• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 13, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23, irashinja Perezida Félix Tshisekedi, n’ihuriro ry’ingabo ze kwica Abana n’Abadamu no gusenya amazu y’abaturage.

minebwenews by minebwenews
February 6, 2024
in Regional Politics
0
M23, irashinja Perezida Félix Tshisekedi, n’ihuriro ry’ingabo ze kwica Abana n’Abadamu no gusenya amazu y’abaturage.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 06/02/2024, ubuyobozi bw’u mutwe wa M23, bashize inyandiko hanze zishinja perezida Félix Tshisekedi, n’ingabo ze kwica no ku gaba ibitero ahatuwe n’abaturage benshi mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

N’inyandiko zashizwe hanze n’u muvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, aho yakoresheje urubuga rwa X, maze avuga ko ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, zishe Abana n’abadamu muri Localité ya Mushaki, mu birometre 37 n’u Mujyi wa Goma.

READ ALSO

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

Bwana Lawrence Kanyuka, yagize ati: “Ejo hashize, mubice bya Mushaki, ihuriro ry’Ingabo zirimo FARDC, FDLR, Wagner, ingabo z’u Burundi, Wazalendo na SADC, nk’uko bamenyereye kwica, bishe Abana, Abadamu, bica n’umusaza wari umaze gukura, basenya amazu y’abaturage. Ibi babikora umuryango w’Abibumbye na Monusco izwiho gutanga ibikoresho kuri iryo huriro, bicyeceyekeye.”

“Tura hamagarira imiryango mpuzamahanga, ku dacyeceka kuko perezida Félix Tshisekedi Tshilombo n’igisirikare cye kiri mu ihuriro ry’Ingabo, bakomeje kwica abaturage bo mu bwoko bumwe. Tshisekedi afite ibyaha byo mu Ntambara n’ibyaha bibangamira ikiremwa muntu.”

Umuvugizi wa M23, yakomeje avuga ko ibitero by’ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, bigikomeje ko kandi biri kugira ingaruka mbi ku baturage baturiye i Masisi no munkengero zayo.

Kanyuka yasoje avuga ko ingabo za M23 zo zikomeje gukora ibishoboka byo kw’irwanaho no kurwanirira abaturage ndetse no kurinda abaturage n’ibyabo.

Bruce Bahanda.

Tags: Gusenyera abaturageIrashinja Perezida Félix Tshisekedi TshilomboKwica Abana n'AbadamuM23Masisi

Related Posts

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

September 10, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi

September 9, 2026
Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History
Regional Politics

Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History

September 9, 2026
Next Post
Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, yongeye kw’i basira ubutegetsi bwa perezida Paul Kagame.

Umukuru w'igihugu cy'u Burundi, yongeye kw'i basira ubutegetsi bwa perezida Paul Kagame.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Wazalendo Bacitsemo Ibice Bibiri: Imbere mu Makimbirane ya Yakutumba n’Ihuriro Rishya A.P.C.
  • Deux personnes tuées dans une embuscade contre des voyageurs en route vers Maheta
  • IBY’IGITERO CYAGABWE KU BAGENZI BEREKEZAGA MU MAHETA
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?