• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 13, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yahawe ubutumire bwo kuja i Luanda muri Angola.

minebwenews by minebwenews
March 16, 2025
in Regional Politics
0
M23 yahawe ubutumire bwo kuja i Luanda muri Angola.
100
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yahawe ubutumire bwo kuja i Luanda muri Angola.

Leta ya Angola yahaye umutwe wa m23 urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa ubutumire bwo kwitabira imishyikirano bazahuriramo n’iyi Leta barwanya ya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

READ ALSO

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

Ni bikubiye mu ibaruwa minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Angola, Tete Antonio yandikiye perezida w’u mutwe wa m23, Bertrand Bisimwa.

Iyi baruwa irimo ubutumwa bugira buti: “Nyakubahwa nyuma y’amabwiriza ya Joao Lourenco, perezida wa Repubulika ya Angola ndetse na nyuma y’intambwe aheruka gutera mu bubasha bwe nk’umuhuza washyizweho n’umuryango wa Afrika Yunze ubumwe mu rwego rwo kugarura amahoro mu Burasizuba bwa Congo, guverinoma ya Repubulika ya Angola inejejwe no kubatumira ngo muzitabire imishyikirano na Repubulika ya demokarasi ya Congo izabera i Luanda, tariki ya 18/03/2025.”

Iyi mishyikirano uyu mutwe watumiwemo yemejwe nyuma y’aho perezida Felix Tshisekedi agiriye uruzinduko ruto i Luanda, aho yaganiriye na perezida wa Angola bemezanya ko igomba kuba.

Tshisekedi azwiho kuba yari yararahiye arirenza inshuro nyinshi avuga ko atazigera narimwe yicarana kumeza imwe y’ibiganiro n’umutwe wa m23 uwo bahanganye mu Burasizuba bw’iki gihugu cye, ukaba umaze kwigarurira ibice byinshi harimo ko wafashe umujyi wa Goma n’uwa Bukavu muri Kivu zombi, ndetse ukaba ukomeje kwagura ibirindiro byawo muri izi ntara zombi.

Uyu mutwe ku ruhande rwawo, wakunze gutangaza ko wifuza kuganira na Leta y’i Kinshasa, ndetse umuyobozi w’igisirikare cy’uyu mutwe, General Major Sultan Makenga aheruka kubishimangira mu kiganiro yagiranye na Alain Destexhe wabaye senateri mu Bubiligi mu 1995 kugeza mu 2011, ndetse akaba yarabaye n’umunyamabanga w’umuryango w’abaganga batagira umupaka (MSF).

Tags: AngolaImishyikiranoM23Ubutumire

Related Posts

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

September 10, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi

September 9, 2026
Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History
Regional Politics

Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History

September 9, 2026
Next Post
Maj.Gen.Makenga yagize icyavuga ku mahanga, ku kibuga cy’indege cya Goma, ndetse n’uburyo m23 yubakitse.

Maj.Gen.Makenga yagize icyavuga ku mahanga, ku kibuga cy'indege cya Goma, ndetse n'uburyo m23 yubakitse.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Ibanga ryo Gukira no Kuba Umukire: Uko Umushahara Wawe Wakubakira Ubukire Burambye
  • Ubutumwa Bukomeye bwa Me. Byashoni ku Banyamulenge Bari mu Mahanga: Ukwizera, Ubumwe no Kongera Kubaka Umuryango
  • Byinshi kuri Ebola Ikomeje Kubica Bigacika muri RDC: Tshisekedi Aho Kurwanya Iki Cyorezo Akomeje Intambara, Ibyo Atangaza Binyuranyije n’Ibibera ku Butaka
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?