• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 19, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umwuka mubi urihagati y’igihugu ca America na China, ukomeje gututumba nyuma yuko harashwe ibyogajuru bitazwi.

minebwenews by minebwenews
February 13, 2023
in World News
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubushinwa buregwa na America kuba bukorera ubutasi mugihugu cabo bakoresheje ikirere, aho ubushize America yarashe ikoresheje indege yomubwoko bwa F-22 igisa na “Ballon ” hari tariki 4.te2.2023. Muri Carolina yamajepfo. Kukiyaga. Iyi “Ballon ” bivugwa ko yari iya Bashinwa. Gusa Abashinwa bireguzako barimo bagenzura ibijanye nikirere iyi Ballon yabo ikaza kuyobera muri Leta Zunze Ubumwe za America.

Ibi bikaba byateje impagarara kumutekano wa America yamajaruguru ndetse na Canada idasigaye.

READ ALSO

Canada n’u Burayi Mu Mushinga Mushya w’Imibanire, Trump Akangisha Ingamba Zikomeye ku Misoro

Perezida Theodore Roosevelt na Donald Trump: Abayobozi Babiri Bashatse Guhindura Amerika, Amateka Yabo Atandukaniye He?

Minembwe Capital News, ikaba yabashije kumenya ubusesenguzi bw’Imbitse bwiyi Balloon, mubugari bwayo yarihafi kungana nimodoka Zibiri za Bus ikaba nanone yarifite Antenni ninshi ndetse nama Pano soleil, bigaragaza ubutasi bw’imbitse bwari muriyi Ballon.

Ntibyarekeye aho kuruyu wagatanu , indege zintambara za America zahanuye ikindi kintu mukirere muri Alaska yamajaruguru gikekwa kuba gifite ubutasi kugihugu, gusa ico cari gito ugereranije na Ballon yambere.

Kuwagatandatu, habaye ubwumvikane bw’America na Canada, indege ya America yomubwoko bwa F-22 yinjiye mukirere ca Canada, ihanura ikindi kintu kidasanzwe mumajaruguru yiburengerazuba bwakarere ka Yukon, nyuma yaho iki kintu kidasanzwe carikimaze gutera ubwoba abagenzi benshi.

Kucumweru President Joe Biden, yahanguye indenge zintambara za USA guhanura ikindi kintu naco kitabashe kumenyekana icarico cari hejuru yinyanja ya “Huron” kikaba naco cari cateye impagarara kubashinzwe ingendo zomukirere, aho carihejuru kuri métro ibihumbi 6,000.

Ariko nanone bikavugwa ko byose kwari 4 ntanakimwe caricitwaje intwaro cange ikindi kintu cose cokwica.

Ibi bintu bitazwi kwari bitatu bitaramenyekanye ndetse niyo biva ntiharamenyekana, ariko “Ballon” yo yarahamwe ko iturikira i Beijing.

Related Posts

Canada n’u Burayi Mu Mushinga Mushya w’Imibanire, Trump Akangisha Ingamba Zikomeye ku Misoro
World News

Canada n’u Burayi Mu Mushinga Mushya w’Imibanire, Trump Akangisha Ingamba Zikomeye ku Misoro

September 17, 2026
Perezida Theodore Roosevelt na Donald Trump: Abayobozi Babiri Bashatse Guhindura Amerika, Amateka Yabo Atandukaniye He?
World News

Perezida Theodore Roosevelt na Donald Trump: Abayobozi Babiri Bashatse Guhindura Amerika, Amateka Yabo Atandukaniye He?

September 16, 2026
Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira
World News

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

September 10, 2026
OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo
World News

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

September 10, 2026
Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko
World News

Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko

September 9, 2026
U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza
World News

U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza

September 9, 2026
Next Post

Iran bibaye bwambere yemeye KO Drone zabo arizo ziheruka kurasa muri Ukraine naho America isaba Bucece Ukraine gukorana imishikirano n'a Barusia.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • C64 durcit sa ligne de confrontation avec le pouvoir de Kinshasa
  • C64 Yashyizeho Umurongo Ukomeye wo Guhangana n’Ubutegetsi bw’i Kinshasa
  • C64 Yashyizeho Umurongo Ukomeye wo Guhangana n’Ubutegetsi bw’i Kinshasa
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?