• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 16, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umuvugizi wa RDC,Patrick Muyaya, yatangaje ko abaturage ba Congo Kinshasa, bifuza ko ingabo zabo za kwinjira mu ntambara n’u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
October 18, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo akanaba na Minisitiri w’itumanaho muriyo leta ya Kinshasa, Patrick Muyaya, yemeje ko abanyekongo bifuza ko igisirikare ca RDC (FARDC), cakwinjira mu ntambara n’u Rwanda; gusa akavuga ko ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bushize imbere uburyo bwa mahoro mu gukemura amakimbirane bafitanye n’u Rwanda.

Minisitiri Patrick Muyaya yabitangaje kuri uyu wa Gatatu tariki 18/10/2023.

READ ALSO

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

Yagize ati: “Abanye-Congo benshi bashaka intambara, bashaka ko dushira iherezo ku bikorwa by’u Rwanda burundu. Iki ni cyo cyifuzo cy’abanye-Congo.”

Yakomeje agira ati: “Twebwe turi muri Guverinoma turatekereza rwose ko Perezida wa Repubulika atekereza ko intambara atari amahitamo meza, kubera ko intambara igira ingaruka nyinshi. Turi mu nzira ya mahoro kubera ko tugomba gukemura ikibazo kimaze imyaka 20 cyarananiranye.”

Muyaya yatangaje ibi mu gihe intumwa yihariye y’Umuryango w’Abibumbye mu karere k’ibiyaga bigari, Huang Xia, aheruka kubwira akanama ka Loni ko bishoboka cyane ko RDC ishobora kwisanga mu ntambara n’u Rwanda.

Ni nyuma y’iminsi 18 imirwano yubuye mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru hagati y’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’umutwe wa M23 Kinshasa ivuga ko ufashwa n’u Rwanda.

U Rwanda ku rundi ruhande rushinja Ingabo za Congo kugirana imikoranire n’umutwe wa FDLR basangiye umugambi wo kuruhungabanyiriza umutekano.

M23 imaze igihe isaba Leta ya Congo ko bajya mu biganiro, gusa Kinshasa yarahiye ko itazigera na rimwe ijya mu biganiro n’uyu mutwe.

Abakurikiranira hafi amakimbirane y’impande zombi bahuriza ku kuba Congo ishize imbere gahunda yo gukoresha ingufu za gisirikare mu rwego rwo gutsinda uriya mutwe.

Amb. Huang cyakora ashimangira ko “igisubizo cya gisirikare cyonyine ntigishobora kuzana amahoro arambye”, akavuga ko bikenewe ko impande zombi zikomeza kuganira mu rwego rwo gukemura ibibazo biriho.

By Bruce Bahanda.

Tags: Patrick MuyayaYatangaje ko abaturage ba Congo Kinshasa bifuza ko ingabo za RDC zinjira mu Ntambara n'u Rwanda

Related Posts

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo
Uncategorized

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

August 14, 2026
RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho
Uncategorized

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

July 29, 2026
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara
Uncategorized

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

July 25, 2026
Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego
Uncategorized

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

July 22, 2026
Tshisekedi Yatangaje Ikiganiro Cyagutse Kizahuza Abanyekongo Bose: Dore Ibyamaze Kwemezwa, Ibigiye Gukorwa n’Ibizagenderwaho
Uncategorized

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées

July 20, 2026
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki
Uncategorized

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

June 9, 2026
Next Post

Imbunda zirasa bucece, zambuwe abasirikare bo mw'itsinda rya Hiboux, muri RDC, Minembwe Capital News, yahawe amashusho yazo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Uvira: Urusaku rw’Amasasu rwateje Ubwoba mu Baturage — Ese Ifungwa rya Fyeka Adui ni ryo Rikomeje Guhungabanya Umutekano?
  • RDC: Manda ya Gatatu ya Tshisekedi: Ibyo Perezida Yavuze n’Impaka Byateje mu Gihugu
  • Perezida Theodore Roosevelt na Donald Trump: Abayobozi Babiri Bashatse Guhindura Amerika, Amateka Yabo Atandukaniye He?
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?