• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, June 14, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umwuka mubi urihagati y’igihugu ca America na China, ukomeje gututumba nyuma yuko harashwe ibyogajuru bitazwi.

minebwenews by minebwenews
February 13, 2023
in World News
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubushinwa buregwa na America kuba bukorera ubutasi mugihugu cabo bakoresheje ikirere, aho ubushize America yarashe ikoresheje indege yomubwoko bwa F-22 igisa na “Ballon ” hari tariki 4.te2.2023. Muri Carolina yamajepfo. Kukiyaga. Iyi “Ballon ” bivugwa ko yari iya Bashinwa. Gusa Abashinwa bireguzako barimo bagenzura ibijanye nikirere iyi Ballon yabo ikaza kuyobera muri Leta Zunze Ubumwe za America.

You might also like

Amerika na Iran Bigeze ku Ntera Ikomeye mu Biganiro by’Amahoro; Ibyatumye Perezida Trump Atangaza Amagambo Akomeye

Perezida Trump Yatangaje ko Amahoro Hagati ya Amerika na Iran Yegereje, Nubwo Tehran Igikemanga Amasezerano

Amerika na Iran Zegereje Intambara Yeruye: Ibitero Bishya Byakangaranije Isi, Umuhora wa Hormuz Ujya Mu Kaga

Ibi bikaba byateje impagarara kumutekano wa America yamajaruguru ndetse na Canada idasigaye.

Minembwe Capital News, ikaba yabashije kumenya ubusesenguzi bw’Imbitse bwiyi Balloon, mubugari bwayo yarihafi kungana nimodoka Zibiri za Bus ikaba nanone yarifite Antenni ninshi ndetse nama Pano soleil, bigaragaza ubutasi bw’imbitse bwari muriyi Ballon.

Ntibyarekeye aho kuruyu wagatanu , indege zintambara za America zahanuye ikindi kintu mukirere muri Alaska yamajaruguru gikekwa kuba gifite ubutasi kugihugu, gusa ico cari gito ugereranije na Ballon yambere.

Kuwagatandatu, habaye ubwumvikane bw’America na Canada, indege ya America yomubwoko bwa F-22 yinjiye mukirere ca Canada, ihanura ikindi kintu kidasanzwe mumajaruguru yiburengerazuba bwakarere ka Yukon, nyuma yaho iki kintu kidasanzwe carikimaze gutera ubwoba abagenzi benshi.

Kucumweru President Joe Biden, yahanguye indenge zintambara za USA guhanura ikindi kintu naco kitabashe kumenyekana icarico cari hejuru yinyanja ya “Huron” kikaba naco cari cateye impagarara kubashinzwe ingendo zomukirere, aho carihejuru kuri métro ibihumbi 6,000.

Ariko nanone bikavugwa ko byose kwari 4 ntanakimwe caricitwaje intwaro cange ikindi kintu cose cokwica.

Ibi bintu bitazwi kwari bitatu bitaramenyekanye ndetse niyo biva ntiharamenyekana, ariko “Ballon” yo yarahamwe ko iturikira i Beijing.

Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika na Iran Bigeze ku Ntera Ikomeye mu Biganiro by’Amahoro; Ibyatumye Perezida Trump Atangaza Amagambo Akomeye

by Bahanda Bruce
June 14, 2026
0
Amerika na Iran Bigeze ku Ntera Ikomeye mu Biganiro by’Amahoro; Ibyatumye Perezida Trump Atangaza Amagambo Akomeye

Amerika na Iran Bigeze ku Ntera Ikomeye mu Biganiro by’Amahoro; Ibyatumye Perezida Trump Atangaza Amagambo Akomeye Mu gihe isi yose ikomeje gukurikiranira hafi umwuka mubi wari umaze amezi...

Read moreDetails

Perezida Trump Yatangaje ko Amahoro Hagati ya Amerika na Iran Yegereje, Nubwo Tehran Igikemanga Amasezerano

by Bahanda Bruce
June 12, 2026
0
Perezida Trump Yatangaje ko Amahoro Hagati ya Amerika na Iran Yegereje, Nubwo Tehran Igikemanga Amasezerano

Perezida Trump Yatangaje ko Amahoro Hagati ya Amerika na Iran Yegereje, Nubwo Tehran Igikemanga Amasezerano Mu gihe amakimbirane hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Repubulika ya...

Read moreDetails

Amerika na Iran Zegereje Intambara Yeruye: Ibitero Bishya Byakangaranije Isi, Umuhora wa Hormuz Ujya Mu Kaga

by Bahanda Bruce
June 11, 2026
0
Amerika na Iran Zegereje Intambara Yeruye: Ibitero Bishya Byakangaranije Isi, Umuhora wa Hormuz Ujya Mu Kaga

Amerika na Iran Zegereje Intambara Yeruye: Ibitero Bishya Byakangaranije Isi, Umuhora wa Hormuz Ujya Mu Kaga Umwuka mubi hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran wongeye...

Read moreDetails

After Pursuing President Putin and Prime Minister Netanyahu: Karim Khan Faces a Legal Crisis Shaking the ICC

by Bahanda Bruce
June 10, 2026
0
After Pursuing President Putin and Prime Minister Netanyahu: Karim Khan Faces a Legal Crisis Shaking the ICC

After Pursuing President Putin and Prime Minister Netanyahu: Karim Khan Faces a Legal Crisis Shaking the ICC The International Criminal Court (ICC), headquartered in The Hague, Netherlands, is...

Read moreDetails

Nyuma yo Gukurikirana Perezida Putin na Minisitiri Netanyahu: Karim Khan Na We Ari Mu Rujijo Rw’Amategeko Rwahungabanyije ICC

by Bahanda Bruce
June 10, 2026
0
Nyuma yo Gukurikirana Perezida Putin na Minisitiri Netanyahu: Karim Khan Na We Ari Mu Rujijo Rw’Amategeko Rwahungabanyije ICC

Nyuma yo Gukurikirana Perezida Putin na Minisitiri Netanyahu: Karim Khan Na We Ari Mu Rujijo Rw’Amategeko Rwahungabanyije ICC Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC/CPI) rufite icyicaro i La Haye mu...

Read moreDetails
Next Post

Iran bibaye bwambere yemeye KO Drone zabo arizo ziheruka kurasa muri Ukraine naho America isaba Bucece Ukraine gukorana imishikirano n'a Barusia.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?