• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, April 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Byakomeye, intambara ya Iran na Israel yahinduye isura mu buryo budasanzwe.

minebwenews by minebwenews
June 17, 2025
in World News
0
Byakomeye, intambara ya Iran na Israel yahinduye isura mu buryo budasanzwe.
97
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byakomeye, intambara ya Israel na Iran yahinduye isura mu buryo butangaje!

You might also like

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze

Perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump wari waravuze ko atazazivanga mu ntambara ya Israel na Iran, yasabye abari i Tehran kuhava bagatanga inzira maze akarimbura uwo murwa mukuru w’iki gihugu cya Iran gihanganye bikomeye na Israel inshuti yakataraboneka ya Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Ni bikubiye mu butumwa Donald Trump yatambukije ku rukuta rwe rwa Truth social, aho yagize ati: “Buri wese akwiye kuva i Tehran nonaha. Kugira ngo dukore akazi.”

Nyuma ya perezida Donald Trump, abategetsi bo muri Israel basabye abantu bari i Tehran n’abari mu nkengero zayo kuhava bagahunga, ndetse kandi ngo bakava n’ahantu hose hari ibikorwa remezo bya Iran.

Bigaragara neza ko Israel irusha imbaraga Iran inshuro nyinshi, kuburyo ishobora no gusenya ubutegetsi bwayo buriho igashyiraho ubundi, nk’uko n’ubundi yanabitangaje.

Iyi ntambara ya Iran na Israel igeze ku munsi wa gatanu, aho hari uguhangana gukomeye hagati y’impande zombi.

Mu ijoro ryo ku wa mbere Iran yohereje ibisasu muri Israel, ariko ntiharamenyekana ibyo byoba byarangije.

Perezida Donald Trump avuga ko Iran yari gusinya amasezerano ajyanye no gutunga intwaro kirimbuzi mu biganiro biteganyijwe hagati ya Amerika na Iran, iyo iza gucisha make ntihangane na Israel.

Ati: “Mu magambo yoroshye Iran ntabwo ishobora gutunga intwaro kirimbuzi.”

Yakomeje ati: “Narabivuze kenshi kandi mbisubiramo.”

Israel inyuze kuri minisitiri wayo w’intebe, Benjamin Netanyahu yasabye Amerika byeruye gufasha Israel ikivuna umwanzi wayo ukomeye.

Ati: “Amerika ni fashe Israel, kuko Iran yateye i Tel Aviv vuba izatera na Washington DC.”

Bwana Benjamin Netanyahu yanasobanuye ko intego nyamukuru ko bagiye guhindura ubutegetsi bw’i Tehran.

Mbere Iran yari yatangaje ko Amerika ni fasha Israel na yo izayigabaho ibitero.

Amerika rugikubita yabanje guhakana ko idafasha Israel, ariko mu makuru Iran yashyize hanze agaragaza ko mu bitero bya mbere, America ko ariyo yafashije Israel gufata amakuru no kugaba ibitero.

Ubundi kandi Amerika ni yo yafashije Israel mu kuzimya ibisasu Iran yateraga i Tel Aviv.

Mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa kabiri, amakuru avuga ko Iran yohereje mu kirere cya Israel drones 140.

Israel na yo iracyakomeje kurasa kuri Tehran.

Ndetse amakuru amwe avuga ko Israel yarashe televiziyo y’iki gihugu cya Iran ubwo abanyamakuru bari live batanga amakuru baisenya inyubako yayo irika hasi.

Hari n’amashusho yagiye hanze igihe c’isaha z’umugoroba w’ahar’ejo, agaragaza ibisasu biri guterwa kunyubako za televiziyo, kandi n’umunyamukuru wayo arimo kuyitangaho amakuru. Gusa uwo munyamakuru ntacyo yabaye , usibye ko televiziyo yasenywe.

Mbere yuko ingabo za Israel zisenya iriya televiziyo, minisitiri w’ingabo za Israel Katz, yari yatangaje ko televiziyo na radio bya Iran biza kuburirwa irengero.

Asobanura ko ari ibikoresho Iran ikoresha kugira ngo igumure abaturage.

Ahandi Israel yarashe harakongoka ni kubitaro bya Kermanshah.

Maze Iran ihita itegura ko igiye kugaba igitero gikaze kuri Israel cyo kwihorera.

Tags: AmerikaIntambaraIranIsrael
Share39Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe Nubwo abantu bose bavuka bafite uburenganzira bungana, uko isi ibitaho n’uburyo abayobozi bakomeye bayirindamo biratandukanye cyane. Amakuru mashya ashingiye...

Read moreDetails

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa Mu gihe isi ikomeje guhangayikishwa n’umutekano w’inzira z’ubucuruzi zo ku nyanja, igihugu cya Iran cyongeye gutangaza icyemezo gikomeye cyo gufunga umuhora wa Strait...

Read moreDetails

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Perezida yasibye ifoto yamugaragazaga nka Yesu

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze Mu gihe isi ikomeje gukurikiranira hafi umutekano w’inyanja zifite akamaro kanini mu bucuruzi mpuzamahanga, by’umwihariko Umuhora wa Hormuz, Leta Zunze...

Read moreDetails

Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye

Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye Perezida wa Brésil, Luiz Inácio Lula da Silva, yatangaje ko politiki ya Perezida wa Leta Zunze...

Read moreDetails

Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran

by Bahanda Bruce
April 17, 2026
0
Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran

Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran Umuhora wa Hormuz ni wo mutima w’ubucuruzi bwa peteroli ku isi, kuko unyuzwamo hafi 20% kugeza kuri 30%...

Read moreDetails
Next Post
Icyikango cyari cyose mu Rugezi nyuma y’ibiteye ubwoba abariyo bari babonye.

Icyikango cyari cyose mu Rugezi nyuma y'ibiteye ubwoba abariyo bari babonye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?