• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, August 26, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Minisitiri w’ubanye n’amahanga wa RDC, Christophe Lutundula, yateje impaka ku kibazo c’i Mpunzi za RDC n’u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
October 2, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ikibazo kijyanye n’impunzi z’Abanyekongo, cyongeye kugarukwaho mu Nama y’akanama gashinzwe umutekano ku isi yateranye ku wa kane, tariki ya 28/09/2023 i New York, muri Leta Z’unze Ubumwe za Amerika.

Minisitiri w’intebe w’ungirije (VPM) akaba na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa RDC Christophe Lutundula, yanze ibirego bivugwa ko igihugu cye, Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yabuza iterambere. Hubwo ashinja Kigali kuba ariyo nyiribayazana w’umutekano muke M’uburasirazuba bwa RDC, nk’uko byagaragaye nomu Nama yabanjirije iyi yabereye i Geneve na Nairobi.

READ ALSO

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

Ati: “Ikibazo cy’impunzi ziva mu Rwanda n’impunzi z’Abanyekongo mu Rwanda. Turashobora guhamagara Komiseri Mukuru w’umuryango w’abibumbye ushinzwe impunzi, azemeza ko mu kwezi kwa Gatanu, twakoranye i Nama n’intumwa z’u Rwanda, iya Congo iyobowe nanjye. Twongeye kuganira ku kibazo cy’impunzi, kandi byari bisabwe na Perezida Félix Tshisekedi. Hari n’itangazo rigenewe abanyamakuru, ryanyujijwe k’urubuga rwa UNHCR, uzabona iri tangazo rigenewe abanyamakuru.”

Christophe Lutundula aha yagaragaje ko ahanganye n’imyitwarire y’u Rwanda, nimugihe bivugwa ko u Rwanda rwanze kwitabira i Nama yariteganijwe i Goma, k’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Christophe Lutundula kuba u Rwanda rutazitabita iyo izabera i Goma, yahise asaba ko UNHCR yategura i Nama ikazabera i Nairobi cyangwa i Addis Abeba, kugira ngo byihute.

Mu makuru avugwa nuko ahanini i Mpunzi nyinshi zo mu Rwanda, abenshi nabo m’umutwe w’itwaje i Mbunda wa FDLR ukorana n’i Ngabo za FARDC, zabaye M’uburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, guhera mu 1994. Abategetsi b’u Rwanda bahoraga bashinja Kinshasa gufatanya na FDLR guhungabanya umutekano wa Kigali.

Kuri ubu DRC nayo ikomeje gushinja u Rwanda gushyigikira inyeshamba za M23, ibyo Kigali yakomeje guhakana y’ivuye inyuma.

By Bruce Bahanda.

Tariki 02/10/2023.

Tags: Christophe LutundulaI New YorkYateje impaka ku kibazo c'i Mpunzi za RDC n'u Rwanda

Related Posts

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo
Uncategorized

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

August 14, 2026
RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho
Uncategorized

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

July 29, 2026
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara
Uncategorized

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

July 25, 2026
Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego
Uncategorized

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

July 22, 2026
Tshisekedi Yatangaje Ikiganiro Cyagutse Kizahuza Abanyekongo Bose: Dore Ibyamaze Kwemezwa, Ibigiye Gukorwa n’Ibizagenderwaho
Uncategorized

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées

July 20, 2026
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki
Uncategorized

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

June 9, 2026
Next Post

Abashi ba bacuruzi bakorera mu Minembwe ba buriwe n'i Ngabo za RDC zihari kuba bamaze kuhava mu minsi 7.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • “Umwanzi Twamukuyeho Ibikoresho Byinshi”: Umusirikare wa MRDP-Twirwaneho Yatanze Ubuhamya Bukomeye ku Mirwano ku Ndondo
  • Washington Accords: Amahoro, Amabuye y’Agaciro n’Inyungu za Amerika — Ni Iki Cyamaze Kugerwaho? Byinshi mu Isesengura
  • RDC: Ese amasezerano ya Montreux azahindura ubuzima bw’abaturage? ONU itanze umuburo ukomeye
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?