• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Urupfu rw’umusirikare w’u Burundi, Major Ernest Gashirahamwe, wiciwe i Masisi, muntambara bahanganyemo n’ingabo za M23, rwashegesheje imitima y’Abarundi benshi mu gihugu c’u Burundi.

minebwenews by minebwenews
November 8, 2023
in Uncategorized
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Urupfu rw’umusirikare womungabo z’u Burundi, Major Ernest Gashirahamwe, wiciwe i Masisi, muntambara ingabo za leta ya Kinshasa bahanganyemo n’ingabo za M23, rwashegesheje imitima y’Abarundi benshi, mu Gihugu c’u Burundi.

You might also like

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye

Kabuga meurt à La Haye : l’un des hommes les plus recherchés au monde s’éteint à 90 ans

Major Ernest Gashirahamwe yari umusirikare w’Uburundi. Kuva kuwa Mbere, tariki 06.11.2023, n’ibwo inkuru ye yamamaye ko yiciwe i Kilolirwe homuri teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Gihugu ca RDC.

Ay’amakuru avuga ko uriya musirikare w’u Burundi, yapfuye kuruyu wo ku Cyumweru, tariki 05/11/2023, mu mirwano ihanganishijije umutwe w’inyeshamba wa M23 n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC, FDLR, Wagner, Imbonerakure z’u Burundi na Wazalendo), Ay’amakuru ahamyako hariho abandi basirikare b’Uburundi baguye muri iyo ntambara, abandi bafatwa mpiri na M23 gusa bivugwa ko abasirikare b’u Burundi bamaze kwambikwa mwambaro w’igisirikare ca RDC.

Umuryango wa Major Ernest Gashirahamwe bemeje urupfu rwe nk’uko tubikesha inkuru yanditswe na Pacifique Nininahazwe, w’umurundi ndetse yanemeje ko n’igisirikare c’u Burundi gihamya ko uwo musirikare yaguye k’urugamba bahanganyemo na M23.

Uriya mwanditsi Pacifique Nininahazwe, yakomeje avuga ati: “Bigenda gute kugira umusirikare w’Uburundi apfire m’u rugamba yambaye umwambaro w’ikindi gihugu ?”

“Yewe biteye isoni kuja mu rugamba mu mwambaro w’igisirikare ca FARDC Kandi uri umusirikare w’u Burundi!”

Yakomeje yibaza ibi bibazo?

“Leta y’u Burundi ikomeje kwiyorobeka mu bibera muri Congo, bukitwa ko buhagarariye amahoro mu ngabo za EAC bukongera bukitaba intambara!”

“Nimba leta y’u Burundi yemeye gufasha Congo, ni ukubera iki abasirikare b’Uburundi batajana n’abasirikare ba Congo, bakifatanya na Wazalendo na FDLR bashinjwa gukora Genocide mu Rwanda?”

“Abasirikare b’abarundi baguye muri iyo ntambara bangana gute ? Igihugu kizobasezera muyihe mvugo ? Congo izabaha agaciro nkingabo z’u Burundi zayipfiriye ? Congo izoriha iki imiryango y’izi ngabo z’Uburundi ?”

“Ijambo ry’u Burundi mu Mahanga rigiye kumera gute ?”

Uy’u murundi w’umwanditsi yarangije asaba ko perezida Evariste Ndayishimiye, yasobanurira abarundi ingene abasirikare b’igihugu cye bambitswe imyambaro y’igisikare ca Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC).

Twabibutsako byavuzwe ko abasirikare b’u Burundi bamaze gupfira muntambara bahanganyemo na M23 bakabakaba 200.

By Bruce Bahanda.

Tags: I Masisi mu Ntara ya Kivu y'AmajyaruguMuntambara bahanganyemo n'ingabo za M23 rwashegesheje imitima y'Abarundi benshi mu gihugu c'u BurundiUrupfu rw'umusirikare w'u Burundi Major Ernest Gashirahamwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki Umwuka wa politiki n’imibereho rusange urakomeje kuba mubi...

Read moreDetails

MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye

MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye Umutwe wa MRDP-Twirwaneho watangaje ko wongeye gufata ikigo cya Mikenke giherereye muri Teritwari ya Mwenga, mu...

Read moreDetails

Kabuga meurt à La Haye : l’un des hommes les plus recherchés au monde s’éteint à 90 ans

by Bahanda Bruce
May 16, 2026
0
I La Haye Hapfiriye Kabuga: Umwe mu Bantu Bashakishijwe Kurusha Abandi ku Isi

Kabuga meurt à La Haye : l’un des hommes les plus recherchés au monde s’éteint à 90 ans Félicien Kabuga, l’un des hommes d’affaires rwandais les plus influents...

Read moreDetails

Ihuriro Rikomeye ry’Abatavuga Rumwe n’Ubutegetsi muri RDC Ryatangaje Gutangiza Urubuga rwo Kurengera Itegeko Nshinga; Igitutu Cyiyongera kuri Félix Tshisekedi

by Bahanda Bruce
May 16, 2026
0
Ihuriro Rikomeye ry’Abatavuga Rumwe n’Ubutegetsi muri RDC Ryatangaje Gutangiza Urubuga rwo Kurengera Itegeko Nshinga; Igitutu Cyiyongera kuri Félix Tshisekedi

Ihuriro Rikomeye ry’Abatavuga Rumwe n’Ubutegetsi muri RDC Ryatangaje Gutangiza Urubuga rwo Kurengera Itegeko Nshinga; Igitutu Cyiyongera kuri Félix Tshisekedi Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje kwinjira...

Read moreDetails

RDC: Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zamaganye Ibitero bya Drone bya FARDC i Mushaki n’Ubwicanyi Bukomeje Gukorerwa Abaturage i Uvira no Mu Nkengero Zaho

by Bahanda Bruce
May 9, 2026
0
Masisi : Les FARDC Bombardent des Zones Habitées par des Civils, Faisant Plusieurs Victimes

RDC: Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zamaganye Ibitero bya Drone bya FARDC i Mushaki n’Ubwicanyi Bukomeje Gukorerwa Abaturage i Uvira no Mu Nkengero Zaho Leta Zunze Ubumwe za...

Read moreDetails
Next Post

U mutwe wa M23, wongeye kwambura ingabo za Republika ya Demokorasi ya Congo, ibice byomuri teritware ya Masisi.

Comments 1

  1. chinamen says:
    3 years ago

    Wow, superb ƅloɡ format! How ⅼong have you ever been running a
    blog for? үou make running a blog look eаsy. Thе wholе glance օf your sіte is eҳceⅼlent,
    ⅼet alone the content!

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?