwe w’iterabwoba wa...

Read moreDetails

Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho

by Bahanda Bruce
April 20, 2026
0
Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho

Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho Mu biganiro by’ubufatanye hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura Mu minsi mike ishize yo muri uyu mwaka wa 2026, mu gace ka Musaga...

Read moreDetails

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Amayobera ku Rupfu rw’Umuyobozi wo muri Guverinoma i Bujumbura

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi Amakuru atandukanye yatangajwe ku rupfu rwa Gabby Bugaga, wahoze ari Minisitiri w’Itangazamakuru n’Itumanaho mu Burundi, akomeje guteza impaka zikomeye....

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, uri no ku buyobozi bw’Umuryango wa Afurika Yunze...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Tshisekedi yasezeranyije Abanye-Congo ibikomeye ariko byiza.

Kera kabaye, Tshisekedi yakaniye yiyama abamushinja kugurisha umutungo wa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?