• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, July 26, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

“Ibyo umuntu abiba, nibyo azasarura”-Ev.Muyuku

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 9, 2025
in Religion
0
“Ibyo umuntu abiba, nibyo azasarura”-Ev.Muyuku
65
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

“Ibyo umuntu abiba, nibyo azasarura”-Ev.Muyuku

You might also like

“Impaka zikomeye mu bakirisitu: Apôtre Gitwaza yavuze icyo atekereza ku muco wo gutera ivi mu gihe cyo gusaba uwo muzabana”

Agahinda Mu Giterane cya Chris Ndikumana: Umubyigano Wahitanye Abatari Bake, Abandi Barakomereka—Ubutegetsi Bwasohoye Itangazo ku Byabaye

Amateka mu Minembwe: Ibihumbi Byitabiriye Igiterane cya Apostle Alice, Ubutumwa bw’Ihumure n’Icyizere Bukora ku Mitima ya Benshi

Umuvugabutumwa w’Ijambo ry’Imana, Emil Muyuku uherereye mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yabwirije ijambo rikora k’ubuzima bwa buri munsi bw’umukristo. Ni nyigisho yasomye mu rwandiko Pawulo yandikiye Abagalatiya 6:7-8, hagira hati: “Ntimuyobe, Imana ntinegurizwa izuru, kuko ibyo umuntu abiba, ni byo azasarura. Ubibira mu mubiri, azasarura kubora ku bw’umubiri; ariko ubibira mu Mwuka, azasarura ubugingo buhoraho ku bw’Umwuka.”

Umuvugabutumwa yagaragaje ko aya magambo yanditswe na Pawulo atari amagambo y’ihame gusa, ahubwo ko ari ukuri kudakuka kw’ubuzima bwa muntu, haba mu by’umwuka no mu by’umubiri. Yibukije abakristu ko Imana ari umucamanza utabera kandi ko ibyo umuntu akora, azabisarura uko byaba bimeze kose.

Yagize ati: “Ubibira mu mubiri ni umuntu uharanira gusa iby’isi: ibinezeza umubiri, ibyaha, kwinezeza mu bidashimisha Imana. Umusaruro w’iyo nzira ni ukurimbuka no kubora kw’iteka.

Yakomeje ati: “Ubibira mu Mwuka ni umuntu uharanira kubaho ubuzima bw’iteka, akora ibyo Imana ishima, kandi abaho mu buzima bukiranutse. Ibi biganisha ku bugingo buhoraho.”

Yavuze ko ntawabeshya Imana, cyangwa ngo ahishe ibyo akora. Agaragaza kandi ko umubiri wacu ari ubutaka tubibyemo, ejo bikazaba ari igihe cyo gusarura.

Yanavuze kandi ko Umusaruro w’imibereho yacu ugaragarira mu buryo butaziguye mu mibereho y’ahazaza. Guhitamo kubaho mu kuri no mu rukundo rw’Imana ni wo mugabane w’ushaka ubugingo buhoraho.

Umuvugabutumwa yasabye buri wese kwisuzuma, agasubiza amaso inyuma akareba aho abibira. Ati:
“Ubu ni bwo buryo bwo kwihana no guhindura icyerekezo, tukabibira mu Mwuka kugira ngo ejo tuzasarure umugisha.”

Yavuze ko inyigisho za gikristu ari isomo rikomeye ku mitima yabo, ngo kuko zibibutsa ko ubuzima bwabo atari amagambo, ahubwo ari ibikorwa bifite ingaruka z’iteka.

“Ubibira mu Mwuka, azasarura ubugingo buhoraho.”
Amen.

Tags: Mu mwukaUbibira mu mubiri
Share26Tweet16Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

“Impaka zikomeye mu bakirisitu: Apôtre Gitwaza yavuze icyo atekereza ku muco wo gutera ivi mu gihe cyo gusaba uwo muzabana”

by Bahanda Bruce
July 23, 2026
0
“Impaka zikomeye mu bakirisitu: Apôtre Gitwaza yavuze icyo atekereza ku muco wo gutera ivi mu gihe cyo gusaba uwo muzabana”

“Impaka zikomeye mu bakirisitu: Apôtre Gitwaza yavuze icyo atekereza ku muco wo gutera ivi mu gihe cyo gusaba uwo muzabana” MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Umushumba Mukuru w’Itorero Zion...

Read moreDetails

Agahinda Mu Giterane cya Chris Ndikumana: Umubyigano Wahitanye Abatari Bake, Abandi Barakomereka—Ubutegetsi Bwasohoye Itangazo ku Byabaye

by Bahanda Bruce
July 20, 2026
0
Agahinda Mu Giterane cya Chris Ndikumana: Umubyigano Wahitanye Abatari Bake, Abandi Barakomereka—Ubutegetsi Bwasohoye Itangazo ku Byabaye

Agahinda Mu Giterane cya Chris Ndikumana: Umubyigano Wahitanye Abatari Bake, Abandi Barakomereka—Ubutegetsi Bwasohoye Itangazo ku Byabaye MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Abantu umunani (8) bapfuye, mu gihe abandi icyenda...

Read moreDetails

Amateka mu Minembwe: Ibihumbi Byitabiriye Igiterane cya Apostle Alice, Ubutumwa bw’Ihumure n’Icyizere Bukora ku Mitima ya Benshi

by Bahanda Bruce
July 19, 2026
0
Amateka mu Minembwe: Ibihumbi Byitabiriye Igiterane cya Apostle Alice, Ubutumwa bw’Ihumure n’Icyizere Bukora ku Mitima ya Benshi

Amateka mu Minembwe: Ibihumbi Byitabiriye Igiterane cya Apostle Alice, Ubutumwa bw'Ihumure n'Icyizere Bukora ku Mitima ya Benshi MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Kuri iki Cyumweru, mu gace ka Minembwe...

Read moreDetails

MINEMBWE: Igitaramo Cyo Gushima Imana Cyahurije Abantu Benshi ku Mutanoga, Hatangwa Ubutumwa bw’Ibyiringiro n’Amahoro

by Bahanda Bruce
July 17, 2026
0
MINEMBWE: Igitaramo Cyo Gushima Imana Cyahurije Abantu Benshi ku Mutanoga, Hatangwa Ubutumwa bw’Ibyiringiro n’Amahoro

MINEMBWE: Igitaramo Cyo Gushima Imana Cyahurije Abantu Benshi ku Mutanoga, Hatangwa Ubutumwa bw'Ibyiringiro n'Amahoro MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu ijoro ryo ku wa Kane rishyira ku wa Gatanu,...

Read moreDetails

Pasitori Kavoma: “Intambara iri kubera muri RDC ni iya nyuma,” Yanavuze Igihe Kigiye Gukurikira mu Mateka y’Akarere

by Bahanda Bruce
July 14, 2026
0
Pasitori Kavoma Yatanze Ubuhanuzi Bukomeye, Agaragaza Ibyo Avuga Ko Bigiye Kuba muri RDC

Pasitori Kavoma: "Intambara iri kubera muri RDC ni iya nyuma," Yanavuze Igihe Kigiye Gukurikira mu Mateka y'Akarere MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu kiganiro cyihariye yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails
Next Post
Minisitiri Kayikwamba yajanye mu nkiko ibinyamakuru byamusebeje

Minisitiri Kayikwamba yajanye mu nkiko ibinyamakuru byamusebeje

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?