• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, April 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Tshisekedi yasobanuriye Abanye-Congo baba muri Serbie ibyerekeye Amasezerano ya Washington

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 29, 2025
in Regional Politics
0
Perezida Tshisekedi yasobanuriye Abanye-Congo baba muri Serbie ibyerekeye Amasezerano ya Washington
69
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Tshisekedi yasobanuriye Abanye-Congo baba muri Serbie ibyerekeye Amasezerano ya Washington

You might also like

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Antoine Tshisekedi, yagejeje ijambo ku banye-Congo batuye muri Serbie, abasobanurira birambuye amasezerano aherutse gusinywa hagati ya RDC n’u Rwanda, bibifashijwemo na Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Perezida Tshisekedi yatangaje ko ari hafi kwerekeza i Washington “kugira ngo hashyirweho umukono wa nyuma ku masezerano yasinywe hagati y’u Rwanda na RDC, babifashijwemo na Leta Zunze Ubumwe za Amerika,” yibutsa ko ayo masezerano “yamaze gushyirwa ahagaragara mu mucyo usesuye.”

Nubwo hari ibihuha byakomeje gucicikana bivuga ko hashobora kubaho brassage cyangwa mixage y’ingabo za FARDC n’inyeshyamba, Tshisekedi yahakanye ibi bivugwa, ashimangira ko nta na kimwe muri ibyo kizabaho.

Ku bijyanye n’amasezerano y’ubufatanye mu karere, Perezida Tshisekedi yavuze ko nta gishya kirimo kuko kwagura ubufatanye bw’akarere cyari kimwe mu byo yari yihaye intego ubwo yatangiraga kuyobora igihugu. Ariko, ashimangira ko “u Rwanda rwabateye umugongo,” bigatuma icyizere hagati y’impande zombi gihungabana.

Tshisekedi yavuze ko kugira ngo ubufatanye bushoboke, hari shingiro ry’ibintu bigomba kubanza kubahirizwa: -Kubaha ubusugire bwa RDC
-Gukuraho ingabo z’u Rwanda ku butaka bwa Congo
-Kongera kubaka icyizere hagati y’ibihugu byombi

Yemeje ko “nta bucuruzi cyangwa ubufatanye mu karere bushoboka hatabanje kugaruka amahoro n’icyizere gihamye.”

Aya magambo ya Perezida Tshisekedi aje mu gihe umuryango mpuzamahanga ukomeje gushishikariza RDC n’u Rwanda gushakira hamwe umuti urambye ku bibazo by’umutekano bimaze igihe kirekire mu Burasirazuba bwa Congo, ahantu umubano wa Kigali na Kinshasa ukomeje kuzamo agatotsi, bikiyongeraho kuba ari kimwe mu bibazo bikomeye byugarije akarere k’ibiyaga bigari na Afrika yose muri rusange.

Tags: RdcRwandaSerbieTshisekediWashington
Share28Tweet17Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura Mu minsi mike ishize yo muri uyu mwaka wa 2026, mu gace ka Musaga...

Read moreDetails

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Amayobera ku Rupfu rw’Umuyobozi wo muri Guverinoma i Bujumbura

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi Amakuru atandukanye yatangajwe ku rupfu rwa Gabby Bugaga, wahoze ari Minisitiri w’Itangazamakuru n’Itumanaho mu Burundi, akomeje guteza impaka zikomeye....

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, uri no ku buyobozi bw’Umuryango wa Afurika Yunze...

Read moreDetails

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

by Bahanda Bruce
April 16, 2026
0
Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere Mu gihe ibiganiro n’impaka ku mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari bikomeje gufata intera nshya, Minisitiri...

Read moreDetails

Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi

by Bahanda Bruce
April 15, 2026
0
Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi

Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi Impinduka nshya mu mitekerereze y’ibihugu bya Afurika iri gufata indi ntera, aho Repubulika ya Togo yashyize imbere ikibazo kimaze imyaka myinshi...

Read moreDetails
Next Post
FIZI: Umuyobozi w’Ishuri Yacikanye Akayabo k’Amafaranga y’Abarimu

FIZI: Umuyobozi w’Ishuri Yacikanye Akayabo k'Amafaranga y’Abarimu

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?