• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, August 26, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Félix Tshisekedi, bitunguranye yatiriye abasirikare bo ku murinda naho a Burundi bahaye Bertrand Bisimwa Gasopo.

minebwenews by minebwenews
December 11, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi na Evariste Ndayishimiye, w’u Burundi, baheruka gukora umubonano wabaye mwibanga.

Nk’uko byavuzwe umubonano wabariya bayobozi bombi ngo wabaye kuri uyu wa Gatandatu, tariki 09/12/2023, mbere y’uko perezida Félix Tshisekedi yerekeza Makobola na Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, aho yari mu bikorwa byo kw’iyamamaza k’umwanya w’umukuru w’igihugu ca RDC, mu matora ateganijwe kuba mu mpera z’uku kwezi turimo.

READ ALSO

Washington Accords: Amahoro, Amabuye y’Agaciro n’Inyungu za Amerika — Ni Iki Cyamaze Kugerwaho? Byinshi mu Isesengura

Ibyo wamenya kuri Tom Byabagamba wari Colonel mu Ngabo z’u Rwanda wapfiriye muri gereza

Isoko yacu dukesha iy’inkuru, ihamya ko bariya bakuru bi bihugu baganiriye ahanini ku mubano wa RDC n’u Rwanda, murikigihe usa nu wongeye kuzamo agatotsi nyuma gato y’uko M23 yongeye kwambura ingabo za FARDC isantire y’ingenzi ya Mushaki, iherereye mu bilometre 34 n’u Mujyi wa Goma.

Ikindi kivugwa n’uko Tshisekedi yasabye mugenzi we kumutiza abasirikare bo kumurinda muri ibi bihe bya matora, iy’i nkuru ikomeza ivuga ko Ndayishimiye yamwemereye abasirikare bo mu mutwe wa bakomanda ko ndetse kuri ubu bamaze kugera i Goma bazakomereza i Kinshasa.

Ibi bibaye mugihe byavuzwe kandi ko bamwe mu bategetsi b’u Burundi baheruka kwandikira perezida w’u mutwe wa M23, Bertrand Bisimwa, bamuha gasopo kutazongera kwerekana abasirikare babo bafatiwe ku rugamba.

N’inyuma y’uko umutwe wa M23 uheruka gusezeranya abari bitabiriye ibiganiro biheruka kubera i Bunagana, tariki 18/11/2023, kuzerekana abasirikare benshi b’u Burundi bafatiwe k’urugamba mu mirwano yabahuje mubice bya Masisi.

Gusa muntangiriro zakuriya kwezi kwa Cumi numwe (11), umuvugizi wa M23 mu bya Gisirikare, Major Willy Ngoma, yari yerekanye abasirikare batatu b’u Burundi bari bafatiwe muntambara zabahuje nabo mu nkengero za Kitshanga, muri teritware ya Masisi.

Bruce Bahanda.

Tags: Bitunguranye Félix Tshisekedi yatiriye abasirikare bo kumurinda naho Bertrand Bisimwa abarundi bamuhaye Gasopo

Related Posts

Washington Accords: Amahoro, Amabuye y’Agaciro n’Inyungu za Amerika — Ni Iki Cyamaze Kugerwaho? Byinshi mu Isesengura
Regional Politics

Washington Accords: Amahoro, Amabuye y’Agaciro n’Inyungu za Amerika — Ni Iki Cyamaze Kugerwaho? Byinshi mu Isesengura

August 26, 2026
Ibyo wamenya kuri Tom Byabagamba wari Colonel mu Ngabo z’u Rwanda wapfiriye muri gereza
Regional Politics

Ibyo wamenya kuri Tom Byabagamba wari Colonel mu Ngabo z’u Rwanda wapfiriye muri gereza

August 25, 2026
INKONGI Z’UMURIRO MU MASOKO YO MU BURUNDI ZIKOMEJE KWISUBIRAMO: NI IMPANUKA CYANGWA HARI IBINDI BIRI INYUMA YABYO? — UBUTUMWA MCN YAGEJEJWEHO N’UMUCURUZI I BUJUMBURA
Regional Politics

INKONGI Z’UMURIRO MU MASOKO YO MU BURUNDI ZIKOMEJE KWISUBIRAMO: NI IMPANUKA CYANGWA HARI IBINDI BIRI INYUMA YABYO? — UBUTUMWA MCN YAGEJEJWEHO N’UMUCURUZI I BUJUMBURA

August 25, 2026
Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR
Regional Politics

Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR

August 24, 2026
Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR
Regional Politics

Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR

August 24, 2026
Ebola muri RDC yarenze ku mateka: Abarenga 2.500 bamaze kuhasiga ubuzima, Papa Leo XIV yatabaje isi ngo itabare
Regional Politics

Ebola muri RDC yarenze ku mateka: Abarenga 2.500 bamaze kuhasiga ubuzima, Papa Leo XIV yatabaje isi ngo itabare

August 24, 2026
Next Post

Hongeye gutoragurwa imirambo 25 ya Red Tabara, Maï Maï na FDLR, mu nkengero za Komine Minembwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Senateri Muyumba yaburiye Leta y’i Kinshasa yafunze amashuri i Goma na Bukavu
  • Guverinoma ya RDC yahagaritse by’agateganyo amashuri makuru na kaminuza muri Goma na Bukavu — Menya impamvu
  • “Umwanzi Twamukuyeho Ibikoresho Byinshi”: Umusirikare wa MRDP-Twirwaneho Yatanze Ubuhamya Bukomeye ku Mirwano ku Ndondo
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?