• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Uruzinduko rwa Jakaya Kikwete, muri Congo Kinshasa, ngo ntirusanzwe nimugihe i Nama ze zikomeje kunyura ubutegetsi bwa Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
October 5, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mubiganiro bikomeje guhuza Perezida Félix Tshisekedi, wa Republika ya Demokarasi ya Congo na Jakaya Kikwete wigezeho kuba umukuru w’igihugu ca Tanzania ngo bikomeje kunyura uyu Mukuru w’igihugu ca RDC.

You might also like

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye

Kabuga meurt à La Haye : l’un des hommes les plus recherchés au monde s’éteint à 90 ans

Mubyo aba bayobozi bombi barimo kuganira harimo iby’umutekano w’uburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo (Eastern DRC), aho Jakaya Kikwete agendera i Nama perezida Félix Tshisekedi uburyo aka karere ka garukamo amahoro n’umutekano urambye. Jakaya Kikwete yageze kubutaka bwa RDC kuri uyu wa Kabiri, tariki 02/10/2023, bikemezwa ko yahise asanga perezida Félix Tshisekedi aho yari mu r’uzinduko rwakazi i Lubumbashi.

Mu Nama Jakaya Kikwete agira ubutegetsi bwa Kinshasa harimo ko Kinshasa yakwemerera ingabo z’u muryango wa SADEC zikoherezwa mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru kugira ngo zifashe ingabo za RDC guhangana n’inyeshamba za M23.

Uru r’uzinduko rwa Jakaya Kikwete, muri Congo Kinshasa, ruri mubyatunye haba ibihuha byinshi aho bamwe bagaragaza ko Kikwete yafashwe nku muchunguzi wa bakongomani kubijanye n’i Nama aheza ubutegetsi bwa Kinshasa.
N’uruzinduko rwavuzwe ko kandi umukuru w’igihugu ca RDC Félix Tshisekedi ko rwamunejeje aho binemezwa ko yemereye Kikwete ibyo yamugiyeho i Nama byose.

Kikwete usanzwe ari Perezida w’akanama k’inararibonye k’umuryango wa Afrika y’amajyepfo, SADC, ageze Congo yagerageje no kunga Kabila na Tshisekedi, bari bamaze igihe batavugana, gusa Umuvugizi wa guverinoma ya RDC, Patrick Muyaya, yatangaje ko ibi atari ukuri.

Muyaya yasobanuriye itangazamakuru ko uruzinduko rwa Kikwete ari ukugira ngo aganire na Tshisekedi ku buryo ingabo z’ibihugu bya SADC zajya mu burasirazuba bwa RDC. Ati: “Kikwete wabaye Perezida wa Tanzania yaje kuganira na Perezida wa Repubulika ku ngabo za SADEC zishobora kuza muri RDC. Ntabwo yaje mu mishyikirano.”

Umuvugizi wa Perezida wa RDC, Tina Salama, yatangaje ko mu 2013, ubwo Kikwete yayoboraga Tanzania, igihugu cye cyohereje abasirikare mu mutwe w’ingabo kabuhariwe zishamikiye kuri MONUSCO, zitsinda umutwe wa M23, kugeza ubwo wasenyutse, abari bawugize bahungira muri Uganda no mu Rwanda.

Yagize ati: “Nka Perezida w’akanama k’inararibonye ka SADC, Perezida w’icyubahiro yakiriwe muri iki gitondo na Perezida Tshisekedi, baganira ku kohereza ingabo za SADC. Birakwiye kwibuka ko Kikwete yari Perezida wa Tanzania mu 2013 ubwo M23 yatsinzwe gisirikare na FARDC na FIB.”

Umuvugizi wa M23 mu rwego rwa gisirikare, Major Willy Ngoma, we yatangarije itangaza Makuru ko Tshisekedi, Kikwete na Kabila bahuriye i Lubumbashi, gusa ngo ntacyo bitanga kuko mu 2013 hatandukanye no mu 2023. Ngo igikenewe ni ibiganiro, aho gushoza intambara.

By Bruce Bahanda.

Tariki 05/10/2023.

Tags: Jakaya KikweteRDC TshisekediTanzaniaUruzinduko rwa fashwe nka gakiza kuri Congo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki Umwuka wa politiki n’imibereho rusange urakomeje kuba mubi...

Read moreDetails

MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye

MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye Umutwe wa MRDP-Twirwaneho watangaje ko wongeye gufata ikigo cya Mikenke giherereye muri Teritwari ya Mwenga, mu...

Read moreDetails

Kabuga meurt à La Haye : l’un des hommes les plus recherchés au monde s’éteint à 90 ans

by Bahanda Bruce
May 16, 2026
0
I La Haye Hapfiriye Kabuga: Umwe mu Bantu Bashakishijwe Kurusha Abandi ku Isi

Kabuga meurt à La Haye : l’un des hommes les plus recherchés au monde s’éteint à 90 ans Félicien Kabuga, l’un des hommes d’affaires rwandais les plus influents...

Read moreDetails

Ihuriro Rikomeye ry’Abatavuga Rumwe n’Ubutegetsi muri RDC Ryatangaje Gutangiza Urubuga rwo Kurengera Itegeko Nshinga; Igitutu Cyiyongera kuri Félix Tshisekedi

by Bahanda Bruce
May 16, 2026
0
Ihuriro Rikomeye ry’Abatavuga Rumwe n’Ubutegetsi muri RDC Ryatangaje Gutangiza Urubuga rwo Kurengera Itegeko Nshinga; Igitutu Cyiyongera kuri Félix Tshisekedi

Ihuriro Rikomeye ry’Abatavuga Rumwe n’Ubutegetsi muri RDC Ryatangaje Gutangiza Urubuga rwo Kurengera Itegeko Nshinga; Igitutu Cyiyongera kuri Félix Tshisekedi Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje kwinjira...

Read moreDetails

RDC: Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zamaganye Ibitero bya Drone bya FARDC i Mushaki n’Ubwicanyi Bukomeje Gukorerwa Abaturage i Uvira no Mu Nkengero Zaho

by Bahanda Bruce
May 9, 2026
0
Masisi : Les FARDC Bombardent des Zones Habitées par des Civils, Faisant Plusieurs Victimes

RDC: Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zamaganye Ibitero bya Drone bya FARDC i Mushaki n’Ubwicanyi Bukomeje Gukorerwa Abaturage i Uvira no Mu Nkengero Zaho Leta Zunze Ubumwe za...

Read moreDetails
Next Post

Kuri uyu wa Kane, habaye imirwano muri teritware ya Masisi, hagati ya M23 n' i mitwe y'inyeshamba ikorana na FARDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?