• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, August 26, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 11, 2025
in World News
0
Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo
68
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo

Ku wa 11/11/ 1918, ku isaha ya saa tanu z’amanywa (11:00), isi yose yahagaritse umutima ubwo hatangazwaga ko intambara ya mbere y’isi yose, yari imaze imyaka ine irimo gutwara ubuzima bw’abantu n’imutungo, ihagaritswe binyuze mu masezerano y’agahenge azwi nka “Armistice.”

READ ALSO

Nakivale: Ibarura Rikomeye ry’Impunzi Rigiye Gutangira—HCR na OPM Batangaje Ibyo Buri Muryango Ugomba Kumenya Mbere y’Itariki Yagenwe

Umwuka w’intambara hagati ya Iran na Amerika ukomeje gukara, mu gihe ikibazo cya Hormuz gikomeje guteza impungenge

Aya masezerano yasinyiwe mu Bufaransa, ahitwa Compiègne, hagati ya Leta y’Ubudage n’ibihugu byari biyoboye impande zayihanganye. Ni intambwe y’ingenzi yafunguye inzira y’amasezerano y’amahoro ya Versailles yasinywe mu 1919, ahanini agendeye ku mpamvu zateje iyo ntambara ndetse n’ingaruka zayo zikomeye.

Ni intambara bamwe bita intambara isumba izindi zose (La Grande Guerre) kuko abayirwanye batari bazi ko hazabaho indi. Yayobowe n’ibihugu bikomeye cyane by’i Burayi, birimo Ubudage, Ubwongereza, Ubufaransa, Ubutaliyani n’u Burusiya, ariko ikagera no muri Aziya no muri Afurika.

Iyo ntambara yanagize ingaruka zikomeye ku isi:
-Yahitanye abarenga miliyoni 16.
-Yangije ibikorwaremezo n’ubukungu bw’ibihugu byinshi.
-Yateje imvururu z’imbere mu bihugu, ndetse inagira uruhare mu itangira ry’intambara ya kabiri y’isi yose mu 1939.

Aya mateka agaragaza ko iyi ntambara yatewe n’igitero cy’ubwicanyi cyabaye ku wa 28/06/1914, ubwo Ariduke François Ferdinand, wari umuragwa w’ubwami bwa Autriche-Hongrie, yicwaga n’umugore we Sophie i Sarajevo. Iki gikorwa cyafashwe nk’ubushotoranyi ku butegetsi bwa Autriche-Hongrie, gituma ibihugu byari bifitanye amasezerano y’ubufatanye bitangira kwinjira mu ntambara ku buryo bwihuse.

Itariki ya 11/11 buri mwaka yibukwa nk’Umunsi wo Kwibuka Agahenge (Armistice Day) mu bihugu byinshi, igasiga isomo rikomeye ku bukana bw’intambara no ku kamaro k’amahoro arambye. Ni umunsi utwibutsa ko amahoro ahenze, kandi ko ibyemezo bya politiki bishobora kuzana amahoro cyangwa kuganisha isi mu ngaruka ziremereye.

Tags: Intambara y'isiTariki ya 11/11/1918

Related Posts

Nakivale: Ibarura Rikomeye ry’Impunzi Rigiye Gutangira—HCR na OPM Batangaje Ibyo Buri Muryango Ugomba Kumenya Mbere y’Itariki Yagenwe
World News

Nakivale: Ibarura Rikomeye ry’Impunzi Rigiye Gutangira—HCR na OPM Batangaje Ibyo Buri Muryango Ugomba Kumenya Mbere y’Itariki Yagenwe

August 19, 2026
Umwuka w’intambara hagati ya Iran na Amerika ukomeje gukara, mu gihe ikibazo cya Hormuz gikomeje guteza impungenge
World News

Umwuka w’intambara hagati ya Iran na Amerika ukomeje gukara, mu gihe ikibazo cya Hormuz gikomeje guteza impungenge

August 17, 2026
Perezida Ruto Arashaka Manda ya Kabiri, Abatavuga Rumwe na We Barimo Gushinga Amashyaka Mashya: Ese Kenya Yerekeje ku Matora Azahindura Politiki Yayo? — Menya Byinshi Kuri Iyi Nkuru
World News

President Ruto Seeks a Second Term as Opposition Figures Form New Parties: Is Kenya Heading Toward an Election That Could Reshape Its Political Landscape? — Read More

August 11, 2026
Perezida Ruto Arashaka Manda ya Kabiri, Abatavuga Rumwe na We Barimo Gushinga Amashyaka Mashya: Ese Kenya Yerekeje ku Matora Azahindura Politiki Yayo? — Menya Byinshi Kuri Iyi Nkuru
World News

Perezida Ruto Arashaka Manda ya Kabiri, Abatavuga Rumwe na We Barimo Gushinga Amashyaka Mashya: Ese Kenya Yerekeje ku Matora Azahindura Politiki Yayo? — Menya Byinshi Kuri Iyi Nkuru

August 11, 2026
Colombia Mu Marira Nyuma y’Umutingito Ukomeye: Abasaga 130 Bapfuye, Inyubako Ziragwa — Dore Icyo Abahanga Bawuvugaho
World News

Colombia Mu Marira Nyuma y’Umutingito Ukomeye: Abasaga 130 Bapfuye, Inyubako Ziragwa — Dore Icyo Abahanga Bawuvugaho

August 11, 2026
Trump Ahinduye Umurongo kuri Iran: Hormuz Igiye Guhinduka Intwaro Ikomeye mu Makimbirane Ashobora Guhungabanya Ubukungu bw’Isi?
World News

Trump Ahinduye Umurongo kuri Iran: Hormuz Igiye Guhinduka Intwaro Ikomeye mu Makimbirane Ashobora Guhungabanya Ubukungu bw’Isi?

August 11, 2026
Next Post
M23 yahanuye drone y’Ingabo za Leta muri Masisi

M23 yahanuye drone y’Ingabo za Leta muri Masisi

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • “Umwanzi Twamukuyeho Ibikoresho Byinshi”: Umusirikare wa MRDP-Twirwaneho Yatanze Ubuhamya Bukomeye ku Mirwano ku Ndondo
  • Washington Accords: Amahoro, Amabuye y’Agaciro n’Inyungu za Amerika — Ni Iki Cyamaze Kugerwaho? Byinshi mu Isesengura
  • RDC: Ese amasezerano ya Montreux azahindura ubuzima bw’abaturage? ONU itanze umuburo ukomeye
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?