• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, July 31, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umuririmbyi Gallas Bihozagara, uzwi mu ndirimbo za Kinyamulenge, yatawe muri yombi

minebwenews by minebwenews
May 20, 2024
in World News
0
Umuririmbyi Gallas Bihozagara, uzwi mu ndirimbo za Kinyamulenge, yatawe muri yombi
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuririmbyi Gallas Bihozagara Muhire, uzwi mu ndirimbo za Kinyamulenge, yatawe muri yombi.

You might also like

Ibyo Utamenye ku Myitwarire ya Netanyahu muri White House Yavugishije Benshi; Dore Impamvu Yateje Impaka n’Icyo Bisobanura

Impaka Zakomeje Kwiyongera mu Burundi Nyuma y’Amagambo ya Pacifique Nininahazwe ku Ruhare rw’u Burundi muri RDC: Igisirikare Cyamusubije ko Atanga Amakuru Ashobora Guhungabanya Umutekano

Perezida Trump Yashyize Hanze Ibyo Putin na Xi Jinping Bamwijeje kuri Iran; Tehran na Yo Isubiza Amerika mu Magambo Akakaye, Intambara ya Dipolomasi Ikomeza Gushyushya Isi

Ni ahagana isaha z’umugoroba wo kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki ya 19/05/2024, nibwo Gallas Bihozagara Muhire yafunzwe afatiwe i Kasalani ho muri Nairobi mu gihugu cya Kenya, nk’uko iy’inkuru tuyikesha abakunzi be.

Minembwe Capital News yabwiwe ko Gallas yafashwe n’urwego rushinzwe iperereza ruzwi nka CID, rwo muri leta ya Kenya.

Ay’amakuru anavuga ko Gallas Muhire yafashwe mu gihe yari amaze kugera mu gitaramo aho yari yagiteguriye kuri stade ya Kasalani. Iki gitaramo kikaba cyari cyo kumurika ishirahamwe rya Gallas Foundation, iryo yavuga ko ari ryo gufasha abatishoboye bavuka Imulenge.

Ay’amakuru akomeza avuga ko iki gitaramo Gallas yafatiwemo cyari giteguye ko kiri butangire isaha umunani za manwa, kikaza kurangira isaha zibiri z’ijoro. Avuga kandi ko yafashwe n’abantu babiri baje bambaye igisivile ariko bitwaye imbunda nto zizwi nka pistol. Gusa iki gitaramo cyari cyitabiriwe n’abantu babarirwa ku ntoki, ndetse kikaba cyarasojwe isaha ya saa kumi n’imwe n’iminota icumi n’umwe z’u mugoroba, ari nabwo yahise atabwa muri yombi.

Ibyo bibaye mu gihe ku itariki ya 19/04/2024, Gallas Muhire yahuye imbona nkubune na minisitiri Alexis Muvunyi Gisaro, baganira ku mushinga wa Gallas Foundation, amakuru atazwi ni ukuba Alexis Gisaro ko yoba yaramwemereye ubufasha.

Umuririmbyi Gallas, ni umukongomani w’u Munyamulenge. Ababyeyi be ni Abanyamulenge batuye igihe kirekire muri Byura(MOBA). Uyu muririmbyi agitangiza umwuga w’uburirimbyi yaririmbaga indirimbi zihayagiza Twirwaneho nyuma aja guhindura akora izivuga ibigwi bya Gumino ya Alexis Nyamusaraba na leta ya Félix Tshisekedi.

Kugeza ubu icyaba cyatumye uyu muririmbyi afungwa ntakiramenyekana.

