• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’inyeshamba za Gumino, Alexis Nyamusaraba, ashinjwa n’Abapfulero ku bahungabanyiriza umutekano wa karere.

minebwenews by minebwenews
December 18, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwiyita Col Alexis Nyamusaraba, wo mu mutwe w’Inyeshamba wa Gumino, yirukanwe n’Abapfulero mu karere ka Rurambo, ho muri Grupema ya Kigoma, Cheferie ya Bapfulero, muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Mu ntangiriro z’iki Cyumweru dusoje, ahagana k’u wa Kabiri, tariki 12/12/2023, n’ibwo hamenyekanye amakuru avuga ko Nyamusaraba, yageze muri Localité ya Kajembwe, muri Grupema ya Bijombo, teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, aho ngoyaba yarahunze Abapfulero baturiye akarere ka Rurambo.

Nk’uko iy’i nkuru ikomeza ivuga n’uko nyuma y’uko Nyamusaraba akoresheje amanama menshi, hagati mu kwezi kwa Cumi (10) n’ukwa Cyumi numwe (11) no muntangiriro z’uku kwezi kwa Cumi nabiri (12), yo gukangurira abaturage bo mu bwoko bw’Abapfurero kwanga Twirwaneho no kuyirwanya aho uriya Nyamusaraba ashinja Twirwaneho kuba ifatanije na leta ya Kigali, Abapfulero byaje kurangira bigumuye kuri Nyamusaraba bamushinja kuba ariwe uteza “Umutekano muke muri Rurambo no munkengero zayo.”

Umwe mu baturage baturiye kariya karere, k’u bw’u mutekano we yanze ko izina rye rija hanze, yagize ati: “Nyamusaraba yavuye mu Rurambo, ahunze Abapfulero. Amakuru dufite n’uko bagiye kumurega muri Cheferie ya Bapfulero no muri Grupema ya Kigoma, bamureze ko ariwe uteza Umutekano muke muri Rurambo.”

Amakuru yizewe Minembwe Capital News, imaze kwakira n’uko Nyamusaraba yakoresheje i Nama mu Mihana y’abaturage bo mu bwoko bw’Abapfulero, irenga itanu(5), harimo: “Gitoga, Bibangwa, Murambi wa Gitoga, Rubuga n’ahandi nka Gashigo na Mukono.”

Kimweho andi makuru avuga ko uriya mutwe wa Gumino, ugifite abarwanyi babo muri Rurambo, nk’uwiyita Colonel Nzeyimana uyoboye Insoresore zo mu bwoko bwa Batwa, arahitwa Bibangwa mugihe Fureko we ari mubice bya Localite ya Gitoga, aho arikumwe n’abamwe mu ba Maï Maï bo kwa Colonel Rushaba.

Bikavugwa ko ubwo Nyamusaraba yerekezaga mu bice byo muri Localite ya Kajembwe, yajanye na Colonel Karemera, wahoze mu mutwe wa P5, urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda.

Bruce Bahanda.

Tags: AbapfuleroAlex NyamusarabaGuminoKajembweKaremeraP5RuramboUmutekano
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post

Minisitiri w'Ingabo Jean Pierre Bemba, y'ibasiriye Moïse Katumbi, kuba ashaka gutsinda Amatora anyuze mu Barusiya.

Comments 1

  1. Gasore says:
    2 years ago

    Nibamuhige

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?