• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umwuka mubi urihagati y’igihugu ca America na China, ukomeje gututumba nyuma yuko harashwe ibyogajuru bitazwi.

minebwenews by minebwenews
September 19, 2024
in World News
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubushinwa buregwa na America kuba bukorera ubutasi mugihugu cabo bakoresheje ikirere, aho ubushize America yarashe ikoresheje indege yomubwoko bwa F-22 igisa na “Ballon ” hari tariki 4.te2.2023. Muri Carolina yamajepfo. Kukiyaga. Iyi “Ballon ” bivugwa ko yari iya Bashinwa. Gusa Abashinwa bireguzako barimo bagenzura ibijanye nikirere iyi Ballon yabo ikaza kuyobera muri Leta Zunze Ubumwe za America.

You might also like

Perezida Trump Yahagaritse Urugendo rw’Intumwa Ze muri Pakistan mu Biganiro by’Amahoro

Amakuru avugwa hagati ya Iran na Amerika ku makimbirane ya politiki n’umutekano n’ibivugwa ku ihindagurika ry’ibihe by’ikirere

Agahenge Gatunguranye Gakomeje Guteza Impaka ku Cyerekezo cy’Intambara n’Amahoro Hagati ya Amerika na Iran

Ibi bikaba byateje impagarara kumutekano wa America yamajaruguru ndetse na Canada idasigaye.

Minembwe Capital News, ikaba yabashije kumenya ubusesenguzi bw’Imbitse bwiyi Balloon, mubugari bwayo yarihafi kungana nimodoka Zibiri za Bus ikaba nanone yarifite Antenni ninshi ndetse nama Pano soleil, bigaragaza ubutasi bw’imbitse bwari muriyi Ballon.

Ntibyarekeye aho kuruyu wagatanu , indege zintambara za America zahanuye ikindi kintu mukirere muri Alaska yamajaruguru gikekwa kuba gifite ubutasi kugihugu, gusa ico cari gito ugereranije na Ballon yambere.

Kuwagatandatu, habaye ubwumvikane bw’America na Canada, indege ya America yomubwoko bwa F-22 yinjiye mukirere ca Canada, ihanura ikindi kintu kidasanzwe mumajaruguru yiburengerazuba bwakarere ka Yukon, nyuma yaho iki kintu kidasanzwe carikimaze gutera ubwoba abagenzi benshi.

Kucumweru President Joe Biden, yahanguye indenge zintambara za USA guhanura ikindi kintu naco kitabashe kumenyekana icarico cari hejuru yinyanja ya “Huron” kikaba naco cari cateye impagarara kubashinzwe ingendo zomukirere, aho carihejuru kuri métro ibihumbi 6,000.

Ariko nanone bikavugwa ko byose kwari 4 ntanakimwe caricitwaje intwaro cange ikindi kintu cose cokwica.

Ibi bintu bitazwi kwari bitatu bitaramenyekanye ndetse niyo biva ntiharamenyekana, ariko “Ballon” yo yarahamwe ko iturikira i Beijing.

Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump Yahagaritse Urugendo rw’Intumwa Ze muri Pakistan mu Biganiro by’Amahoro

by Bahanda Bruce
April 25, 2026
0
Perezida Trump Yahagaritse Urugendo rw’Intumwa Ze muri Pakistan mu Biganiro by’Amahoro

Perezida Trump Yahagaritse Urugendo rw’Intumwa Ze muri Pakistan mu Biganiro by’Amahoro Amakuru aturuka mu bitangazamakuru mpuzamahanga aravuga ko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yafashe...

Read moreDetails

Amakuru avugwa hagati ya Iran na Amerika ku makimbirane ya politiki n’umutekano n’ibivugwa ku ihindagurika ry’ibihe by’ikirere

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Amakuru avugwa hagati ya Iran na Amerika ku makimbirane ya politiki n’umutekano n’ibivugwa ku ihindagurika ry’ibihe by’ikirere

Amakuru avugwa hagati ya Iran na Amerika ku makimbirane ya politiki n’umutekano n’ibivugwa ku ihindagurika ry’ibihe by’ikirere Amakuru ari gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga avuga ko nyuma y’uko Iran...

Read moreDetails

Agahenge Gatunguranye Gakomeje Guteza Impaka ku Cyerekezo cy’Intambara n’Amahoro Hagati ya Amerika na Iran

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Agahenge Gatunguranye Gakomeje Guteza Impaka ku Cyerekezo cy’Intambara n’Amahoro Hagati ya Amerika na Iran

Agahenge Gatunguranye Gakomeje Guteza Impaka ku Cyerekezo cy’Intambara n’Amahoro Hagati ya Amerika na Iran Mu gihe umubano wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran umaze igihe urangwa...

Read moreDetails

Intwaro Ziremereye, Ihagarikwa ry’Ibiganiro n’Imyitwarire ya Gisirikare Bikomeje Gukaza Umurego Hagati ya Iran na Amerika

by Bahanda Bruce
April 22, 2026
0
Amerika Yarushijeho Gukaza Ingamba kuri Iran

Intwaro Ziremereye, Ihagarikwa ry’Ibiganiro n’Imyitwarire ya Gisirikare Bikomeje Gukaza Umurego Hagati ya Iran na Amerika Mu murwa mukuru wa Iran, Tehran, Leta y’iki gihugu yongeye kwerekana imbaraga zayo...

Read moreDetails

Perezida Trump akomeje kongera igitutu, mu gihe Iran ihagaze ku cyemezo gikomeye

by Bahanda Bruce
April 21, 2026
0
Perezida yasibye ifoto yamugaragazaga nka Yesu

Perezida Trump akomeje kongera igitutu, mu gihe Iran ihagaze ku cyemezo gikomeye Mu gihe umubano hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran ukomeje kujya mu kangaratete,...

Read moreDetails
Next Post

Iran bibaye bwambere yemeye KO Drone zabo arizo ziheruka kurasa muri Ukraine naho America isaba Bucece Ukraine gukorana imishikirano n'a Barusia.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?