• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 14, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Umwe mu basirikare ba FARDC bayoboye intara, ya garagaje igihe AFC/M23/MRDP yahura n’akaga

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 23, 2025
in Conflict & Security
0
Mpuruyaha  ya makuru avuga ku basirikare ba FARDC banzwe na Wazalendo i Fizi
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwe mu basirikare ba FARDC bayoboye intara, ya garagaje igihe AFC/M23/MRDP yahura n’akaga

Brigadier General Eddy Kapend, uyoboye regiyo ya 22 y’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC ikaba inafite icyicaro mu cyahoze ari Kantanga, yatangaje ko kuba ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP rikomeje kwigarurira uduce twinshi two mu Burasirazuba bw’igihugu cyabo, bidateye impungenge zikomeye, ngo nkeretse igihe ryoramuka rifashe Katanga, ngo n’icyo igihe byaba bikaze; ariko avuga ko igihe ryo kwibeshya rigcyokoza muri icyo gice ryo habonera icy’imbwa yaboneye ku mugezi.

READ ALSO

INTWARI MAJOR BYINSHI KIJUGUMBA: Hashize Umwaka Umwe Havuzwe Amakuru y’Urupfu Rwe mu Minembwe

Imirwano Hagati y’Ihuriro ry’Ingabo za RDC na MRDP-Twirwaneho Yongeye Kuvugwa i Fizi

Uyu musirikare ufite ipeti rya General yatangaje ibi nyuma y’aho umutwe wa AFC/M23/MRDP ufashe agace ka Nzibira gaherereye muri teritware ya Walungu mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

AFC/M23/MRDP yigaruriye aka gace kazwiho ko kibitseho amabuye y’agaciro, ahanini ya zahabu n’andi, nyuma y’imirwano ikaze yasize abo barwanaga n’abo bo mu ruhande rwa Leta bayabangiye ingata, bahungira mu bindi bice biherereye kure n’aha Nzibira.

Gen Kapend yasobanuye ko Katanga ari wo mutima w’iki gihugu cyabo cya RDC, bityo igihe iki mu maboko yabo nta kibazo kirahaba kinini, kandi ngo ubusugire bw’igihugu bukomeza kudahungabana.

Yakomeje asobanura ko nubwo AFC/M23/MRDP yakomeza kwigarurira n’utundi duce dushya ariko two mu Burasirazuba bw’iki gihugu bitahungabanya ubusugire bw’igihugu cyabo. Ngo ikibazo cyo garagara cyane igihe bo fata Katanga, ariko ashimangira ko ku yifata bidashoboka.

Yagize ati: “Igihe cyose Katanga ikiri mu biganza bya leta, bivuze ko nta cyabaye. Ariko umunsi abo barwanyi bo muri AFC/M23/MRDP bo kwibeshya bakayicyokozaho, mbivuze ndashidikanya bobona icyo imbwa yaboneye ku mugezi.”

Yongeye ati: “Utundi duce two mu Burasirazuba bw’igihugu bashobora gukomeza ku twigarurira. Ibyo ntacyo biravuga kuri Congo, kuko ubusugire bwayo bukirinzwe.”

Tags: AFC/M23/mrdpEddy Kapend

Related Posts

INTWARI MAJOR BYINSHI KIJUGUMBA: Hashize Umwaka Umwe Havuzwe Amakuru y’Urupfu Rwe mu Minembwe
Conflict & Security

INTWARI MAJOR BYINSHI KIJUGUMBA: Hashize Umwaka Umwe Havuzwe Amakuru y’Urupfu Rwe mu Minembwe

September 13, 2026
Imirwano Hagati y’Ihuriro ry’Ingabo za RDC na MRDP-Twirwaneho Yongeye Kuvugwa i Fizi
Conflict & Security

Imirwano Hagati y’Ihuriro ry’Ingabo za RDC na MRDP-Twirwaneho Yongeye Kuvugwa i Fizi

September 13, 2026
Byinshi kuri Ebola Ikomeje Kubica Bigacika muri RDC: Tshisekedi Aho Kurwanya Iki Cyorezo Akomeje Intambara, Ibyo Atangaza Binyuranyije n’Ibibera ku Butaka
Conflict & Security

Byinshi kuri Ebola Ikomeje Kubica Bigacika muri RDC: Tshisekedi Aho Kurwanya Iki Cyorezo Akomeje Intambara, Ibyo Atangaza Binyuranyije n’Ibibera ku Butaka

September 13, 2026
I Uvira Byakaze: Wazalendo basabye abaturage kugumuka kuri FARDC nyuma y’uko ifunze umwe mu bakomando babo
Conflict & Security

Les Wazalendo se divisent en deux camps : au cœur des tensions entre Yakutumba et la nouvelle Alliance of Congolese Patriots (A.P.C.)

September 13, 2026
Wazalendo Bacitsemo Ibice Bibiri: Imbere mu Makimbirane ya Yakutumba n’Ihuriro Rishya A.P.C.
Conflict & Security

Wazalendo Bacitsemo Ibice Bibiri: Imbere mu Makimbirane ya Yakutumba n’Ihuriro Rishya A.P.C.

September 12, 2026
Deux personnes tuées dans une embuscade contre des voyageurs en route vers Maheta
Conflict & Security

Deux personnes tuées dans une embuscade contre des voyageurs en route vers Maheta

September 12, 2026
Next Post
Inama idasanzwe ya AFC/M23/MRDP yize hejuru yo gushyira RDC ku murongo

Nangaa yakwennye Tshisekedi uvuga ko afite zahabu, anatanga igisubizo ku bavuga ko u Rwanda rutera inkunga AFC/M23, ndetse avuga n'intego nyamukuru yabo

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
  • INTWARI MAJOR BYINSHI KIJUGUMBA: Hashize Umwaka Umwe Havuzwe Amakuru y’Urupfu Rwe mu Minembwe
  • Imirwano Hagati y’Ihuriro ry’Ingabo za RDC na MRDP-Twirwaneho Yongeye Kuvugwa i Fizi
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?