• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, July 26, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubutegetsi bw’i Kinshasa bwongeye kugaragariza AFC/M23 ibirimo amananiza ashaririye.

minebwenews by minebwenews
April 11, 2025
in Regional Politics
0
Ubutegetsi bw’i Kinshasa bwongeye kugaragariza AFC/M23 ibirimo amananiza ashaririye.
74
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutegetsi bw’i Kinshasa bwongeye kugaragariza AFC/M23 ibirimo amananiza ashaririye.

You might also like

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

L’ONU Met en Lumière les Causes Profondes de la Crise en RDC : La Mauvaise Gouvernance et l’Exploitation des Ressources Naturelles Alimentent Toujours les Conflits

Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yagiye gusaba ubutegetsi bw’i Doha muri Qatar ko AFC/M23 ivana abarwanyi bayo mu bice byose yafashe byo muri Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru mbere yo gukorana ibiganiro by’imishikirano n’iri huriro.

Ni byamenyekanye nyuma y’aho mu ntangiriro z’iki cyumweru RDC yohereje muri Qatar abayihagarariye biganjemo abashinzwe umutekano kugira ngo baganire na AFC/M23.

Ni mu gihe kandi mu ntangiriro z’iki cyumweru nabwo AFC/M23 yohereje muri Qatar abayihagarariye barimo Bisimwa na Colonel Nzeze Imani John.

Iri huriro rya AFC/M23 ryifuza ko Leta ya Congo yatesha agaciro igihano cy’urupfu yakatiye abayobozi bayo, impapuro zo kubafunga yabashyiriyeho.

Ryifuza kandi ko abasivili n’abasirikare batawe muri yombi bashinjwa gukorana na ryo kubera uko basa cyangwa ubwoko bwabo, bafungurwe.

Ubundi kandi yifuza ko hashyirwaho itegeko rihana abakwirakwiza imvugo zibiba urwango zituma Abanye-Congo bavuga ururimi rw’ikinyarwanda n’igiswahili bibasirwa, bashinjwa gukorana na AFC/M23.

Ikindi kandi yifuza gukorana na Leta y’i Kinshasa amasezerano yo guhagarika imirwano.

RDC ibyo yakoze byo gusaba Qatar ko AFC/M23 ivana abarwanyi bayo mu bice byose igenzura, bisa n’i bindi yakoze mu mwaka wa 2012, kuko icyo gihe yasabye uyu mutwe wa M23 kuvana abarwanyi bawo i Goma aho yari iheruka gufata, hari mu biganiro byawuhuje na Joseph Kabila wari uyoboye iki gihugu.

Icyo gihe iyi Leta y’i Kinshasa yabwiye M23 ko bazaganira kandi bagasubiza ibyifuzo byawo byose bijyanye no gukemura ibibazo by’umutekano muke mu Burasizuba bw’iki gihugu; ahanini byari ibibazo bijanye nihohoterwa Abanye-Congo bavuga ururimi rw’ikinyarwanda bakorerwa.

Ariko M23 kuva mu mujyi wa Goma byatumye isenyuka mu 2013, kuko yagabweho ibitero bikomeye n’ingabo zo mu mutwe kabuhariwe uri mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango w’Abibumbye (FIB), ndetse n’iza RDC n’inzindi za mahanga.

Nyuma uyu mutwe kandi warongeye urihuza wubura imirwano mu 2021. Ari nabwo watangiye gufata kandi ibice byinshi byo muri Kivu y’Amajyaruguru, usibye ko nabwo hari ubwo wabanje kubivamo ubisabwe n’abakuru b’ibihugu byo mu muryango wa Afrika y’i Burasizuba (EAC) mu biganiro byagiye biba icyo gihe.

M23 yasezeranyijwe ko ibice yavuyemo bizajya bigenzurwa n’umutwe w’ingabo za EAC(EACRF) ariko byagaragaye ko ingabo z’u Burundi zagenzuraga ibyo bice muri Masisi birimo Mushaki na Kitshanga zemereye iza Congo kubyinjiramo kandi bitari byemewe.

Ubwo Leta ya Congo yirukanaga EACRF mu mpera z’umwaka ushize, byasabye M23 kongera kurwana kugira ngo yisubize ibyo bice kandi ibitakarizamo abarwanyi bawo bakomeye barimo Col-Castro Elise Mberabagabo wari ushinzwe ubutasi muri uwo mutwe.

Ubu rero kandi RDC yasabye ko AFC/M23 iva mu bice igenzura ngo mbere yuko ibiganiro by’imishikirano bitangira i Doha muri Qatar, nk’uko ibiro by’Abanyamerika, Associated Press byabitangarijwe n’umwe mu bategetsi ba Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Tags: AmananizaDohaM23Rdc
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y'u Rwanda na Uganda MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN)...

Read moreDetails

RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

RDC: Ubumwe bw'u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h'Igihugu MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Ubumwe bw'u Burayi (European Union – EU)...

Read moreDetails

L’ONU Met en Lumière les Causes Profondes de la Crise en RDC : La Mauvaise Gouvernance et l’Exploitation des Ressources Naturelles Alimentent Toujours les Conflits

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

L’ONU Met en Lumière les Causes Profondes de la Crise en RDC : La Mauvaise Gouvernance et l’Exploitation des Ressources Naturelles Alimentent Toujours les Conflits MINEMBWE CAPITAL NEWS...

Read moreDetails

ADF Yongeye Kumena Amaraso: Abasivili Bishwe Bunyamaswa mu Gace Kagenzurwa na FARDC, Mu gihe Aho MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bagenzura Hakomeje Kurangwa Umutekano

by Bahanda Bruce
July 23, 2026
0
ADF Yongeye Kumena Amaraso: Abasivili Bishwe Bunyamaswa mu Gace Kagenzurwa na FARDC, Mu gihe Aho MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bagenzura Hakomeje Kurangwa Umutekano

ADF Yongeye Kumena Amaraso: Abasivili Bishwe Bunyamaswa mu Gace Kagenzurwa na FARDC, Mu gihe Aho MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bagenzura Hakomeje Kurangwa Umutekano MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gitondo...

Read moreDetails

Impaka ku Biganiro by’Igihugu muri RDC: Ese Gukumira Kabila, Nangaa na M23 Bizazana Amahoro Cyangwa Bizakomeza Gucamo Ibice Abanyekongo?

by Bahanda Bruce
July 22, 2026
0
Corneille Nangaa Yanenze Ibiganiro Byifuzwaga na Kinshasa, Atangaza Icyo Asanga Ari Wo Muti Wonyine w’Ibibazo bya RDC

Impaka ku Biganiro by'Igihugu muri RDC: Ese Gukumira Kabila, Nangaa na M23 Bizazana Amahoro Cyangwa Bizakomeza Gucamo Ibice Abanyekongo? MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe Perezida wa Repubulika...

Read moreDetails
Next Post

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?