• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, April 21, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umwe mu bategetsi ba Amerika yanenze bikomeye FARDC na perezida Tshisekedi

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 15, 2025
in Regional Politics
0
Umwe mu bategetsi ba Amerika yanenze bikomeye FARDC na perezida Tshisekedi
90
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwe mu bategetsi ba Amerika yanenze bikomeye FARDC na perezida Tshisekedi

You might also like

Rubaya at a Critical Crossroads: Mines Attract U.S. Companies Amid Political and Security Tensions in the DRC

Rubaya mu Ihurizo Rikomeye: Ibirombe Bikomeje Gukurura Sosiyete z’Abanyamerika Mu Ntambara ya Politiki n’Umutekano muri RDC

UPDF Yatabaye Abasivili Barenga 200 mu Gikorwa Gikomeye cyo Kurwanya ADF mu Burasirazuba bwa RDC

Umunyamabanga wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika wungirije , Tibor Nagy, ushinzwe umugabane wa Afrika, yanenze igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC na perezida w’icyo gihugu, Felix Tshisekedi, ku ngendo nyinshi akora mu mahanga mu gihe abaturage bo mu gihugu cye bicwa umunsi ku wundi.

Hari mu gihe perezida Felix Tshisekedi yari asoje urugendo yari yagiriye i Astana muri Kazakhstan.

Uyu mutegetetsi wo muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika ushinzwe umugabane wa Afrika, abinyujije ku rukuta rwe rwa x, yagize ati: “Ni igisebo gikomeye uko ingabo za Congo zandagajwe na M23, none izo ngabo kandi ntishoboye kurinda abaturage b’inzirakarengane bo mu duce dutuwe tubarizwamo inyeshyamba za ADF zikorana byahafi na ISIS.”

Yakomeje avuga ko na perezida Felix Tshisekedi aho gusura abaturage bo mu Burasirazuba bw’iki gihugu cye bicwa umunsi ku wundi, ahubwo yihitiramo kugirira ingendo mu bihugu byakure.

Ati: “Tshisekedi ari kuzunguruka mu isi akubita iyo za Kazakhstan n’ahandi, mu gihe yagasuye abo mu Burasirazuba bwa RDC bari mu bibazo byo kwicwa.”

Tiboy Nagy atangaje ibi mu gihe umutwe wa ADF uheruka kugaba igitero muri teritware ya Lubero, wica abantu barenga 100, abandi babarirwa 144 baburirwa irengero.

Tags: FardcTshisekedi
Share36Tweet23Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Rubaya at a Critical Crossroads: Mines Attract U.S. Companies Amid Political and Security Tensions in the DRC

by Bahanda Bruce
April 21, 2026
0
Rubaya mu Ihurizo Rikomeye: Ibirombe Bikomeje Gukurura Sosiyete z’Abanyamerika Mu Ntambara ya Politiki n’Umutekano muri RDC

Rubaya at a Critical Crossroads: Mines Attract U.S. Companies Amid Political and Security Tensions in the DRC In the eastern Democratic Republic of the Congo (DRC), the security...

Read moreDetails

Rubaya mu Ihurizo Rikomeye: Ibirombe Bikomeje Gukurura Sosiyete z’Abanyamerika Mu Ntambara ya Politiki n’Umutekano muri RDC

by Bahanda Bruce
April 21, 2026
0
Rubaya mu Ihurizo Rikomeye: Ibirombe Bikomeje Gukurura Sosiyete z’Abanyamerika Mu Ntambara ya Politiki n’Umutekano muri RDC

Rubaya mu Ihurizo Rikomeye: Ibirombe Bikomeje Gukurura Sosiyete z’Abanyamerika Mu Ntambara ya Politiki n’Umutekano muri RDC Mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ikibazo cy’umutekano muke...

Read moreDetails

UPDF Yatabaye Abasivili Barenga 200 mu Gikorwa Gikomeye cyo Kurwanya ADF mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
April 20, 2026
0
UPDF Yatabaye Abasivili Barenga 200 mu Gikorwa Gikomeye cyo Kurwanya ADF mu Burasirazuba bwa RDC

UPDF Yatabaye Abasivili Barenga 200 mu Gikorwa Gikomeye cyo Kurwanya ADF mu Burasirazuba bwa RDC Ingabo za Uganda (UPDF) ziri mu bikorwa bihuriweho byo kurwanya umutwe w’iterabwoba wa...

Read moreDetails

Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho

by Bahanda Bruce
April 20, 2026
0
Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho

Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho Mu biganiro by’ubufatanye hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura Mu minsi mike ishize yo muri uyu mwaka wa 2026, mu gace ka Musaga...

Read moreDetails
Next Post
Makyambe wahoze ayobora zone ya Minembwe igihe cya RCD yishwe arashwe

Iby'ibitero Wazalendo bagabye ku birindiro bya AFC/M23

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?