• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Ibyavuzwe n’Umuhungu wa Gen.Makanika, mu muhango wo kumusezera bwanyuma.

minebwenews by minebwenews
February 23, 2025
in Religion
0
Ibyo wa menya kuri Jenerali Makanika, intwari idasanzwe mu Banyamulenge.
106
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyavuzwe n’Umuhungu wa Gen.Makanika, mu muhango wo kumusezera bwanyuma.

You might also like

RDC: Perezida Tshisekedi Yatangije Umushinga Ukomeye wo Guhindura Nkamba Umujyi Mutagatifu

UBUZIMA BWA YESU KRISTO: Inkuru y’Urukundo, Igitambo n’Agakiza kuva ku Ivuka kugeza ku Rupfu

Papa Léon XIV Yaburiye Abashoza Intambara ku Isi Kuzihagarika

Imfura ya General Rukunda Michele uzwi nka Makanika, Prince Makanika, yahumurije Abanyamulenge n’inshuti zabo ubwo bari mu muhango wo kumusezera bwanyuma, ndetse avuga ko se yabasezeye mbere yuko yitaba Imana.

Hari mu muhango wo gusezera Intwari y’Abanyamulenge Gen.Makanika wabereye ahitwa View Garden City Bujjuko i Kampala muri Uganda.

Uyu muhango watangiye saa tatu z’igitondo cyo kuri iki cyumweru tariki ya 23/02/2025, usoza isaha ya saa kenda z’igicamunsi.

Minembwe.com yamenye ko uyu muhango wateguwe na Gakondo, aho ndetse umuyobozi wungirije w’uyu muryango wa Gakondo mu Rwanda ni we wari umushitsi mukuru. Hari kandi n’undi mushitsi waturutse muri Amerika, akaba yari yaserukiye Mahoro-Peace Association, izwiho gufasha ubwoko bw’Abanyamulenge mu Minembwe n’ahandi mu misozi y’i Mulenge.

Muri uyu muhango kandi, witabiriwe n’Abakiristo basengera mu nsengero z’Abanyamulenge ziba i Kampala, ndetse n’abandi bantu bakundaga General Rukunda Michele, nk’Abarimo Abahema n’abandi.

Mu ijambo Prince Makanika yatanze muri uwo muhango wo gusezera umubyeyi we, yagaragaje ko se yabasezeye.

Ati: “Mu kubaha umubyeyi wanjye, Gen.Rukunda Makanika, bagabo na mwe bagore, bayobozi na mwe batware, ba Apostle na ba Bishop, aba pasiteri n’abavugabutumwa, abinginzi ndetse n’abandi bayobozi bose baraha, ndabaramukije. Uyu munsi mpagaze imbere yanyu n’umutima wuzuye ishema, gusa nimvuga ngo njye, ntabwo mba ndimo ndivuga njyewe ubwanjye njyenyine, ndetse n’abana yadusiganye, nihamwe na bashiki banjye na barumuna banje na mwe Banyamulenge mwese muri rusange, muri abantu bacu.”

“Data yari umubyeyi wanyu, ntabwo yari uwo mutekereza ko yari we, yari umuyobozi, intwari, wahisemo gutanga ibye byose kugeza kugitonyanga cyanyuma cy’amaraso ye, ku bw’umuryango w’Abanyamulenge ndetse n’abandi bantu ku isi. Impamvu mvuga abantu bose ku isi, mfite Abahema bari mubitaro bagiye muri koma kubera gusinzira kwe.”

Yakomeje avuga ko Abanyamulenge bari aha hafi n’abari kure kwaribo bakwiye guhumuriza abantu babajwe n’urupfu rwa Makanika, ngo kuko yari uw’abantu bose ku isi.

Mu bindi yavuze, yahamije ko umubyeyi wabo yabasezeye, aho yagize ati: “Nta masozo aratemba ku maso yanjye. Umunsi papa aruhuka nari mu cyumba cy’amasengesho, ndetse nanyuma yaho. Data agiye kugenda yaradusezeye, aratubwira ngo nguyu Ruremesha umubyeyi mbasigiye. Nawe aramubwira ngo ngaba abana bawe ngusigiye.”

