• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umutekano wa karere k’i Mulenge, muri Kivu y’Amajy’epfo, ukomeje kuzamba kubera Wazalendo, Insoresore z’Abarundi na FDLR.

minebwenews by minebwenews
December 29, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutekano ukomeje kuzamba, mu misozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Imisozi miremire y’Imulenge, igizwe n’i Cyohagati, Mibunda, i Ndondo, Minembwe, Rurambo na Bibogobogo.

Nk’uko iy’inkuru tuyikesha bamwe mu baturage baturiye ibyo bice, bavuze ko Rurambo, yongeye kugeramo Ingabo z’u Burundi, zo mu mutwe wa TAFOC(ubufatanye bw’Ingabo z’u Burundi n’iza FARDC, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo), zaje ziva i Burundi abandi bakaba baje bava i Ndondo ya Bijombo.

Naho mu Bibogobogo, muri teritware ya Fizi, havuzwe ubwoba bwinshi n’i mugihe ijoro ryo k’u wa Gatatu rishira ku wa Kane, tariki ya 28/12/2023, Wazalendo (Maï Maï), Insoresore z’Abarundi na FDLR, bagaragaye ahitwa i Karere, agace gatuwemo n’ubwoko bw’Abembe, aho bya navuzwe ko bashaka kongera kugaba ibitero mu Banyamulenge baturiye u muhana wa Bibogobogo. Ibi byongeye kongera umutekano muke mu Banyamulenge baturiye ibyo bice.

N’imugihe kandi muri Komine ya Minembwe n’inkengero zayo hakomeje kugaragara Wazalendo, Insoresore z’Abarundi na FDLR, aho ndetse ibitero byo ngeye kwiyongera muri uku kwezi kwa Cumi nabiri (12), uy’u mwaka w’2023. Kuva mu ntangiriro z’ukwezi kwa 12, kugeza ubu, Wazalendo, Insoresore z’Abarundi na FDLR, bamaze kugaba ibitero bigera kuri 4 bigamije gusenyera Abanyamulenge no kunyaga Inka zabo.

Kuri ubu Wazalendo, Insoresore z’Abarundi na FDLR, bashize ibirindiro bikaze mu nkengero za Komine Minembwe, ahitwa Nyabibuye, i Ruru, Rugezi na Matanganika.

N’ibirindiro bivugwa ko bigamije kurimbura abanyamulenge. Amakuru dukesha abaturage, avuga ko Wazalendo ko bakomeje no kuzamura abasore ba Barundi, ba bavana mu makambi z’impunzi za Lusenda na Uvira, aho babazana bakigishwa na FDLR, igisirikare mu Lulenge, muri teritware ya Fizi.

Hari na makuru avuga ko leta ya Kinshasa, ya genye Colonel Brown Njwapa, uvuka mu bwoko bw’Abapfurero, i Milimba, kuba umuyobozi mukuru wa Wazalendo, n’Insoresore z’Abarundi na FDLR , mu rwego rwo kugira ngo Wazalendo, barusheho gukomera maze bakomeze Gahunda yabo yo kwica Abanyamulenge no kunyaga Inka zabo.

Ibi byagiye binigambwa na Justin Bitakwira Bihona, uzwi nka soma mbike wa Perezida Félix Tshisekedi.

Bitakwira, yigeze nokuba minisitiri w’iterambere mu byaro k’u rwego rw’igihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Bruce Bahanda.

Tags: Kivu yamajy'EpfoUkomeje kuzamba kubera Wazalendo Insoresore z'Abarundi na FDLRUmutekano wa karere k'i Mulenge
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post

Gen Kainarugaba Muhoozi, y'ifurije Mama Janet Museveni, gukira COVID-19.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?