• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, August 18, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibivugwa ku musirikare w’u Burundi ukomeye wafashwe mpiri na M23.

minebwenews by minebwenews
March 12, 2025
in Regional Politics
0
Ibivugwa ku musirikare w’u Burundi ukomeye wafashwe mpiri na M23.
144
SHARES
3.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibivugwa ku musirikare w’u Burundi ukomeye wafashwe mpiri na M23.

You might also like

FDLR imaze imyaka irenga 30 mu burasirazuba bwa Congo: Ese Congo n’u Burundi biracyakoresha uyu mutwe mu ntambara? Menya umubare w’abarwanyi n’ikibazo cy’ejo hazaza.

Minembwe i La Haye: Ese ubutabera mpuzamahanga bugiye gusuzuma ibirego by’Abanyamulenge? Gira ibyo umenya kuri iyi dosiye

Tshisekedi i Tanzania: Ese ni ubukungu gusa, cyangwa hari ubutumwa bukomeye ku ntambara yo muri RDC?

Umusirikare w’u Burundi, ufite ipeti rya Major, akaba yitwa Ndikumana Claude, abarwanyi bo mu mutwe wa m23 abo bahanganye mu mirwano irimo kubera muri Kivu y’Amajyepfo, bayimufatiyemo.

Major Claude Ndikumana, yafatiwe mu mirwano yabereye ahitwa i Kaziba ku munsi w’ejo hashyize, ariko kugeza ubu ntacyo igisirikare cy’u Burundi kirabivugaho.

Uyu musirikare wo mu ngabo z’u Burundi, yari muri batayo ya 10, ndetse akaba yarayibereye umuyobozi wungirije.

Amakuru avuga ko we n’abasirikare yari ayoboye bari kumwe n’aba FDLR, bagabye igitero ku barwanyi bo muri m23 ahitwa i Kaziba mu birometero 15 uvuye i Nyangenzi iri mu marembo y’umujyi wa Bukavu, maze uyu mutwe ubaha isomo rikomeye, birangira banafashe uriya muyobozi.

Ni amakuru akomeza avuga ko Ndikumana Claude, abarwanyi b’uyu mutwe wa m23 bamurashe ukuguru, ubundi abasirikare be bamusiga aho, m23 iramufata.

Kugeza ubu ntacyo igisirikare cy’u Burundi kirabivugaho, kimwecyo, nubwo iki gihugu ingabo zacyo zirwana muri RDC zikanafatirwayo amatekwa, ariko ntikibyemera. Kuko no mu mwaka ushyize aba basirikare b’u Burundi bagiye bafatirwa muri iyi mirwano bahanganyemo na m23 muri Kivu y’Amajyaruguru nka za Masisi n’ahandi, ariko igihugu cyabo kikabihakana.

Usibye ko umuvugizi w’uyu mutwe wa m23 yigeze gutangaza ko aba basirikare b’u Burundi bafatwa, bazashikirizwa Croix-Rouge, ubundi nayo ibageze iwabo.

Tags: BurundiClaudeKazibaM23MajorMatekwa
Share58Tweet36Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

FDLR imaze imyaka irenga 30 mu burasirazuba bwa Congo: Ese Congo n’u Burundi biracyakoresha uyu mutwe mu ntambara? Menya umubare w’abarwanyi n’ikibazo cy’ejo hazaza.

by Bahanda Bruce
August 18, 2026
0
FDLR imaze imyaka irenga 30 mu burasirazuba bwa Congo: Ese Congo n’u Burundi biracyakoresha uyu mutwe mu ntambara? Menya umubare w’abarwanyi n’ikibazo cy’ejo hazaza.

FDLR imaze imyaka irenga 30 mu burasirazuba bwa Congo: Ese Congo n’u Burundi biracyakoresha uyu mutwe mu ntambara? Menya umubare w’abarwanyi n’ikibazo cy’ejo hazaza. Minembwe Capital News (MCN)...

Read moreDetails

Minembwe i La Haye: Ese ubutabera mpuzamahanga bugiye gusuzuma ibirego by’Abanyamulenge? Gira ibyo umenya kuri iyi dosiye

by Bahanda Bruce
August 17, 2026
0
Minembwe i La Haye: Ese ubutabera mpuzamahanga bugiye gusuzuma ibirego by’Abanyamulenge? Gira ibyo umenya kuri iyi dosiye

Minembwe i La Haye: Ese ubutabera mpuzamahanga bugiye gusuzuma ibirego by’Abanyamulenge? Gira ibyo umenya kuri iyi dosiye Kuva ku buhamya bw’abahohotewe, ku manza zatanzwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi...

Read moreDetails

Tshisekedi i Tanzania: Ese ni ubukungu gusa, cyangwa hari ubutumwa bukomeye ku ntambara yo muri RDC?

by Bahanda Bruce
August 17, 2026
0
Tshisekedi i Tanzania: Ese ni ubukungu gusa, cyangwa hari ubutumwa bukomeye ku ntambara yo muri RDC?

Tshisekedi i Tanzania: Ese ni ubukungu gusa, cyangwa hari ubutumwa bukomeye ku ntambara yo muri RDC? Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yatangiye...

Read moreDetails

When a Journalist Wears a Uniform and Carries a Gun: Burkina Faso’s Powerful Lesson to the World on the Boundaries Between Journalism, the State and War

by Bahanda Bruce
August 16, 2026
0
When a Journalist Wears a Uniform and Carries a Gun: Burkina Faso’s Powerful Lesson to the World on the Boundaries Between Journalism, the State and War

When a Journalist Wears a Uniform and Carries a Gun: Burkina Faso’s Powerful Lesson to the World on the Boundaries Between Journalism, the State and War Minembwe Capital...

Read moreDetails

Iyo Umunyamakuru Yambaye Uniform Agafata Imbunda: Burkina Faso Yatanze Isomo Rikomeye ku Isi ku Mipaka Hagati y’Itangazamakuru, Igihugu n’Intambara

by Bahanda Bruce
August 16, 2026
0
Iyo Umunyamakuru Yambaye Uniform Agafata Imbunda: Burkina Faso Yatanze Isomo Rikomeye ku Isi ku Mipaka Hagati y’Itangazamakuru, Igihugu n’Intambara

Iyo Umunyamakuru Yambaye Uniform Agafata Imbunda: Burkina Faso Yatanze Isomo Rikomeye ku Isi ku Mipaka Hagati y’Itangazamakuru, Igihugu n’Intambara Minembwe Capital News Mu gihe ibihugu byinshi bihanganye n’intambara,...

Read moreDetails
Next Post
Sudan y’Epfo yahakanye ibyatangajwe na Uganda, ukuri ni ukuhe?

Sudan y'Epfo yahakanye ibyatangajwe na Uganda, ukuri ni ukuhe?

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?