• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, August 25, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Deputy Commandate mu cyunamo yasabye Abanyamulenge gusenyera ku mugozi umwe.

minebwenews by minebwenews
August 13, 2025
in Regional Politics
0
Deputy Commandate mu cyunamo yasabye Abanyamulenge gusenyera ku mugozi umwe.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Deputy Commandate mu cyunamo yasabye Abanyamulenge gusenyera ku mugozi umwe.

Mu nkambi y’impunzi y’i Nakivale muri Uganda icyumbikiye abantu benshi barimo abaturutse mu bihugu bitandukanye harimo n’icya Repubulika ya demokarasi ya Congo, ubwo Abanyamulenge bibukaga ababo baguye mu Gatumba, umuyobozi wungirije w’iyi nkambi y’i Nakivale yabasabye gusenyera ku mugozi umwe mu rwego rwo kugira ngo bagwize imbaraga.

READ ALSO

Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR

Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR

Ni kuri uyu wa gatatu tariki ya 13/08/2025, mu muhango wo kwibuka Abanyamulenge 166 baguye mu Gatumba mu 2004.

Uyu muhango witabiriwe n’abantu benshi, Abanye-Congo barimo Abapfulelo ndetse kandi hari n’Abanyankore bo muri Uganda.

Watanzwemo ubuhamya bwabarokotse ubwicanyi mu Gatumba, Lubumbashi, Bibogobogo, Kabera, kuri ki Rumba no ku Gatongo, ubundi havugwa n’amateka y’ibihe bigoye Abanyamulenge bagiye bacamo muri RDC.

Havuzwe ko Abanyamulenge batangiye kwicwa kera, kandi ko uburyo bagiye bicwamo baziraga uko baremwe. Mu kubica, hari abicishijwe imbunda, imipanga, amahiri abandi bagatwikigwa mu mazu.

Nyuma haje kuvuga uwatumwe na Deputy Commandate, kuko we yabaye muri uyu muhango umwanya muto, ariko agiye kugenda asiga ubutumwa bugira buti: “Mbanje kubihanganisha kubwo kubura abanyu baguye mu Gatumba, twese turababaranye.”

Bukomeza bugira buti: “Ndabasaba gusenyera ku mugozi umwe, ni bwo mwebwe Abanyamulenge muzabasha kugera ku butsinzi bw’igihe kirekire. Si nsaba Abanyamulenge baraha gusa, ahubwo ndasaba n’abari kure muharanire kuba umwe mu rwego rwo kugira ngo murushyeho kugwiza imbaraga.

Uwatanze ubuhamya na we bwabiciwe i Lubumbashi, yavuze ko ubwicanyi Abanyamulenge bakorewe muri RDC, bukwiye kwitwa jenocide aho kwitwa ubwicanyi gusa.

Avuga ko babanje kuzabicwa n’abandi Banye-Congo, ariko nyuma bagenda bicwa n’ubutegetsi butandukanye bwagiye buyobora iki gihugu, bityo avuga ko ibyo bigomba gutuma byitwa jenocide.

Tags: Basenyere ku mugozi umweGatumba

Related Posts

Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR
Regional Politics

Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR

August 24, 2026
Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR
Regional Politics

Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR

August 24, 2026
Ebola muri RDC yarenze ku mateka: Abarenga 2.500 bamaze kuhasiga ubuzima, Papa Leo XIV yatabaje isi ngo itabare
Regional Politics

Ebola muri RDC yarenze ku mateka: Abarenga 2.500 bamaze kuhasiga ubuzima, Papa Leo XIV yatabaje isi ngo itabare

August 24, 2026
Amakuru akomeje gutangwa ku basirikare babiri b’u Burundi barokotse igitero gikaze i Fizi
Regional Politics

Amakuru akomeje gutangwa ku basirikare babiri b’u Burundi barokotse igitero gikaze i Fizi

August 23, 2026
Perezida Biya yagarutse muri Cameroun nyuma y’iminsi 74 yari amaze hanze y’igihugu: Genève hasize ibibazo byinshi ku buzima n’ubuyobozi bwe
Regional Politics

Perezida Biya yagarutse muri Cameroun nyuma y’iminsi 74 yari amaze hanze y’igihugu: Genève hasize ibibazo byinshi ku buzima n’ubuyobozi bwe

August 21, 2026
Akimara kubona ibyabaye i Bujumbura, Perezida Ndayishimiye yahise yifata mu mutwe: Inkongi yongeye gutwika ibikorwaremezo by’ubucuruzi, amateka y’inkongi y’umuriro mu Burundi
Regional Politics

Akimara kubona ibyabaye i Bujumbura, Perezida Ndayishimiye yahise yifata mu mutwe: Inkongi yongeye gutwika ibikorwaremezo by’ubucuruzi, amateka y’inkongi y’umuriro mu Burundi

August 21, 2026
Next Post
Amerika yafatiye ibihano bikakaye umwe mu mitwe yitwaje intwaro ukorana byahafi n’ingabo za RDC.

Amerika yafatiye ibihano bikakaye umwe mu mitwe yitwaje intwaro ukorana byahafi n'ingabo za RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR
  • Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR
  • En savoir plus sur le retour de la MONUSCO à Minembwe : une première évaluation du respect du cessez-le-feu se prépare dans les zones contrôlées par le MRDP-Twirwaneho
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?