• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, July 17, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

MINEMBWE: Igitaramo Cyo Gushima Imana Cyahurije Abantu Benshi ku Mutanoga, Hatangwa Ubutumwa bw’Ibyiringiro n’Amahoro

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
July 17, 2026
in Religion
0
MINEMBWE: Igitaramo Cyo Gushima Imana Cyahurije Abantu Benshi ku Mutanoga, Hatangwa Ubutumwa bw’Ibyiringiro n’Amahoro
66
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

MINEMBWE: Igitaramo Cyo Gushima Imana Cyahurije Abantu Benshi ku Mutanoga, Hatangwa Ubutumwa bw’Ibyiringiro n’Amahoro

You might also like

Pasitori Kavoma: “Intambara iri kubera muri RDC ni iya nyuma,” Yanavuze Igihe Kigiye Gukurikira mu Mateka y’Akarere

Pasitori Kavoma Yatanze Ubuhanuzi Bukomeye, Agaragaza Ibyo Avuga Ko Bigiye Kuba muri RDC

Cardinal Fridolin Ambongo Once Again Criticizes DR Congo’s Politicians and Calls on Catholics to Remain Vigilant

MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN)

Mu ijoro ryo ku wa Kane rishyira ku wa Gatanu, mu gace ka Minembwe habereye igitaramo gikomeye cyo guhimbaza no gushima Imana, cyitabiriwe n’abakristo ndetse n’abaturage benshi baturutse mu bice bitandukanye. Aya makuru yemejwe n’abaturage bari aho cyabereye, bayageza kuri Minembwe Capital News (MCN).

Nk’uko umwe mu batanze aya makuru yabitangarije MCN, iki gitaramo cyabereye ku Runundu rw’Abashuri, ahazwi ku izina ryo Kumutanoga, mu rusengero rwa 8ème CEPAC. Yavuze ko cyaranzwe n’ibihe byo kuramya no guhimbaza Imana, gusenga ndetse no gutanga ubutumwa bw’ihumure n’ibyiringiro ku bari bacyitabiriye.

Amakuru akomeza avuga ko iki gitaramo cyari kiyobowe na Apostle Alice, umuvugabutumwa waturutse mu Rwanda. Azwi nk’umukozi w’Imana ukora umurimo w’ivugabutumwa mu bihugu bitandukanye byo mu karere birimo u Rwanda, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, u Burundi, Uganda, Kenya na Tanzania.

Abari bitabiriye bavuga ko ubutumwa bwatanzwe bwibanze ku gushima Imana, gukomeza kwizera no gusabira amahoro abaturage bo mu Minembwe n’akarere kose kamaze igihe kabangamiwe n’umutekano muke.

Iki gikorwa cyabaye nyuma y’ibikorwa bya gisirikare byabaye mu ntangiriro z’ukwezi kwa Karindwi, aho umutwe wa MRDP-Twirwaneho, ufatanyije na AFC/M23, nk’uko amakuru atangwa n’abo ku ruhande rwabo abivuga, bavuga ko birukanye ihuriro ry’ingabo za Leta ya RDC rigizwe na FARDC, ingabo z’u Burundi, abarwanyi ba Wazalendo na FDLR mu bice byinshi bikikije santere ya Minembwe.

Ayo makuru avuga ko ibyo bikorwa byabereye mu duce turimo Gakenke, Kalingi, Gitavi, Bidegu, Kalongi, Lundu n’utundi duce twinshi two muri Minembwe, ndetse no mu bindi bice byo muri teritwari za Fizi na Mwenga, birimo Mikenke, Bilalombili, Rwitsankuku, Point Zero na Kwa Mulima.

Nk’uko abari muri icyo gitaramo babitangaje, mu butumwa bwatanzwe hakomeje kugarukwa ku kwizera ko Imana izakomeza kurinda abaturage no kubaha amahoro. Bamwe mu bitabiriye bavuga ko ubutumwa bwagarukaga ku byiringiro by’uko Imana izakomeza guha Abanyamulenge igihugu, amahoro, ituze n’ejo hazaza heza.

