• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, August 26, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Burundi, byakaze nyuma y’uko Red Tabara, ihitanye abasirikare b’u Burundi, ihita inigamba kurwanya ubutegetsi bwa Bujumbura.

minebwenews by minebwenews
December 23, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Irijoro ryakeye ryo kw’itariki 22/12/2023, abantu ma kumyabiri (20), nibo baguye mu gitero cyagabwe n’umutwe w’Inyeshamba wa Red Tabara, urwanya ubutegetsi bw’u Burundi.

N’igitero cyagabwe k’u musozi wa Vugizo, muri Zone ya Gatumba, mu Burengerazuba bw’igihugu c’u Burundi, aha herereye k’umupaka w’u Burundi na Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

READ ALSO

Washington Accords: Amahoro, Amabuye y’Agaciro n’Inyungu za Amerika — Ni Iki Cyamaze Kugerwaho? Byinshi mu Isesengura

Ibyo wamenya kuri Tom Byabagamba wari Colonel mu Ngabo z’u Rwanda wapfiriye muri gereza

Leta ya Bujumbura, ibinyujije mu muvugizi wayo, yavuze ko kiriya gitero ko cyakozwe mu buryo bwo gutera ubwoba ko kandi cyahitanye abaturage.

Ati: “Igitero cya kozwe n’umutwe w’iterabwoba wa Red Tabara, barashaka gutera ubwoba abaturage. Kiriya gitero cyahitanye abana 12 b’imyaka itanu, cyahitanye kandi abagore ba biri batwite.”

Yakomeje avuga ati: “Hari n’abagabo batanu barimo umupolisi, bishwe ubwo bari batabaye abagabweho igitero.”

Umutwe wa Red Tabara, wo ubinyujije k’urukuta rwabo rwa X, ba menyesheje ko baraye bagabye igitero ku birindiro by’Ingabo z’u Burundi, biri ahitwa Vugizo, k’u mupaka w’u Burundi na RDC, ko kandi bishe abasirikare b’u Burundi icyenda n’u mupolisi umwe.

Bagize bati: “Twateye i kambi y’igisikare c’u Burundi, ku musozi wa Vugizo, k’u mupaka w’u Burundi na RDC. Igitero twakoze cyahitanye Ingabo z’u Burundi icyenda n’umupolisi umwe.”

Bakomje ati: “Ingabo z’u Burundi, twazambuye n’ibikoresho byinshi by’agisirikare harimo imbunda zirasa kure.”

Umutwe wa Red Tabara, ukaba wanamenyesheje ko ugiye gukomeza intambara kugeza bageze kucyo baharaniye kuva b’injira ishamba ahagana mu mwaka w’2016.

Bruce Bahanda.

Tags: I Burundi byakazeItangaje intambaraNyuma y'uko Red Tabara ihitanye abasirikare b'u Burundi

Related Posts

Washington Accords: Amahoro, Amabuye y’Agaciro n’Inyungu za Amerika — Ni Iki Cyamaze Kugerwaho? Byinshi mu Isesengura
Regional Politics

Washington Accords: Amahoro, Amabuye y’Agaciro n’Inyungu za Amerika — Ni Iki Cyamaze Kugerwaho? Byinshi mu Isesengura

August 26, 2026
Ibyo wamenya kuri Tom Byabagamba wari Colonel mu Ngabo z’u Rwanda wapfiriye muri gereza
Regional Politics

Ibyo wamenya kuri Tom Byabagamba wari Colonel mu Ngabo z’u Rwanda wapfiriye muri gereza

August 25, 2026
INKONGI Z’UMURIRO MU MASOKO YO MU BURUNDI ZIKOMEJE KWISUBIRAMO: NI IMPANUKA CYANGWA HARI IBINDI BIRI INYUMA YABYO? — UBUTUMWA MCN YAGEJEJWEHO N’UMUCURUZI I BUJUMBURA
Regional Politics

INKONGI Z’UMURIRO MU MASOKO YO MU BURUNDI ZIKOMEJE KWISUBIRAMO: NI IMPANUKA CYANGWA HARI IBINDI BIRI INYUMA YABYO? — UBUTUMWA MCN YAGEJEJWEHO N’UMUCURUZI I BUJUMBURA

August 25, 2026
Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR
Regional Politics

Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR

August 24, 2026
Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR
Regional Politics

Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR

August 24, 2026
Ebola muri RDC yarenze ku mateka: Abarenga 2.500 bamaze kuhasiga ubuzima, Papa Leo XIV yatabaje isi ngo itabare
Regional Politics

Ebola muri RDC yarenze ku mateka: Abarenga 2.500 bamaze kuhasiga ubuzima, Papa Leo XIV yatabaje isi ngo itabare

August 24, 2026
Next Post

Ubutabazi bw'ihuse bwa Twirwaneho, mu Bibogobogo, byatumye Maï Maï na FDLR, bayabangira ingata, maze Inka ziragaruka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Washington Accords: Amahoro, Amabuye y’Agaciro n’Inyungu za Amerika — Ni Iki Cyamaze Kugerwaho? Byinshi mu Isesengura
  • RDC: Ese amasezerano ya Montreux azahindura ubuzima bw’abaturage? ONU itanze umuburo ukomeye
  • Kabuya yakiriye intumwa z’Abanyamulenge bakorera mu kwaha k’ubutegetsi bw’i Kinshasa: byinshi ku byaganiriweho
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?