Uyu muhungu w’imfura ya Rukunda Michele, yasoje asaba Abanyamulenge ku mukundira Ruremesha uwo papa wabo yabaraze uzababera umubyeyi.

Yanaboneyeho kubabwira ko yabonye se mu nzozi nyuma y’urupfu rwe, ngwabona arabagirana.

Ati: “Nabwiye Imana ngw’inyemeze ikintu kimwe, kw’ibyo Imana yahamagariye papa niba yarabisoje. Imana inyuza ubutumwa mu nzozi, Makanika agaragara ari imbere yanjye, ari kurabagirana, yera, aramubwira ngo nawe kurarira? Ndamubaza nanjye nti, ibyabaye wewe ntubizi? Ansubiza ambwira ko nta mwanzi uzosubira kunyeganyeza Abanyamulenge nyuma ye.”

Tags: GusezeraKampalaRukunda MicheleUmuhango
Share42Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC: Perezida Tshisekedi Yatangije Umushinga Ukomeye wo Guhindura Nkamba Umujyi Mutagatifu

by Bahanda Bruce
April 11, 2026
0
RDC: Perezida Tshisekedi Yatangije Umushinga Ukomeye wo Guhindura Nkamba Umujyi Mutagatifu

RDC: Perezida Tshisekedi Yatangije Umushinga Ukomeye wo Guhindura Nkamba Umujyi Mutagatifu Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yategetse Guverinoma gutangira bidatinze inzira zose zigamije kwemeza...

Read moreDetails

UBUZIMA BWA YESU KRISTO: Inkuru y’Urukundo, Igitambo n’Agakiza kuva ku Ivuka kugeza ku Rupfu

by Bahanda Bruce
April 4, 2026
0
UBUZIMA BWA YESU KRISTO: Inkuru y’Urukundo, Igitambo n’Agakiza kuva ku Ivuka kugeza ku Rupfu

UBUZIMA BWA YESU KRISTO: Inkuru y’Urukundo, Igitambo n’Agakiza kuva ku Ivuka kugeza ku Rupfu Ku munsi nk’uyu w’icyubahiro wa Pasika, abakirisitu hirya no hino ku isi bibuka urupfu...

Read moreDetails

Papa Léon XIV Yaburiye Abashoza Intambara ku Isi Kuzihagarika

by Bahanda Bruce
March 30, 2026
0
Papa Léon XIV Yaburiye Abashoza Intambara ku Isi Kuzihagarika

Papa Léon XIV Yaburiye Abashoza Intambara ku Isi Kuzihagarika Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Léon XIV, yongeye gutanga ubutumwa bukomeye bushinja abashoza intambara, agaragaza ko ibikorwa...

Read moreDetails

MOSE: Umugaragu w’Imana Wahinduye Amateka y’Abisirayeli n’Isi

by Bahanda Bruce
March 22, 2026
0
MOSE: Umugaragu w’Imana Wahinduye Amateka y’Abisirayeli n’Isi

MOSE: Umugaragu w’Imana Wahinduye Amateka y’Abisirayeli n’Isi Amazina ye abiri n’icyo asobanuraMose azwi cyane ku izina rya Mose (rikomoka ku rurimi rw’Igiheburayo Mosheh), risobanurwa nk’“uwakuwe mu mazi.” Iri...

Read moreDetails

Yoshuwa: Intwari y’Ukuri Yayoboye Abisirayeli mu Ntsinzi n’Isezerano ry’Imana

by Bahanda Bruce
March 21, 2026
0
Yoshuwa: Intwari y’Ukuri Yayoboye Abisirayeli mu Ntsinzi n’Isezerano ry’Imana

Yoshuwa: Intwari y’Ukuri Yayoboye Abisirayeli mu Ntsinzi n’Isezerano ry’Imana Yoshuwa, mwene Nuni, ni umwe mu bayobozi b’indashyikirwa bagaragaye mu mateka y’Abisirayeli. Azwi cyane nk’uwasimbuye Mose, akayobora ubwoko bw’Imana...

Read moreDetails
Next Post
FARDC iri guhiga Abasore ba Banyamulenge bukware mu Bibogobogo.

"Yaraye mu mugozi azira Twirwaneho mu Bibogobogo," ibivugwa n'abaturage.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?