Iki gitaramo cyaranzwe n’ubwitabire bwinshi, indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, ndetse n’amasengesho menshi yasabiwe Minembwe n’akarere kose, mu gihe abaturage benshi bakomeje kwifuza ko amahoro arambye yagaruka mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

Tags: amahoroigitaramoMinembwe
Share26Tweet17Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Pasitori Kavoma: “Intambara iri kubera muri RDC ni iya nyuma,” Yanavuze Igihe Kigiye Gukurikira mu Mateka y’Akarere

by Bahanda Bruce
July 17, 2026
0
Pasitori Kavoma Yatanze Ubuhanuzi Bukomeye, Agaragaza Ibyo Avuga Ko Bigiye Kuba muri RDC

Pasitori Kavoma: "Intambara iri kubera muri RDC ni iya nyuma," Yanavuze Igihe Kigiye Gukurikira mu Mateka y'Akarere MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu kiganiro cyihariye yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails

Pasitori Kavoma Yatanze Ubuhanuzi Bukomeye, Agaragaza Ibyo Avuga Ko Bigiye Kuba muri RDC

by Bahanda Bruce
July 17, 2026
0
Pasitori Kavoma Yatanze Ubuhanuzi Bukomeye, Agaragaza Ibyo Avuga Ko Bigiye Kuba muri RDC

Pasitori Kavoma Yatanze Ubuhanuzi Bukomeye, Agaragaza Ibyo Avuga Ko Bigiye Kuba muri RDC Minembwe Capital News Pasitori Kavoma Sadoki, umwe mu bakozi b'Imana bazwi cyane mu Burasirazuba bwa...

Read moreDetails

Cardinal Fridolin Ambongo Once Again Criticizes DR Congo’s Politicians and Calls on Catholics to Remain Vigilant

by Bahanda Bruce
July 17, 2026
0
Cardinal Fridolin Ambongo Once Again Criticizes DR Congo’s Politicians and Calls on Catholics to Remain Vigilant

Cardinal Fridolin Ambongo Once Again Criticizes DR Congo’s Politicians and Calls on Catholics to Remain Vigilant Cardinal Fridolin Ambongo, the Archbishop of Kinshasa and one of the highest-ranking...

Read moreDetails

Karidinali Fridolin Ambongo Yongeye Kunenga Abanyapolitiki ba RDC, Agira n’Icyo Asaba Abagatolika

by Bahanda Bruce
July 17, 2026
0
Karidinali Fridolin Ambongo Yongeye Kunenga Abanyapolitiki ba RDC, Agira n’Icyo Asaba Abagatolika

Karidinali Fridolin Ambongo Yongeye Kunenga Abanyapolitiki ba RDC, Agira n'Icyo Asaba Abagatolika Karidinali Fridolin Ambongo, Arikiyepisikopi wa Kinshasa akaba n'umwe mu bayobozi bakuru ba Kiliziya Gatolika muri Repubulika...

Read moreDetails

INKUNGE YA NOWA: AMATEKA Y’UMWUZURE WAHINDUYE ISI, ABAYINJIYEMO N’AMAYOBERA Y’IMISOZI YA ARARATI

by Bahanda Bruce
July 17, 2026
0
INKUNGE YA NOWA: AMATEKA Y’UMWUZURE WAHINDUYE ISI, ABAYINJIYEMO N’AMAYOBERA Y’IMISOZI YA ARARATI

INKUNGE YA NOWA: AMATEKA Y’UMWUZURE WAHINDUYE ISI, ABAYINJIYEMO N’AMAYOBERA Y’IMISOZI YA ARARATI Mu mateka y’iyobokamana n’imico y’abantu batandukanye ku isi, inkuru y’Inkunge ya Nowa igaragara nk’imwe mu nkuru...

Read moreDetails
Next Post
Tshisekedi Yatangaje Ikiganiro Cyagutse Kizahuza Abanyekongo Bose: Dore Ibyamaze Kwemezwa, Ibigiye Gukorwa n’Ibizagenderwaho

Tshisekedi Yatangaje Ikiganiro Cyagutse Kizahuza Abanyekongo Bose: Dore Ibyamaze Kwemezwa, Ibigiye Gukorwa n’Ibizagenderwaho

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?