             MCN.
Tags: CidGallasIperereza rya KenyaumuririmbyiYatawe muri yombi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibyo Utamenye ku Myitwarire ya Netanyahu muri White House Yavugishije Benshi; Dore Impamvu Yateje Impaka n’Icyo Bisobanura

by Bahanda Bruce
July 31, 2026
0
Ibyo Utamenye ku Myitwarire ya Netanyahu muri White House Yavugishije Benshi; Dore Impamvu Yateje Impaka n’Icyo Bisobanura

Ibyo Utamenye ku Myitwarire ya Netanyahu muri White House Yavugishije Benshi; Dore Impamvu Yateje Impaka n'Icyo Bisobanura MINEMBWE CAPITAL NEWS Imyitwarire ya Minisitiri w'Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu,...

Read moreDetails

Impaka Zakomeje Kwiyongera mu Burundi Nyuma y’Amagambo ya Pacifique Nininahazwe ku Ruhare rw’u Burundi muri RDC: Igisirikare Cyamusubije ko Atanga Amakuru Ashobora Guhungabanya Umutekano

by Bahanda Bruce
July 28, 2026
0
Impaka Zakomeje Kwiyongera mu Burundi Nyuma y’Amagambo ya Pacifique Nininahazwe ku Ruhare rw’u Burundi muri RDC: Igisirikare Cyamusubije ko Atanga Amakuru Ashobora Guhungabanya Umutekano

MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Impaka Zakomeje Kwiyongera mu Burundi Nyuma y’Amagambo ya Pacifique Nininahazwe ku Ruhare rw’u Burundi muri RDC: Igisirikare Cyamusubije ko Atanga Amakuru Ashobora Guhungabanya Umutekano...

Read moreDetails

Perezida Trump Yashyize Hanze Ibyo Putin na Xi Jinping Bamwijeje kuri Iran; Tehran na Yo Isubiza Amerika mu Magambo Akakaye, Intambara ya Dipolomasi Ikomeza Gushyushya Isi

by Bahanda Bruce
July 28, 2026
0
Perezida Trump Yashyize Hanze Ibyo Putin na Xi Jinping Bamwijeje kuri Iran; Tehran na Yo Isubiza Amerika mu Magambo Akakaye, Intambara ya Dipolomasi Ikomeza Gushyushya Isi

Perezida Trump Yashyize Hanze Ibyo Putin na Xi Jinping Bamwijeje kuri Iran; Tehran na Yo Isubiza Amerika mu Magambo Akakaye, Intambara ya Dipolomasi Ikomeza Gushyushya Isi MINEMBWE CAPITAL...

Read moreDetails

Inkuru Itangaje Yahindutse Amateka: Perezida wa Bangladesh Yeguye ku Bushake, Dore Icyatumye Afata Iki Cyemezo n’Ibyaranze Ubuyobozi Bwe

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Inkuru Itangaje Yahindutse Amateka: Perezida wa Bangladesh Yeguye ku Bushake, Dore Icyatumye Afata Iki Cyemezo n’Ibyaranze Ubuyobozi Bwe

Inkuru Itangaje Yahindutse Amateka: Perezida wa Bangladesh Yeguye ku Bushake, Dore Icyatumye Afata Iki Cyemezo n'Ibyaranze Ubuyobozi Bwe MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gikorwa cyatunguranye cyakuruye impaka n'inyungu...

Read moreDetails

Perezida Trump Yongeye Guteza Impaka Nyuma yo Gutangaza Umugambi wo Kwiyamamariza Indi Manda muri Amerika

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Perezida Trump Yongeye Guteza Impaka Nyuma yo Gutangaza Umugambi wo Kwiyamamariza Indi Manda muri Amerika

Perezida Trump Yongeye Guteza Impaka Nyuma yo Gutangaza Umugambi wo Kwiyamamariza Indi Manda muri Amerika MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump,...

Read moreDetails
Next Post
Umukuru w’igihugu cya Iran, Ebrahim Raisi yapfuye, apfana n’abandi banyacyubahiro bo mu gihugu cye.

Umukuru w'igihugu cya Iran, Ebrahim Raisi yapfuye, apfana n'abandi banyacyubahiro bo mu gihugu cye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?