• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, August 26, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

America-Yatanze-Angana-Na-Millioni-5-Kuzoranga-Umuyobozi-Wa-ADF-Musa-Seka-Baluku-Aho-Aherereye.

minebwenews by minebwenews
March 2, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta z’unze ubumwe za Amerika zashizeho igihembo camafranga agera kuri Miliyoni 5 kubazatanga amakuru yaho umuyobozi wa ADF Seka Musa Baluku ari.

Umuyobozi w’Umutwe witera bwoba wa ADF, igize igihe ikorera kubutaka bwa Congo Kinshasa, Musa Seka.

READ ALSO

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

Seka Musa Baluku yashizwe kurutonde rwabashakishwa nibihugu bikomeye ndetse na ONU, kubyaha ndenga kamere yakoreye kubutaka bwa Congo nahandi nko muri Uganda. Mwitangazo ryashizwe hanze na ambassade ya Amerika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nuko umuntu uzatanga amakuru yaho uyu mugabo aherereye azahabwa igihembo cya miliyoni zitanu nkishimwe.

Muriri tangazo rihagarariwe na “Department” y’igihugu ihemba abashikiriza ubutabera abakoze ibyaha igakorana n’inzego za dipolomasi ishinja Seka Musa Baluku kuba yica abaturage muburasira zuba bwa DRC aho umwaka wa 2020 ashinjwa kwica abarenga 1000.

Uyu mugamo waje kuyobora uyu mutwe witerabwoba uvuka Uganda, mugace ka Kasese, yatsimbuye Jamil Mukulu kurubu afungiwe muri Tanzania.

ISIS- DRC cange ADF doreko igira amazina menshi, ukaba arumutwe wa k’islam utumva rumwe na leta ya Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda.

Ubwo Seka Musa Baluku yayoboraga uyu mutwe bivugwako uyu mutwe wahise urangwa nubwicanyi ndenga kamere bakorera aba Kongomani, bityo bituma leta ya Kinshasa imuhiga, reta ya Amerika na ONU nazo zimushira kurutonde rwabashakishwa nkumugizi wa nabi.

Uyu mutwe witwako ari mpuzamahanga ukaba warafatiwe ibihano aho bitemewe numuntu uwariwe wese kuwohereza amafranga kuko byakozwe muburyo bwa Technologia Count yuwo muntu cange ishirahamwe, rihita rifatirwa ibihano.

Uyu mutwe ukaba nanone uzira guhohotera abaturage, kubafata kungufu, kubica nokubatwara ibyabo muntara ya Ituri na Kivu y’amajyaruguru.

Leta ya Washington DC ikaba yashizeho akayabo Kama Dollari kubafite amakuru yaho musa Seka Baluku ari. Watanga amakuru ukoresheje numero ikurikira +1-202-702-7843.

Related Posts

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo
Uncategorized

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

August 14, 2026
RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho
Uncategorized

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

July 29, 2026
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara
Uncategorized

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

July 25, 2026
Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego
Uncategorized

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

July 22, 2026
Tshisekedi Yatangaje Ikiganiro Cyagutse Kizahuza Abanyekongo Bose: Dore Ibyamaze Kwemezwa, Ibigiye Gukorwa n’Ibizagenderwaho
Uncategorized

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées

July 20, 2026
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki
Uncategorized

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

June 9, 2026
Next Post

Abanyamulenge Batuye I Pretoria Bakoze Imyigaragambyo Bamagana Uburyo Bakorerwa Ihohoterwa Nkaho Ataraba Congomani.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Senateri Muyumba yaburiye Leta y’i Kinshasa yafunze amashuri i Goma na Bukavu
  • Guverinoma ya RDC yahagaritse by’agateganyo amashuri makuru na kaminuza muri Goma na Bukavu — Menya impamvu
  • “Umwanzi Twamukuyeho Ibikoresho Byinshi”: Umusirikare wa MRDP-Twirwaneho Yatanze Ubuhamya Bukomeye ku Mirwano ku Ndondo
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?