• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, September 11, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umwe mubalimu b’Imulenge wafatwaga nk’inararibonye mu by’uburezi, yatabarutse, menya ibigwi bye.

minebwenews by minebwenews
July 31, 2024
in Uncategorized
0
Umwe mubalimu b’Imulenge wafatwaga nk’inararibonye mu by’uburezi, yatabarutse, menya ibigwi bye.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwe mubalimu b’Imulenge wafatwaga nk’inararibonye mu by’uburezi, yatabarutse, menya ibigwi bye.

Ni Prof. Ndamage Célèbre witabye Imana mu joro ryo ku itariki ya 29/07/2024, akaba yaratabarukiye Inyamata mu gihugu cy’u Rwanda.

READ ALSO

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

Urupfu rwa Prof.Ndamage Célèbre Ignace, rwashenguye imitama y’Abanyamulenge benshi ahanini abo yigishike ku mashuri abanza nayisumbuye dore ko yatangiye akazi ku burezi ahagana mu 1980, nk’uko byavuzwe n’umwe wo mu muryango we wahafi.

Ndamage ni Umunyarwanda ariko imyaka ye myinshi y’ubuzima bwe yayibanyemo n’Abanyamulenge ndetse akaba yarazwi cyane mu karere ka Haut-Plateau, mu Rurambo, i Ndondo ya Bijombo, Mibunda, Minembwe na Bibogobogo.

Umwe uri mubababajwe no kumva inkuru y’urupfu rwa Pro. Ndamage, yagize ati: “Ndamage ni Monument hari ya iwacu, kuva Rurambo kugeza Minembwe. Ku bagize amahirwe yo gukandagira mu ishuri ahagana mu 1980-1994 baramuzi kandi yagerageje gutanga ibyo yarafite byose, muri kazoza k’u muryango w’Abanyamulenge.”

Nk’uko byavuzwe, uyu mugabo yigishije ku kigo cy’Ishuri giherereye mu Kagogo, cyitwa Wanaichi, Maendeleo yo mu Gatanga, Mahuno yo mu Turambo, Furaha yo ku Kabara, Mucyo yo ku Mugogo, n’ibindi kuko yigishije no mu Bibogobogo na Minembwe.

Abamuzi bavuga ko yatangaga isomo rya Mathématique (imibare) na Physique kandi ko yabyigishaga neza ku rwego rwo hejuru.

Usibye kuba Ndamage yarigishije imibare na Physique ngo hari n’ibindi bigo yagiye ayobora nka Directeur.

Abamuhamije, babwiye Minembwe Capital News ko Ndamage yari umugabo w’intangarugero ko ndetse kandi yari umugabo ukunda abantu.

Mu itangazo rivuga iby’urupfu rwa Ndamage, ryasobanuye ko yishwe n’indwara. Gusa indwara ya mwishe ntiyatangajwe, nk’uko itangazo ribigaragaza.

Rigira riti: “Ndamage yishwe n’uburwayi yaramaranye igihe gito.”

               MCN.
Tags: InararibonyeIshuriMubanyamulengeProf.Ndamage Célèbre IgnaceYitabye Imana

Related Posts

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo
Uncategorized

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

August 14, 2026
RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho
Uncategorized

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

July 29, 2026
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara
Uncategorized

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

July 25, 2026
Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego
Uncategorized

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

July 22, 2026
Tshisekedi Yatangaje Ikiganiro Cyagutse Kizahuza Abanyekongo Bose: Dore Ibyamaze Kwemezwa, Ibigiye Gukorwa n’Ibizagenderwaho
Uncategorized

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées

July 20, 2026
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki
Uncategorized

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

June 9, 2026
Next Post
Ibindi wa menya ku muyobozi wa Hamas wishwe, ndetse n’ibindi byakurikiraho nyuma y’urupfu rwe.

Ibindi wa menya ku muyobozi wa Hamas wishwe, ndetse n'ibindi byakurikiraho nyuma y'urupfu rwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga
  • MWENGA: Radio Community de Mwenga Yatewe, Ibikoresho Birasahurwa n’Ibiganiro Birahagarara
  • Abantu 26 Bahitanywe n’Inkongi i Bukavu: AFC/M23 Itangaje Iminsi 3 y’Icyunamo
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?