• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Uwishe umunyamakuru i Goma yafashwe, avuga n’idorali yahawe kugira ngo amwice.

minebwenews by minebwenews
October 3, 2024
in Uncategorized
0
Uwishe umunyamakuru i Goma yafashwe, avuga n’idorali yahawe kugira ngo amwice.
82
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwishe umunyamakuru i Goma yafashwe, avuga n’idorali yahawe kugira ngo amwice.

You might also like

AFC/M23/Twirwaneho Yigaruriye Bidasubirwaho Agace ka Kirungwa

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Uwishe umuyobozi mukuru wa Radio Maria y’i Goma mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yavuze ko yahawe amadorali 5 kugira ngo yice uyu munyamakuru.

Ahagana mu ijoro ryo kw’itariki ya 27/09/2024, nibwo hamenyenye urupfu rwa Edmond Mbarushimana Bahati wakoreraga Radio Maria, ni mu gihe yari yishwe arasiwe mu gace ka Ndosho haherereye muri Komine Karisimbi ubwo yari avuye mu kazi. Ababonye umurambo we bahamije ko yarashwe.

Tariki ya 30/09/2024, iperereza ryakozwe na polisi ifatanyije n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, rivuga ko abakekwaho kwica uyu munyamakuru Bahati bafashwe kandi ko barimo umusore witwa Dieume Bauma.

Uyu Bauma wafashwe yatangaje ko yinjiye mu mugambi wo kwica Bahati abisabwe n’umurwanyi wo mu ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro rya Wazalendo, Elisha Emedy Alias Mamadou uvugwaho kugirana amakimbirane n’uyu munyamakuru.

Yagize ati: “Nari mu rugo, Elisha Emedy Alias Mamadou wakoze iki cyaha, arampamagara, ampa amadolari atanu kugira ngo nice uyu munyamakuru, nyuma yuko bari bagiranye amakimbirane ntazi.”

Amakuru avuga ko Bahati wakoreraga Radio Maria yarashwe amasasu abiri mu gatuza ahita y’itaba Imana ako kanya.

Meya w’umujyi wa Goma, Kamand Kapend Faustin, yagaragaje ko bitumvikana kuba umuntu asabwa kwica mugenzi we kugira ngo yishyurwe amadorali 5. Avuga ko inzego zishinzwe umutekano zigiye guhaguruka kugira ngo zihashye abagizi ba nabi kandi ko bakwiye kugezwa mu butabera.

           MCN.
Tags: Bahati EdmondRadio MariaUmunyamakuruYishwe Arashwe
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23/Twirwaneho Yigaruriye Bidasubirwaho Agace ka Kirungwa

by Bahanda Bruce
March 17, 2026
0
AFC/M23/Twirwaneho Yigaruriye Bidasubirwaho Agace ka Kirungwa

AFC/M23/Twirwaneho Yigaruriye Bidasubirwaho Agace ka Kirungwa Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC)/M23/MRDP-Twirwaneho byemejwe ko ryamaze gufata mu buryo bwuzuye agace ka Kirungwa, gaherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo,...

Read moreDetails

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Tshilombo akomeje amacenga yo kwitwaza intambara arimo na M23 mu kugera ku byifuzo bye.

Perezida Tshilombo akomeje amacenga yo kwitwaza intambara arimo na M23 mu kugera ku byifuzo bye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?