• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FDLR ikorana n’igisirikare cya FARDC yakoze amarorerwa muri Rutshuru.

minebwenews by minebwenews
August 15, 2024
in Regional Politics
0
FDLR ikorana n’igisirikare cya FARDC yakoze amarorerwa muri Rutshuru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FDLR ikorana n’igisirikare cya FARDC yakoze amarorerwa muri Rutshuru.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Ahar’ejo tariki ya 14/08/2024, nibwo umutwe wa FDLR watwitse imodoka ndetse wica n’abaturage ubatwikiye mu mazu yabo, mu duce two muri teritware ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, nk’uko amakuru ava muri ibyo abivuga.

Amakuru avuga ko ahagana isaha umunani z’igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu w’ejo hashize, abarwanyi ba FDLR bazwiho gukorana byahafi n’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bateze igico imodoka yavaga i Kihihi, izanye amavuta i Kiwanja, bayiha inkongi y’umuriro, abantu barimo bahasiga ubuzima ndetse n’ibyarimo byose bihiramo. Kimweho nta mubare wavuzwe w’abantu bahiriyemo, ariko bikekwa ko bari bane.

Agace neza FDLR yakoreyemo ayo marorerwa ni akitwa Katiguru, kari hagati ya Kiwanja n’ishyamba ricyumbitsemo aba barwanyi ba FDLR na Wazalendo. Bivugwa ko aha n’ubundi ko hahora hicirwa abantu babanje kubatega ibico(Ambush). Kandi aya makuru ahamya ko ibyo bikunze gukorwa na FDLR na Wazalendo, ku bufasha bw’Ingabo za RDC. Ibyo bikaba bikorwa mu rwego rwo guhungabanya umutekano wo mu mihanda.

Nk’uko byavuzwe iyo modoka yahiriye i Katiguru, yariturutse i Kihihi, agace gaherereye ku mupaka wa Uganda na RDC, muri Grupema ya Binza, teritware ya Rutshuru.

Usibye, ibyo byo gutwika imodoka yaritwaye amavuta, aba barwanyi kandi ba FDLR bishe abantu babatwikiye mu bitunda byabo, babagamo aho bahoraga bacukura amabuye y’agaciro muri iryo shyamba riri mu bice bya Katiguru.

Mu butumwa bwa mashusho bwashinzwe hanze, bugaragaza ko bariya barwanyi ba FDLR mbere y’uko bica aba bantu bacukuraga amabuye y’agaciro, babanje kubambura imyenda, ubundi bagahita babatwikira muri ibyo bitunda babagamo.

Ubu butumwa bunagaragaza ko abantu bishwe urwo rupfu bari ku mubare w’abantu icumi. Bakaba barimo abagore n’abagabo, nk’uko amafoto abigaragaza.

Ibyo byabaye mu gihe imirwano yarimo ibera muri Kisharo hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, aho icyo gitero M23 yari yagabweho n’uruhande rwa leta ya Kinshasa, byarangiye M23 igisubije inyuma ikaba igikomeje kugenzura aka gace ka Kisharo.

Hagati aho umutekano ukomeje kuzamba muri Kivu y’Amajyaruguru, mu gihe impande zihanganye zari mugihe cyagahenge kumvikanyweho mu biganiro biheruka i Luanda muri Angola, byari biganiro byahuje u Rwanda na Congo Kinshasa, ku buhuza bwa João Lourenço Perezida wa Angola.

      MCN.
Tags: FDLRKatiguruYakoze amarorerwa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Perezida João Lourenço wa Angola yagaragarije u Rwanda na RDC ibyazana amahoro arambye muri RDC.

Perezida João Lourenço wa Angola yagaragarije u Rwanda na RDC ibyazana amahoro arambye muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?