• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, August 27, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ukuri kutavugwa ku bivugwa ko habaye imirwano mu Rugezi

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 30, 2025
in Conflict & Security
0
Ukuri kutavugwa ku bivugwa ko habaye imirwano mu Rugezi
97
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ukuri kutavugwa ku bivugwa ko habaye imirwano mu Rugezi

Amakuru yari yakwirakwiye mu bitangazamakuru bikorera hafi y’ubutegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi yavugaga ko habaye imirwano ikaze mu Rugezi, hagati y’umutwe wa Twirwaneho n’undi wa Mai Mai uyobowe na Ngomanzito. Ariko ubu amakuru yizewe yemeza ko ibyo byose ari ibihuha.

READ ALSO

Col. Mufoko yasabye Abanyamulenge kutongera kwamamaza abo yita “Abanyakagara”: “Kubavuga cyane ni ukubamamaza”

Senateri Muyumba yaburiye Leta y’i Kinshasa yafunze amashuri i Goma na Bukavu

Minembwe Capital News, ishingiye ku buhamya bw’abaturage ndetse n’inzego zizewe z’umutekano, yatangaje ko kuri iki cyumweru, abarwanyi ba Twirwaneho bari mu bikorwa bya patrouille mu gace ka Rugezi, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, ubwo baraswaga na Mai Mai. Nta mirwano yabayeho kuko Twirwaneho itigeze isubiza.

Umwe mu baturage wari aho yabwiye Minembwe Capital News ati:
“Twirwaneho yagiye muri patrol, adui ibabonye irarasa. Ariko ntantambara yabaye. Umwazi yakomeje kurasa ubusa.”

Ibi bihabanye n’ibyatangajwe n’abanyamakuru nka Byobe Byamalanga, bavuze ko imirwano yari yabereye ahitwa Timbyangoma na Rudabadaba. Nyamara amakuru yavuye ahabereye ibivugwa, yemeza ko mu duce twose twavuzwe harimo ituze.

Kugeza ubu, umutwe wa Twirwaneho ukomeje kugenzura uduce twa Rugezi, Minembwe na Mikenke, aho wafashe kuva mu ntangiriro z’uyu mwaka. Ibyo byakurikiye ibikorwa bya gisirikare byarimo kwirukana ingabo za FARDC, iz’u Burundi na Wazalendo.

Iyi nkuru ishimangira ikibazo gikomeye cy’amakuru atariyo akwirakwizwa mu rwego rwo kuyobya abaturage no kubangamira ituze rimaze iminsi rigaruka mu bice bimwe bya Kivu y’Amajyepfo. Itangazamakuru rirakangurirwa gukoresha amakuru yizewe aho kwishingikiriza kuri propagande z’abanyapolitiki.

Tags: ImirwanoRugezi

Related Posts

Col. Mufoko yasabye Abanyamulenge kutongera kwamamaza abo yita “Abanyakagara”: “Kubavuga cyane ni ukubamamaza”
Conflict & Security

Col. Mufoko yasabye Abanyamulenge kutongera kwamamaza abo yita “Abanyakagara”: “Kubavuga cyane ni ukubamamaza”

August 27, 2026
Senateri Muyumba yaburiye Leta y’i Kinshasa yafunze amashuri i Goma na Bukavu
Conflict & Security

Senateri Muyumba yaburiye Leta y’i Kinshasa yafunze amashuri i Goma na Bukavu

August 26, 2026
Guverinoma ya RDC yahagaritse by’agateganyo amashuri makuru na kaminuza muri Goma na Bukavu — Menya impamvu
Conflict & Security

Guverinoma ya RDC yahagaritse by’agateganyo amashuri makuru na kaminuza muri Goma na Bukavu — Menya impamvu

August 26, 2026
“Umwanzi Twamukuyeho Ibikoresho Byinshi”: Umusirikare wa MRDP-Twirwaneho Yatanze Ubuhamya Bukomeye ku Mirwano ku Ndondo
Conflict & Security

“Umwanzi Twamukuyeho Ibikoresho Byinshi”: Umusirikare wa MRDP-Twirwaneho Yatanze Ubuhamya Bukomeye ku Mirwano ku Ndondo

August 26, 2026
RDC: Ese amasezerano ya Montreux azahindura ubuzima bw’abaturage? ONU itanze umuburo ukomeye
Conflict & Security

RDC: Ese amasezerano ya Montreux azahindura ubuzima bw’abaturage? ONU itanze umuburo ukomeye

August 26, 2026
Kabuya yakiriye intumwa z’Abanyamulenge bakorera mu kwaha k’ubutegetsi bw’i Kinshasa: byinshi ku byaganiriweho
Conflict & Security

Kabuya yakiriye intumwa z’Abanyamulenge bakorera mu kwaha k’ubutegetsi bw’i Kinshasa: byinshi ku byaganiriweho

August 25, 2026
Next Post
RDC: Kuzamuka gukabije kw’ingengo y’imari y’igisirikare bikomeje gutera impungenge ku mucyo n’imicungire yayo

RDC: Kudashyira Kivu y’Amajyepfo n’iy’Amajyaruguru muri gahunda y’ingengo y’imari ya 2026 byateje impaka zikomeye

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Col. Mufoko yasabye Abanyamulenge kutongera kwamamaza abo yita “Abanyakagara”: “Kubavuga cyane ni ukubamamaza”
  • Senateri Muyumba yaburiye Leta y’i Kinshasa yafunze amashuri i Goma na Bukavu
  • Guverinoma ya RDC yahagaritse by’agateganyo amashuri makuru na kaminuza muri Goma na Bukavu — Menya impamvu
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?